Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Nyuma y’umwaka zije gutanga ubufasha mu guhangana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Burasirazuba bwa DRCongo, ingabo z’umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurima y’Amajyepfo, SADC, wongerewe Manda y’umwaka mu kazi.
Abakuru b’ibihugu na za Leta bo b’umuryango SADC bumvikanye kwongereza igihe cy’umwaka ubutumwa bwa gisirikare mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Byemerejwe mu Nama y’abakuru b’ibihugu idasanzwe yabereye i Harare muri Zimbabwe ejo ku wa gatatu, tariki ya (…)
Tariki ya 16 Ugushyingo hari hateganyijwe kongera guhurira mu biganiro hagati y’u Rwanda na DRCONGO, ku rwego rwa ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi.
Ni ibiganiro byari byitezweho kwakira no gusuzuma Raporo yateguwe n’inzobere mu iperereza ubwo zahuraga tariki ya 30 Ukwakira, na zo zikayemeranyaho, zikayishyiraho umukono.
Mu kiganiro yahaye Mamaurwagasabo ku munsi abo baminisitiri bari guhuriraho, Amb Nduhungirehe Olivie Jean Patrick, yavuze ko Inama yimuwe. (…)
Ubwo yari abajijwe impamvu u Rwanda ruhora rugira inama Perezida wa DRCongo yo kujya k meza y’ibiganiro nk’abafitanye ibibazo, akabazwa impamvu u Rwanda rwo rutaganira na FDLR, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yatangaje ko u Rwanda rudateze kugirana ibiganiro na FDLR kuko igizwe n’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abarenga miliyoni imwe.
Hari mu kiganiro igitangazamakuru BBC cyabajijemo Amb Nduhungirehe ibibazo bitandukanye birimo (…)
Mu kigo cy’Igihugu cy’Amahoro cya (Rwanda Peace Academy )giherereye mu karere ka Musanze hatangiriye amahugurwa y’abasirikare, abapolisi n’abasivile, bagiye kwiga ku itegeko mpuzamahanga rijyanye n’uburenganzira bwa muntu.
Ni amahugurwa agiye gutangirwa mu kigo giherereye i Nyakinama mu karere ka Musanze, yitabiriwe n’Abasirikare 10, Abapolisi 10 n’abasivile 10, bose hamwe bakaba 30.
Abitabiriye aya mahugurwa baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bavuga ko biteguye kunguka byinshi byiyongera (…)
Mu mirwano imaze iminsi yaruburuye muri Teritwari ya Lubero, kuri iki Cyumweru abarwanyi ba M23 bafashe agace ka Kamandi-Gite kari mu Burengerazuba bw’ikiyaga cya Edouard kuri muri Sheferiy a Butangi.
Abumvise iturukacry’amasasu n’ibibumba biremereye, bavuze ko kare kare kuri iki Cyumweru aribwo abarwanyi ba M23 batangiye imirwano bagamije gufata vuba byihuse kiriya gice.
Bagabye ibyo bitero baturutse ahitwa Kirumba mu bilometero 20 ngo ugere i Kamandi-Gite.
Abo barwanyi bari bitwaje (…)
Imirwano yo kuri uyu wa Mbere yasize M23 ifashe ikibuga cy’indege cya Pinga muri teritwari ya Walikare mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, nyuma ya saa sita.
Nyuma yo gufata iki kibuga, byitezwe ko M23 ikomerezaho ahitwa Mobi, ndetse no ku kibuga cy’indege gito kiri ahitwa Kilundu, ndetse no kugera muri Walikare Zone.
Muri iyi mirwano kandi hagaragaye nko kugumuka ku ruhande rw’ingabo ziri kuri FARDC, aho zimwe zanze kurwano ngo zirengere iki kibuga cy’indege cya Pinga ngo kidafatwa ndetse Major (…)
Nyuma yo kumva Perezida wabo yongeye kuvuga ibyo guhindura itegeko nshinga rya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRCONGO), Inama Nkuru y’Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika muri icyo gihugu yamaganye umugambi wa Perezida Félix Tshisekedi wo kuvugurura iryo Itegeko Nshinga.
Ubwo yari mu mujyi wa Kisangani tariki ya 23 Ukwakira 2024, afungura ikibuga cy’indege i Chopo, Perezida Tshisekedi yatangaje ko Itegeko Nshinga ry’igihugu cyabo ryanditswe n’abanyamahanga, bityo ko rikwiye (…)
Kugeza tariki ya 31 Ukuboza nta minisitiri wa minisiteri n’imwe muri Guverinoma ya GUINEE wemerewe kurenga imbibi z’igihugu cye agiye mu butumwa bw’akazi.
Perezida Mamadi Doumbouya ayoboye inzibacyuho ya Guinée, yatanze iryo bwiriza tariki ya 10 Ukwakira 2024 kugeza tariki ya 31 Ukuboza.
Yasizemo igika kivuga ko uwemerewe kurenga imbibi z’igihugu ari Minisitiri yabihereyabihereye uruhushya gusa.
Impamvu yafashe uwo mwanzuro, nkuko ikinyamakuru JeauneAfrique cyabyanditse kibihawe (…)
Intumwa yihariye y’umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (ONU) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bintou Keita yavuze ko umutwe wa M23 ukura akayabo k’amadokari y’amerika angana na 300.000 ukura mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu birombe bya Rubaya, kiri mwe mu bice yigaruriye.
Yabitangaje kuri uyu wa mbere, i New York muri Leta Zunze Ubumwe za America ahari kubera Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ku nshuro ya 79.
Bintou Keita yavuze ko gushinga imizi kw’ubutegetsi bwa M23 (…)
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Nzeri 2024 i Arusha muri Tanzania hatangira kumvywa urubanza Igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kiregamo u Rwanda, kirushinja kuvigera ubusugire bwacyo.
Urubanza ruburanishirizwa imbere y’Urukiko rw’Ubutabera rw’Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EACJ) aho Leta ya Kinshasa ishinja iya Kigali gutera uburasirazuba bwa Congo ndetse n’ibyaha by’intambara binyuze mu ntambara iki gihugu gihanganyemo n’umutwe wa M23, usaba (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023Minisitiri w’Intebe agiye kwegura
15 September 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























