Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

NYAGATARE: Yafungishijwe n'umusirikare azira ubutaka

Mu ijoro ryo kuya 26 umugabo witwa Ntakirutimana utuye mu murenge wa Rwimiyaga akarere ka Nyagatare yafashwe na polisi ndetse n’abakozi be bagera kuri batanu barafungwa bikaba byari kunshuro ya Kabiri ibi bibaye kandi ntacyaha bababonyeho.
Ibyo umugore we yise akarengane gakomeye akavuga ko birigukorwa n’umusirikare witwa Kagame Amos ngo kuko yamubwiye ko amufiteho ububasha.
Mu kababaro kenshi yagize ati ‘’ twaguze ubutaka n’umugabo witwa Mubirigi ariko ngo hari umuhungu we (…)

Gicumbi: Umugabo yafashe ku ngufu umukecuru wamwugamishije
Gicumbi: Umugabo yafashe ku ngufu umukecuru wamwugamishije

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi, rwagejeje imbere y’Urukiko umugabo w’imyaka 35 y’amavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi, Akagari ka Gatwa, bumukurikiranyeho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukecuru w’imyaka 58 y’amavuko.
Uwo mugabo icyo cyaha yagikoze tariki 24 Werurwe 2022 ubwo yari agiye kugama imvura ageze mu rugo asanga umukecuru yicaye ku buriri bwe ahita amusunikiraho baragundagurana ariko amurusha imbaraga aramusambanya. (…)

424 Shares 4 Comments
Hatangiye kwibazwa byinshi ku Karere ka Musanze kajyanye ibizamini by'akazi i Kayonza
Hatangiye kwibazwa byinshi ku Karere ka Musanze kajyanye ibizamini by’akazi i Kayonza

Akarere ka Musanze ko mu Ntara y’Amajyaruguru gaherutse gukora ibyatunguye benshi, kamenyesha absabye imyanya y’akazi ko ibizamini bizakorerwa mu karere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba bamwe batangira kwibaza ikibaye abandi babifata nko kurushya abakandida bahatanira iyo myanya.
Ni impaka zasembuwe n’itangazo ryo ku wa 18 Nyakanga 2022, ryashyizwe kuri Twitter n’uwitwa Micomyiza Jean Baptiste yibaza uburyo Akarere ka Musanze kajya gukoreshereza ibizamini by’akazi i Kayonza.
Yagize (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Wa musore ukekwaho kwica Se akamwambura ibihumbi 400 yafashwe
Wa musore ukekwaho kwica Se akamwambura ibihumbi 400 yafashwe

Ku wa Gatatu w’iki cyumweru mu karere ka Rutsiro humvikanye inkuru yababaje ababyeyi y’umusore wivuganye Se amuziza amafaranga ibihumbi 400 agira ngo ayamwake agahita anatoroka, kuri ubu yatawe muri yombi basanga amaze kwinezezamo make muri yo.
Mu gitondo cyo kuwa 20 Nyakanga 2022 nibwo hamenyekanye amakuru y’urupfu rw’umusaza witwa Ugirirabino Aloys bikekwa ko yishwe n’umuhungu we atorokana amafaranga ibihumbi 420Frw yari yagurishijwe inka.
Habimana Evariste ufite imyaka 20 y’amavuko wo (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Umusaza w'imyaka 72 yahamwe no gusambanya umukobwa umukobwa ufite ubumuga bwo mu mutwe
Musanze: Umusaza w’imyaka 72 yahamwe no gusambanya umukobwa umukobwa ufite ubumuga bwo mu mutwe

Umusaza w’imyaka 72 wo mu Murenge wa Rwaza Akarere ka Musanze yatakitwe n’urukiko imyaka 16 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusambanya ku gahato umukobwa w’imyaka 34 ufite ubumuga bwo mu mutwe.
Yakatiwe n’urukiko Rwisumbuye rwa Musanze tariki ya 17 Nyakanga 2022.
Ubushinjacyaha bwavuze ko icyaha uriya musaza yari akurikiranweho yagikoze tariki 10 Gashyantare, 2022 mu masaha ya saa cyenda z’amanywa.
Icyo cyaha uyu mukambwe yagikoreye mu Mudugudu wa Buhama, Akagari ka Nyarubuye, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuyobozi wungirije wa RGB yatawe muri yombi akekwaho ubwambuzi bushukana
Umuyobozi wungirije wa RGB yatawe muri yombi akekwaho ubwambuzi bushukana

Dr Nibishaka Emmanuel, Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rumukurikiranyeho ibyaha by’ubwambuzi bushukana no gukoresha inyandiko mpimbano.
Umuvugizi w’Urwego RIB yemeje ko uwo muyobozi afungiye kuri sitasiyo ya RIB iri i Remera mu gihe dosiye ye iri gukorwa kugirango ishyikirizwe Ubushinjacyaha.
Dr Nibishaka yatawe muri yombi kuwa Gatandatu akurikiranyweho kwemerera abantu ko azabashakira Visa zo kujya (…)

424 Shares 4 Comments
Phenias Munyarugarama wakegwaho icyaha cya Genocide nawe byemejwe ko yapfuye
Phenias Munyarugarama wakegwaho icyaha cya Genocide nawe byemejwe ko yapfuye

Yanditswe na Kagaju Julienne
Urwego rurangiza imirimo yasizwe n’urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, IRMCT, rwemeje ko Phenias Munyarugarama wahoze ari liyentona Koroneli mu ngabo za (FAR) washakishwaga ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 yitabye Imana mu mwaka wa 2002.
Munyarugarama yavutse mu mwaka wa 1948 avukira mucyahoze ari komine Kidaho muri Perefegitura ya Ruhengeri, ubu aka ari mu ntara y’Amajyaruguru, IRMCT ivuga ko yapfiriye mu cyaro cya Kankwala mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Minisitiri Nsengiyaremye yatanze ubuhamya kuri Bucyibaruta uburanira mu Bufaransa
Minisitiri Nsengiyaremye yatanze ubuhamya kuri Bucyibaruta uburanira mu Bufaransa

Kuri uyu wa Mbere, Nsengiyaremye Disimasi wabaye minisitiri w’intebe mu Rwanda kuva mu mwaka wa 1992 kugeza muri 1993 yatanze ubuhamya mu rubanza ruregwamwo Bucyibaruta Laurent ruri kubera mu gihugu cy’ubufaransa. Yabajijwe ku mateka ye mu Rwanda na politiki yari iriho, uruhare rw’iyo politiki cyane iy’amashyaka menshi mu nzangano zaranze abanyapolitiki kugera kuri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Yanatanze ubuhamya kuri Laurent bucyibaruta, wasabye ko uyu Disimasi yazaza gutanga (…)

424 Shares 4 Comments
Bucyibaruta
Bucyibaruta

Kuri uyu wa gatanu, ari nawo munsi wa gatanu w’urubanza rwa Laurent Bucyibaruta, ukurikiranyweho icyaha cya genocide n’ibindi byaha bifitanye isano nayo, yongeye kwitaba urukiko rwa rubanda rwa Paris, aho umwanya wahawe Dr Helene Dumas, umushakashatsi n’umunyamateka wananditse igitabo yise “Le genocide au Village” kuri genoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Laurent Bucyibaruta, wasabye ko amasaha y’urubanza yagabanywa kuko ngo afite intege nke, yitabiriye urubanza, aho yinjiye mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umucamanza yashyize mu muhezo urubanza rwa Ishimwe Diedonne
Umucamanza yashyize mu muhezo urubanza rwa Ishimwe Diedonne

Umucamanza yafashe icyemezo cyo gushyira mu muhezo urubanza rwa Ishimwe Diedonne, uzwi nka Prince Kid, mu gihe nyirubwite yifuzaga ko rubera ku karubanda cyane ko yivugiye ko ibyo aregwa abantu bose babimenye.
Ni urubanza rwagombaga gusubukura kuri uyu wa Gatanu, ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruherereye mu Kagarama abaturage n’itangazamakuru bazindukiye kumva urubanza rw’uyu musore w’imyaka 36 Ishimwe Diedonne uzwi nka Prince Kid, uregwa ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bikekwa (…)

424 Shares 4 Comments
Bucyibaruta aratangira kuburanishwa mu Bufaransa
Bucyibaruta aratangira kuburanishwa mu Bufaransa

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Gicurasi mu Rukiko rwa Rubanda, Cour d’Assises, i Paris mu Bufaransa haratangira kuburanishwa urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro ukurikiranyweho uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Dosiye y’uyu mugabo w’imyaka 77 ushinjwa kuba ku isonga mu bateguye n’abayoboye ubwicanyi bwabereye muri Gikongoro iri gukurikiranwa n’ubutabera bw’u Bufaransa nyuma y’aho Urwego rwasigaranye imirimo y’Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru