Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Nyuma yo gutora abasenateri b’agateganyo 12 bahagarariye inzego z’imitegekere y’igihugu bazinjira mu nteko ishinga amategeko umutwe wa Sena, Hon Mukabalisa Donathille nawe yatorewe kwinjira muri Sena.
Donatille Mukabalisa usije Manda ebyiri ari Perezida w’Umutwe w’Abadepite yatorewe kwinjira muri Sena y’u Rwanda ahagarariye Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda.
Si ubwa mbere Hon Mukabalisa agiye muri Sena kuko na mbere yo kwinjira mu mutwe w’abadepite yari avuye muri Sena. (…)
Umujinya ni wose ku mutwe wa Hezbollah wo muri Liban nyuma yuko uhuye n’uruva gusenga ibyombo byabo bigaturikira rimwe, ikintu bageretse kuri Israel ko ibiri inyuma.
Ni nyuma y’ibitero byo kuwa 2 birimo ubuhanga bwo gutega no guturitsa ibyombo bizwi nka walkie-talkie z’itumanaho byibasiye Hezbollah n’abantu bayo muri Liban bimaze kwica abantu barenga 30 abarenga 3,000 nabo bamaze gukomereka.
Ntabwo uburyo ibyo byombo byaturitse biramenyekana, bivugwa ko bishobora kuba byari byaratezwemo (…)
Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye yatangaje ko yasheshe Inteko Inshinga Amategeko kubera ko abari bayigize batavugaga rumwe n’ubutegetsi.
Ni icyemezo yatangarije kuri television y’igihugu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Nzeri 2024.
Perezida Faye yahise atangaza ko amatora yo gusimbuza abagize inteko ivuyeho azaba ku wa 17 Ugushyingo uyu mwaka.
Mu ijambo rye yavugiye kuri Televiziyo y’Igihugu, Perezida wa Sénégal yavuze ko yifuza kugira inteko imufasha gusohoza (…)
Umuyobozi wa Gereza ya Makala muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRCONGO), Joseph Yusufu Maliki ari gushakishwa uruhindu nyuma yo kwirukanwa agahita aburirwa irengero.
Iyo Gereza nkuru niyo iherutse kuberamo gutoroka kw’imfungwa hakaraswa benshi bagapfamo abagera kuri 129 abandi bagakomereka bari gushaka gutoroka.
Amakuru agera ku kinyamakuru Jeune Afrique, dushesha iyi nkuru, avuga ko Umuyobozi wa Gereza ya Makala yirukanywe nyuma y’iminsi itatu uko gutoroka kubayeho.
Uyu (…)
Biteganyijwe ko mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa nzeri, intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’iz’u Rwanda, zizongera guhurira mu biganiro i Luanda muri Angola.
Radio Okapi ivuga ko ibi biganiro biteganyijwe ku matari ya 9 na 10 Nzeri 2024, bigamije kwemeranya amahoro mu burasirazuba bwa Congo no gukuraho umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi.
Ibiganiro nk’ibi byaherukaga kuba mu minsi ya vuba, tariki ya 21 Kanama 2024 bikamara iminsi 2 gusa ntihatangazwa (…)
Uwari Minisitiri w’Urubyiruko muri Guverinoma icyuye igihe, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatungiye agatoki inzego zigenza ibyaha mu Rwanda ko zagenzura niba mu biganiro by’umwe mu bakorera kuri YouTube uzwi nka Yago hatarimo ibyaha by’amacakubiri no gucamo abanyarwanda ibice.
Dr Utumatwishima yatabarije ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter, abitewe n’uruhererekane rw’ibiganiro uyu musore n’abandi bamaze iminsi bateranamo amagambo, bakoresha imvugo yasanze zikomeye atangira gukemanga (…)
Umuvugozi w’Gisirikare cya Congo FARDC, Général-major Sylvain Ekenge, yatangaje ko igisirikare cyabo cyiyemeje gukubita umwanzi bahanganye, (M23) kikamurenza umupaka, gusa yerura ko igisirikare cyonyine kitabyishoboza badafatanyije n’abaturage.
Yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru i Kisangani kuri uyu wa gatanu aho yari kumwe na Minisitiri w’Itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya, ahabereye umuhango wo kwibuka ubwicanyi bwiswe GENOCOST.
Yagize ati: "Tugomba (…)
Kuri uyu wa gatatu mu Rukiko Rukuru rwa gisirikare rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hatangiye kuburanisha abayobozi 25 b’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, irimo na M23, riyobowe na Corneille Nangaa.
Uyu Nangaa yahoze ayoboye komisiyo y’amatora muri iki gihugu ndetse na bamwe mu bagize umutwe wa M23.
Uru rubanza rwatangiye kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Nyakanga 2024, ruri kuburanishirizwa muri gereza ya gisirikare ya Ndolo iherereye i Kinshasa, urukiko rukuru rwa gisirikare. (…)
Mu gukomeza kwagura imbibi z’ibice igenda yigarurira, umutwe wa M23 wageze ahitwa Lubéro usanganirwa n’undi w’abo mu bwoko bwa Lombi bawiyungaho.
Mu Majyaruguru y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abagize ubwoko bwa Lombi boherereje inyandiko Guverineri w’Intara ya Tshopo aho bavuga ko umutwe w’inyeshyamba waho wifatanije n’umutwe wa M23.
Abashyize umukono kuri iyi nyandiko barasaba Ingabo za Congo kugira ngo zirinde teritwari yabo, ihana imbibi na Lubero muri Kivu (…)
Nyuma y’iminsi mike arusimbutse, Donald Trump wabaye Perezida wa America, tangiye kuganirira abantu uko yabonye urupfu rumuca iruhande, ashimangira ko yari kumwe n’Imana biba.
Donald Trump uwagerageje kumurasa akamuhusha ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza, ariko nawe ahasiga ubuzima.
Byahise binatangazwa ko uwagerageje kumurasa ari umusore w’imyaka 20 witwa Thomas Matthew Crooks.
Ku nshuro ya mbere Donald Trump ushaka gusubira muri White House, yagize icyo avuga ku kuba yari (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023Minisitiri w’Intebe agiye kwegura
15 September 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























