Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
U Rwanda rwamaganye ibirego by’u Burundi birushinja kugira uruhare mu gitero cya gerenade cyagabwe mu Murwa Mukuru wa Bujumubura ku wa ya 10 Gicurasi 2024, rugaragaza ko ari amatiku.
Iki gitero kikimara kuba, Umuvugizi wa Polisi y’u Burundi na Minisiteri y’Umutekano w’Imbere, Pierre Nkurikiye, yatangaje ko abantu 38 ari bo bakomeretse, ndetse iki gihugu gishinja u Rwanda kukigiramo uruhare.
Mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yashyize hanze kuri iki Cyumweru tariki 12 Gicurasi mu 2024, (…)
Igisirikare cya Israel cyatangije intambara mu gace kitwa Rafah, ahantu ivuga ko hahindutse indiri y’abarwanyi ba Hamas bahanganye.
Ni nyuma y’uko ibiteguje igihe kirekire ko izaharasa mu gihe hakomeje guhungira abarwanyi ba Hamas.
Ibinyamakuru byo muri Israel bivuga ko burinze bucya ibisasu bya Israel biri kugwa muri Rafah.
Aka gace ka Gaza muri iki gihe kabarurwamo abantu bagera kuri Miliyoni ebyiri.
Barimo abagore, abana n’abandi bahahungiye intambara Israel yatangije kuri Hamas (…)
Gerenade yatewe iturikira mu mujyi wa Bujumbura ahitwa mu Kamenge muri Komine Ntahangwa mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi hakomereka barindwi.
Ni igtero ubutegetsi bw’u Burundi bukiri gushakira amakuru ngo hamenyekane ukiri inyuma.
Izi grenade zatewe kuri iki cyumweru mu tubari ubwo abantu bafataga ibyo kunywa abandi bihereza amafunguro.
Abateye izi grenade bigaragara ko bari babiteguranye kuko ku tubari tubiri zateweho byabereye amasaha amwe.
Amakuru avuga ko grenade imwe yaturitse (…)
Hari hashize iminsi Umutwe wa M23 ugaba ibitero ndetse nawo ukagabwaho ibitero ariko hakumvikana gusa ingabo za leta FARDC n’abambari bazo ariko batarimo ingabo za SADC zoherejwe n’uyu muryango mu bufatanye bwa SAMIDRC.
Bamwe bashimangiraga ko byaturukaga ku biganiro bikomeye Perezida Cyril Ramaphosa yagiranye na Perezida Kagame ubwo aheruka mu Rwanda aherekejwe na Thabo Mbeki baje mu butumire bw’u Rwanda ku gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. (…)
Umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru ku Isi, Reporters Sans Frontières (RSF), washyize u Rwanda ku mwanya wa nyuma mu bihugu byo mu karere k’Ibiyaga bigari mu kugira ubwisanzure bw’itangazamakuru.
Ni ibikubiye muri Raporo y’uyu muryango wo mu Bufaransa yashyize ahagaragara tariki ya gatatu Gicurasi (5) 2024, nk’umunsi ngarukamwaka w’ubwisanzure bw’itangazamakuru washyizweho n’Umuryango w’Abibumbye.
RSF ishyirwa u Rwanda ku mwanya wa 144 n’amanota 40/100 mu bihugu 180 (…)
Imirwano ikomeye yashyamiranyije inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta kuwa kabiri yasize FARDC yambuwe agace ka Rubaya kazwi ko gakungahaye kuri Coltan nyinshi mu yigemurwa ku Isi.
Umvugizi wa gisirikare cy’umutwe wa M23 yabwiye BBC ko bafashe umujyi wa Rubaya muri teritwari ya Masisi.
Kugeza ubu Ingabo za leta ya DRCongo ntacyo ziravuga ku bitangazwa na M23.
Iyo mirwano ikaze yabaye ejo kuwa kabiri umunsi wose yasize hari abaturage ba Rubaya bavuye mu byabo nk’uko umwe mu bagize (…)
Kimwe mu bikorwa bya gusirikare cyakubise igihwereye mu butegetsi bw’u Burundi kigahabwa urw’amenyo n’abatari bake mu Isi ni ugupanga guhirika ubutegetsi bigakorwa na Jenerali ariko akisanga asa n’uwarotaga.
Mu 2015 nibwo abantu bagiye kumva numva kuri radio yigenga ya RPA mu Burundi hatangarijwe ko Perezida Pierre Nkurunziza ahiritswe ku butegetsi, bamwe babiha urw’amenyo kuko inzira byari bitangarijwemo nayo ubwayo yasobanuraga ko ari nk’abana bikinira.
Kuva ubwo Perezida Nkurunziza (…)
Nubwo hamaze guterwa intambwe ya nyuma yari ilomereye Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Rishi Sunak, yo kohereza abasaba ubuhunzi n’abimukira binjira mu Bwongereza mu buryo butemewe n’amategeko, ntibyabujije Ishami ry’umuryango w’Abibimbye kuvuga ko ibyo iki gihugu cyemeje binyuranyije n’inshingano gifite muri UN.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 23/04/2024 nibwo Guverinoma Umukuru wa y’Ubwongereza, Rishi Sunak yabyutse yishimira ko ageze ku ntego yo gushyira mu bikorwa (…)
Imitwe yitwaje intwaro itanu iri mu Burasirazuba bwa Congo, ariyo CODECO, FRPI, FPIC, AUTODÉFENSE na MAPI, yemeye kuzishyira hasi, inemera kubahiriza amabwiriza Leta ya Congo isaba.
Mu burasirazuba bwa Congo habarurwa imitwe isaga 200 yitwaje intwaro ihungabanya umutekano w’abaturage irimo n’iy’abaturutse mu bihugu byo mu karere bihana imbibi na Congo, ubariyeho na ADFA ishamikiye ku Mutwe w’Iterabwoba wa Islamic State ikora ibikorwa by’iterabwoba muri Uganda.
Amasezerano iyi mitwe (…)
Hashize iminsi ibitangazamakuru bitandukanye, no ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru y’imihoro bivugwa ko hari yuzuye mu makontineri yinjizwa mu burundi, itumijwe n’ubutegetsi bwa Perezida Ndayishimiye Evariste, bikavugwa kando ko igiye guhabwa Imbonerakure, hakikangwa umugambo umeze nka Jenoside.
Mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Kane ni bwo ikinyamakuru Le Mandat cy’i Burundi cyanditse ko Leta y’iki gihugu imaze igihe yaratumije kontineri enye z’imihoro mu Bushinwa, ndetse ko ikimara (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023Minisitiri w’Intebe agiye kwegura
15 September 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























