Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y'Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza

Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)

Mme Idamange yahamwe n'ibyaha akatirwa gufungwa imyaka 15
Mme Idamange yahamwe n’ibyaha akatirwa gufungwa imyaka 15

Urugereko rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka mu Rwanda rwahamije Madamu Idamange Yvonne Iryamugwiza ibyaha yaregwaga rumukatira gufungwa imyaka 15.
Idamange yari umaze iminsi aburana adahari kuko yivanye mu rubanza avuga ko ashaka kuburana imbere y’umucamanza amaso ku maso atari ibyo mu buryo bw’ikoranabuhanga.
Urukiko rukuru rwamuhamije ibyaha byose yarezwe n’ubushinjacyaha
Muri Werurwe, 2021 Idamange Iryamugwiza Yvonne yasomewe ibyaha aregwa uko ari (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwahagaritse ibiganiro n'Ububiligi bya ba Minisitiri bitewe n'imikirize y'Urubanza rwa Rusesabagina
U Rwanda rwahagaritse ibiganiro n’Ububiligi bya ba Minisitiri bitewe n’imikirize y’Urubanza rwa Rusesabagina

Mutugirehe Samuel Kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Nzeri ni bwo is yose yarimo ikurkirana imikirize y’urubanza rwa Paul Rusesabagina n’abo bareganwa, bose hamwe bagera kuri 21.
Isomwa ry’urubanza ryarangiye Rusesabagina ahamwe n’ibyaha aregwa, ibyaha bifitanye isano n’ibikorwa by’iterabwoba wa MRCD/FLN akatirwa n’igihano cy’imyaka 25 mu gihe Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara wari umuvugizi wawo yakatiwe imyaka 20.
Minisitiri w’Intebe wungirije w’Ububiligi, Sophie Wilmes, akibyumva (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibihugu 26 byo mu Burayi byashyizeho ikoranabuhanga ryemerera uwakingiwe COVID -19 gukora ingendo ku mugabane
Ibihugu 26 byo mu Burayi byashyizeho ikoranabuhanga ryemerera uwakingiwe COVID -19 gukora ingendo ku mugabane

Mutungirehe Samuel
Ishyirahamwe ry’Ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi (EU) ryaraye rishyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga bwa telefone ngendanwa bwemerera umuturage wo mu bihugu bigize uwo muryango ko yakingiwe inkingo zose za COVID-19.
Iryo koranabuhanga rizafasha abakingiwe kwemererwa kuva mu gihugu kimwe ajya mu kindi kuri uwo mugabane nk’uko byari bisanzwe mbere ya Covid.
Rije kandi ryiyongera ku kindi cyemezo cy’urupapuro rw’inzira umuryango EU wamaze gushyira hanze ruzatuma nta (…)

424 Shares 4 Comments
Kim Jong-un yirukanye abayobozi bakuru ku mpamvu za COVID-19
Kim Jong-un yirukanye abayobozi bakuru ku mpamvu za COVID-19

MUTUNGIREHE SAMUEL
Umutegetsi w’Ikirenga wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, yirukanye abayobozi bakuru mu butegetsi bwe ku mpamvu atatangaje neza ariko zifite aho zihuriye n’icyorezo cya Coronavirusi.
Ubundi Koreya ya Ruguru yashishurije isi ko nta muturage wayo numwe wigeze yandura Coronavirusi ku butaka bwayo cyane ko gisa n’ikibera mu kirwa kuko imipaka ihora ifunze nta winjira cyangwa ngo asohoke byoroshye.
Ubu burakari bwafashwe na benshi ko ibintu byaba bitoroshye ku ndwara ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusesabagina yasabiwe gufungwa burundu
Rusesabagina yasabiwe gufungwa burundu

Ubushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina igifungo cya burundu ku byaha akurikiranyweho bifitanye isano n’iterabwoba byakozwe binyuze mu mutwe wa FLN yari mu bayobozi bawo ukagaba ibitero mu Rwanda.
Ubushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina igifungo cya burundu ku byaha akurikiranyweho bifitanye isano n’iterabwoba byakozwe binyuze mu mutwe wa FLN yari mu bayobozi bawo ukagaba ibitero mu Rwanda.
Ubushinjacyaha bwavuze ko busanga ibyaha Rusesabagina akurikiranyweho bigize impurirane (…)

