Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Amakamyo ya Congo yakumiriwe kwinjira Uganda haterana inama y'igitaraganya
Amakamyo ya Congo yakumiriwe kwinjira Uganda haterana inama y’igitaraganya

I Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hateraniye inama y’igitaraganya yari ihuje ba inzobere zo by’ubucuruzi muri Minisiteri y’Ubucuruzi bwo hanze muri RDC n’abo muri Ambasade ya Uganda ikorera i Kinshasa, biga uko iki gihugu cyafungurira amakamyo atagira uko angana ya Congo yangiwe kwinjira.
Ni inama yateranye kuri uyu wa Kbiri tariki ya 16 Nyakanga 2024, nyuma yuko Leta ya Museveni yanze ko ikamyo za RDCongo zikoreye amafi zinjira muri Uganda mu minsi ishize.
Ni (…)

424 Shares 4 Comments
FPR yanikiye indi mutwe mitwe ya Politiki bahatanye
FPR yanikiye indi mutwe mitwe ya Politiki bahatanye

Umuryango FPR Inkotanyi wagize amajwi 62.7%, ikigero kiri hejuru cyane y’umutwe wa Politiki wakurikiyeho wa PL wagize 9% andi mashyaka aza inyuma.
FPR mu rugendo rwo gushaka imyanya mu nteko Ishinga amategeko yari kimwe n’indi mitwe ya Politiki itanu bifatanyije ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR.
Ku mugoroba w’ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Nyakanga 2024, komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko iby’ibanze byavuye mu ibarura ry’amajwi y’Abadepite 53 batutuka mu mitwe ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuyobozi wa Polisi ya Kenya yeguye
Umuyobozi wa Polisi ya Kenya yeguye

Ingaruka z’imyigaragambyo irembeje Perezida wa Kenya, William Ruto ntizageze ku kwirukana abagize Guverinoma gusa ahubwo n’Umuyobozi wa Polisi Japhet Koome yanditse asezera.
Ubwegure bwa Koome yabugejeje kuri Perezida Dr. William Samoei Ruto kuri uyu wa Gatanu.
Ibiro bya Perezidanse ya Kenya byatangaje ko inshingano za Koome zasigaye mu biganza by’uwari umwungirije, Deputy police chief Douglas Kanja.
Uyu Bwana Koome yaguye nyuma yaho igipolisi cya Kenya gushyizwe mu majwi ko kirimo (…)

424 Shares 4 Comments
Koffi Olomide yifatiye ku gahanga FARDC bikoraho umunyamakuru
Koffi Olomide yifatiye ku gahanga FARDC bikoraho umunyamakuru

Umuhanzi witwa Antoine Christophe Agbepa Mumba, uzwi nka Koffi Olomide, kizigenza muri Reoubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuze ko igihugu cye kitari mu ntambara ahubwo kirimo gukubitwa nk’umwana.
Ni amagambo y’akasamutwe yongeye kuvuga ku gihugu cye, noneho akaba yibasiye ingabo zitorohewe n’urugamba zihanganyemo na M23 wayibereye nka ka kiziritse ku muhoro gashirwa kawuciye.
Koffi yivugiye ko "nta ntambara iri muri RDC. Twarakubiswe, baduteye agashyi."
Hari mu kiganiro cyitwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nk'abayoboke ba PDI dukwiye gusigasira ibyagezweho- Sheikh Mussa Fazil Harerimana
Nk’abayoboke ba PDI dukwiye gusigasira ibyagezweho- Sheikh Mussa Fazil Harerimana

Umuyobozi w’ishyaka ntangarugero muri Demokarasi (PDI), Sheikh Mussa Fazil HARERIMANA yabwiye abaturage bo mu karere ka Musanze ko iri shyaka rizakomeza gusigasira ibyagezweho n’umuryango wa RPF Inkotanyi.
Kuri uyu wa gatatu taliki 10 Nyakanga 2024 abayoboke b’Ishyaka Ntangarugero ( PDI) bakomereje ibikorwa byo kwamamaza Umukandida-Perezida wa RPF-Inkotanyi Paul Kagame n’abakandida Depite mu karere ka Musanze aho bongeye gushimangira ko bazakomeza gushimangira ibyagezweho.
Ishyaka rya (…)

424 Shares 4 Comments
Rulindo na Gakenke basabwe kugirira icyezere Green Party nka 'Kimaranzara'
Rulindo na Gakenke basabwe kugirira icyezere Green Party nka ’Kimaranzara’

Ku munsi wa 14 umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party ) yasabye abaturage bo mu turere twa Rulindo na Gakenke kugirira iri shyaka icyizere bakazaritora ngo kubera ko ari ’kimaranzara’, bakora ibyo bemereye abaturage.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Nyakanga 2024 nibwo umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza wiyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’abakandida Depite bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DRCONGO: Hari abatangiye gusaba leta ya Kinshasa ko yagirana na M23
DRCONGO: Hari abatangiye gusaba leta ya Kinshasa ko yagirana na M23

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hari abaturage bo muri teritwari ya batangiye gusaba ko leta ya Kinshasa yagirana ibiganiro n’umutwe wa M23.
Umwe mu baturage baganiriye na radio okapi wo muri teritwari ya Lubero (Nord-Kivu), Abner Kiveho, ejo ku munsi wa mbere, 1 Nyakanga, yasabye ko guverinema ye ya Congo yakwemera ikagirana ibiganiro n’umutwe w’inyeshyamba wa M23 kuri ubu umaze kwigarurira uduce twinshi two mu ntara ya kivu ya Ruguru.
Uyu muturage avuga ko iyi nzira (…)

424 Shares 4 Comments
Intavogerwa z'Umurenge wa Rubavu zirufuza ko Paul Kagame akomeza kuyobora
Intavogerwa z’Umurenge wa Rubavu zirufuza ko Paul Kagame akomeza kuyobora

Mu gihe abanyarwanda bakomeje kwitegura amatora ateganyijwe tariki ya 15 Nyakanga 2024, Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi bo mu murenge wa Rubavu, mu karere ka Rubavu bifuza ko umukandida wabo Paul Kagame yakomeza kuyobora u Rwanda kuko ari we bakesha byose.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo Intavogerwa z’Umurenge wa Rubavu mu byiciro bitandukanye bari mu bikorwa byo Kwamamaza umukandida ku mwanya w’umukuru w’Igihugu n’abakandida Depite batanzwe n’umuryango wa RPF (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kandida Perezida Dr. Habineza arashaka guca akarengane mu butabera bwo mu Rwanda
Kandida Perezida Dr. Habineza arashaka guca akarengane mu butabera bwo mu Rwanda

Umuyobozi w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda, Dr. Frank Habineza asanga igihe kigeze ngo Leta yirengere indishyi ku muntu wafunzwe igifungo cyitwa iminsi 30 ikazavamo igihe gishobora kugera no ku mwaka cyangwa ukarenga nyamara urukiko rukazagaragaza ko yarenganaga mu gihe icyo gifungo kitaravaho burundu.
Dr Frank Habineza n’Ishyaka ayoboye bamaze imisni babwira Leta ukekwaho icyaha akwiye gukurikiranwa ari hanze, keretse igihe (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida ni muntu ki?-Gasinzigwa
Perezida ni muntu ki?-Gasinzigwa

Perezida wa Komisiyo y’igihugu y’amatora, Mme Oda Gasinzigwa yatangaje ko abashaka kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika bagomba kumenya ko ari umwanya ukomeye ku buryo abashakaga kuwuhatanira bagombaga kuba babizi mbere yo gutanga kandidatire.
Yabitangaje mu kiganiro kibanziriza ibikorwa byo kwiyamamaza cyahuje abayobozi bo muri NEC n’abanyamakuru kuri uyu wa 20 Kamena 2024 ku cyicaro cya NEC giherereye mu Kiyovu.
Mme Gasinzigwa yatangaje ko nta muntu ukwiye gutekereza ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru