Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Nyuma y’uruzinduko rw’abagize inteko ishinga amategeko ya America muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DRCONGO, iki gihugu cyahise gusaba impande zihanganye gutanga agahenge k’iminsi 15.
Hagiye gushira umwaka igisirikare cya Congo, FARDC gihanganye mu rugamba n’Umutwe w’inyeshyamba za M23 winjiye mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC riyobowe na Corneille Nagaa, wahoze ayoboye Akanama kigenga k’amatora muri Congo, CENI.
M23 irasaba Perezida Tshisekedi ko yakubahiriza ibikubiye mu (…)
I Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hateraniye inama y’igitaraganya yari ihuje ba inzobere zo by’ubucuruzi muri Minisiteri y’Ubucuruzi bwo hanze muri RDC n’abo muri Ambasade ya Uganda ikorera i Kinshasa, biga uko iki gihugu cyafungurira amakamyo atagira uko angana ya Congo yangiwe kwinjira.
Ni inama yateranye kuri uyu wa Kbiri tariki ya 16 Nyakanga 2024, nyuma yuko Leta ya Museveni yanze ko ikamyo za RDCongo zikoreye amafi zinjira muri Uganda mu minsi ishize.
Ni (…)
Umuryango FPR Inkotanyi wagize amajwi 62.7%, ikigero kiri hejuru cyane y’umutwe wa Politiki wakurikiyeho wa PL wagize 9% andi mashyaka aza inyuma.
FPR mu rugendo rwo gushaka imyanya mu nteko Ishinga amategeko yari kimwe n’indi mitwe ya Politiki itanu bifatanyije ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR.
Ku mugoroba w’ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Nyakanga 2024, komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko iby’ibanze byavuye mu ibarura ry’amajwi y’Abadepite 53 batutuka mu mitwe ya (…)
Ingaruka z’imyigaragambyo irembeje Perezida wa Kenya, William Ruto ntizageze ku kwirukana abagize Guverinoma gusa ahubwo n’Umuyobozi wa Polisi Japhet Koome yanditse asezera.
Ubwegure bwa Koome yabugejeje kuri Perezida Dr. William Samoei Ruto kuri uyu wa Gatanu.
Ibiro bya Perezidanse ya Kenya byatangaje ko inshingano za Koome zasigaye mu biganza by’uwari umwungirije, Deputy police chief Douglas Kanja.
Uyu Bwana Koome yaguye nyuma yaho igipolisi cya Kenya gushyizwe mu majwi ko kirimo (…)
Umuhanzi witwa Antoine Christophe Agbepa Mumba, uzwi nka Koffi Olomide, kizigenza muri Reoubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuze ko igihugu cye kitari mu ntambara ahubwo kirimo gukubitwa nk’umwana.
Ni amagambo y’akasamutwe yongeye kuvuga ku gihugu cye, noneho akaba yibasiye ingabo zitorohewe n’urugamba zihanganyemo na M23 wayibereye nka ka kiziritse ku muhoro gashirwa kawuciye.
Koffi yivugiye ko "nta ntambara iri muri RDC. Twarakubiswe, baduteye agashyi."
Hari mu kiganiro cyitwa (…)
Umuyobozi w’ishyaka ntangarugero muri Demokarasi (PDI), Sheikh Mussa Fazil HARERIMANA yabwiye abaturage bo mu karere ka Musanze ko iri shyaka rizakomeza gusigasira ibyagezweho n’umuryango wa RPF Inkotanyi.
Kuri uyu wa gatatu taliki 10 Nyakanga 2024 abayoboke b’Ishyaka Ntangarugero ( PDI) bakomereje ibikorwa byo kwamamaza Umukandida-Perezida wa RPF-Inkotanyi Paul Kagame n’abakandida Depite mu karere ka Musanze aho bongeye gushimangira ko bazakomeza gushimangira ibyagezweho.
Ishyaka rya (…)
Ku munsi wa 14 umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party ) yasabye abaturage bo mu turere twa Rulindo na Gakenke kugirira iri shyaka icyizere bakazaritora ngo kubera ko ari ’kimaranzara’, bakora ibyo bemereye abaturage.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Nyakanga 2024 nibwo umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza wiyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’abakandida Depite bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza (…)
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hari abaturage bo muri teritwari ya batangiye gusaba ko leta ya Kinshasa yagirana ibiganiro n’umutwe wa M23.
Umwe mu baturage baganiriye na radio okapi wo muri teritwari ya Lubero (Nord-Kivu), Abner Kiveho, ejo ku munsi wa mbere, 1 Nyakanga, yasabye ko guverinema ye ya Congo yakwemera ikagirana ibiganiro n’umutwe w’inyeshyamba wa M23 kuri ubu umaze kwigarurira uduce twinshi two mu ntara ya kivu ya Ruguru.
Uyu muturage avuga ko iyi nzira (…)
Mu gihe abanyarwanda bakomeje kwitegura amatora ateganyijwe tariki ya 15 Nyakanga 2024, Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi bo mu murenge wa Rubavu, mu karere ka Rubavu bifuza ko umukandida wabo Paul Kagame yakomeza kuyobora u Rwanda kuko ari we bakesha byose.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo Intavogerwa z’Umurenge wa Rubavu mu byiciro bitandukanye bari mu bikorwa byo Kwamamaza umukandida ku mwanya w’umukuru w’Igihugu n’abakandida Depite batanzwe n’umuryango wa RPF (…)
Umuyobozi w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda, Dr. Frank Habineza asanga igihe kigeze ngo Leta yirengere indishyi ku muntu wafunzwe igifungo cyitwa iminsi 30 ikazavamo igihe gishobora kugera no ku mwaka cyangwa ukarenga nyamara urukiko rukazagaragaza ko yarenganaga mu gihe icyo gifungo kitaravaho burundu.
Dr Frank Habineza n’Ishyaka ayoboye bamaze imisni babwira Leta ukekwaho icyaha akwiye gukurikiranwa ari hanze, keretse igihe (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023Minisitiri w’Intebe agiye kwegura
15 September 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