424 Shares 4 Comments
Dr. Nsanzabaganwa yatanzwe n'u rwanda nk'umukandida ku mwanya w'Umuyobozi wungirije wa Komisiyo ya AU
Dr. Nsanzabaganwa yatanzwe n’u rwanda nk’umukandida ku mwanya w’Umuyobozi wungirije wa Komisiyo ya AU

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko Dr Monique Nsanzabaganwa usanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR), yatanzwe nk’umukandida w’u Rwanda ku mwanya w’Umuyobozi wungirije wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe.
Dr. Nsanzabaganwa yari mu muhango wo kwakira abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda
Minisitiri yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 3 Ukuboza 2020, ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Leta ya Tanzania yajyanwe mu rukiko kubera kubuza kwiga abanyeshuri batwite
Leta ya Tanzania yajyanwe mu rukiko kubera kubuza kwiga abanyeshuri batwite

Umuryango Equality Now uharanira uburenganzira bw’abagore, wareze Leta Zunze bumwe bwa Tanzania mu rukiko rw’Afurika rw’uburenganzira bwa muntu kubera kubuza abakobwa batwite kwiga.
Mu itangazo uyu muryango wasohoye, wavuze ko kwiyambaza urukiko ari bwo buryo bwa nyuma wari usigaranye, nyuma y’imyaka wari umaze ugerageza gutuma leta ya Tanzania yisubiraho kuri icyo cyemezo.
Leta ya Tanzania kugeza ubu iyobowe na Dr. Pombe Magufuli ntabwo irasubiza ku mugaragaro kuri uko kujyanwa mu (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yasabye abasirikare kubaka ubushobozi bwo kurinda ubusugire bw'igihugu
Perezida Kagame yasabye abasirikare kubaka ubushobozi bwo kurinda ubusugire bw’igihugu

Inkuru ducyesha Igihe .com
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye abitegura kuba abofisiye batorezwa mu Ishuri rya Gisirikare riherereye i Gako mu Karere ka Bugesera, kwitegurira urugendo bagiye gutangira rwo kurinda inyungu rusange n’ubusugire by’igihugu.
Umukuru w’Igihugu waserutse yambaye impuzankano ya Gisirikare yasuye aba banyeshuri basaga 1000 bamaze igihe bahabwa amahugurwa n’inyigisho zitandukanye i Gako kuri uyu wa Kane, tariki ya 29 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwiyemeje gutanga umusanzu warwo mu kuzahura umubano n'u Burundi
U Rwanda rwiyemeje gutanga umusanzu warwo mu kuzahura umubano n’u Burundi

MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Biruta Vicent, yijeje mugenzi we w’u Burundi, Albert Shingiro, ushinzwe ushinzwe ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu iterambere w’u Burundi, ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu warwo mu gutuma umubano w’ibihugu byombi ugaruka ku murongo.
Yabitangaje mu mu biganiro byahuje abahagarariye ibihugu byombi, byabereye ku mupaka wa Nemba mu karere ka Bugesera, tariki ya 20 Ukwakira 2020, nyuma yo kubanza guhana ikaze ku (…)

424 Shares 4 Comments
Covid-19: Trump yasubiye ku kazi, arashaka ko Abanyamerika bose bahabwa imiti nk'iyo yahawe
Covid-19: Trump yasubiye ku kazi, arashaka ko Abanyamerika bose bahabwa imiti nk’iyo yahawe

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasubiye ku kazi ndetse akoresha inama zitandukanye mu biro bye, nyuma y’icyumweru bamusanzemo coronavirus.
Hashize amasaha arenga 24 Bwana Trump atagaragaza ibimenyetso bya Covid-19, ndetse amaze iminsi irenga ine adahinda umuriro, nkuko byavuzwe na muganga we bwite Dr Sean Conley.
Raporo ku buzima bwa Trump yatangajwe na Dr Conley igira iti: "Ibizamini by’ubuzima, birimo n’ingano ya oxygen n’igipimo cy’uburyo ahumeka, byose byagumye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru