Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Miss Rwanda wa 2020 Naomie NISHIMWE yamuritse igitabo cye "MORE THAN A CROWN"

Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)

Miss Miss Shanitah yaburiye abakobwa bajya mu marushanwa y'ubwiza
Miss Miss Shanitah yaburiye abakobwa bajya mu marushanwa y’ubwiza

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Miss Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa 2021 yariye akara abakobwa bashukishwa amarushanwa y’ubwiza.
Uyu mukobwa wemerewe imodoka bikaba bigeze aya magingo atarayibona, abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yageneye ubutumwa abakobwa abibutsa ko badakwiye kwiringira ibitangaza.
Yababwiye ko bagomba kwitondera ababashuka bitwaje amarushanwa y’ubwiza kuko benshi baba bagamije inyungu zabo bwite.
Yagize ati: “Bakundwa bakobwa, reka (…)

424 Shares 4 Comments
Juno Kizigenza agiye gutaramira i Goma
Juno Kizigenza agiye gutaramira i Goma

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuhanzi Juno Kizigenza agiye gutaramira abatuye mu Mmujyi wa Goma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ni mu gitaramo cyo guhitamo umukobwa uzegukana ikamba ry’ubwiza rya “Miss Cleopatra 2022.”
Iki gitaramo biteganijwe ko kizaba ku wa 05 Ugushyingo 2022 muri Serena Hotel iri mu Mujyi wa Goma.
Abaturiye Imijyi ya Goma na Rubavu basabwe kwitabira ibi birori bigamije guhesha agaciro umukobwa.
Muri iki gitaramo Juno Kizigenza azahuriramo na Gaz Mawete (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uganda: Barasaba guhagarika igitaramo kivugwamo ubusambanyi
Uganda: Barasaba guhagarika igitaramo kivugwamo ubusambanyi

Inteko ishingamategeko ya Uganda yasabye guhagarika by’igitaraganya igitaramo cy’iserukiramuco kizwi nka ’Nyege Nyege’ kitaraba.
Ni igitaramo gitegerejwe mu minsi mike iri imbere mu mujyi wa Jinja mu Burasirazuba bwa Kampala.
Umwe mu bagize Inteko, yavuze ko iryo serukiramuco ari urubuga rwo kubiba ubusambanyi.
Martin Magara, minisitiri w’ubukerarugendo we yabihakanye avuga ko iryo serukiramuco ari igikorwa giteza imbere ubukerarugendo.
Yavuze ko abakerarugendo barenga 8,000 bo mu (…)

424 Shares 4 Comments
Bruce Melody afungiwe impamvu itaramuturutseho
Bruce Melody afungiwe impamvu itaramuturutseho

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umunyamuziki Itahiwacu Bruce uzwi cyane ku izina rya Bruce Melody, umaze iminsi ibiri afungiwe mu gihugu cy’u Burundi yavuzeko icyatumye afungwa kitamuturutseho.
Amakuru dukesha Bwiza yavuze ko uyu muhanzi yazize amafaranga miliyoni ebyiri yahawe mu mwaka wa 2018, ubwo yatumirwaga mu gitaramo ngo azajye kuririrmba yo. Gusa ibyo ntibyabashije gukunda kubera impamvu itaramuturutseho.
Yagize ati: “Nahawe miliyoni ebyiri zo kuzaririrmba i Burundi mu 2018, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Uganda: Umugeni yatawe muri yombi agiye kurongorwa
Uganda: Umugeni yatawe muri yombi agiye kurongorwa

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ibirori byahindutse ikinamico nyuma yuko abapolisi bambaye imyenda isanzwe bateye mu bukwe bwabereye mu ishuri rya tekinike rya Kakiika mu mujyi wa Mbarara mu mpera z’icyumweru, bata muri yombi umugeni kubera urubanza rw’inshinjabyaha rwasibwe.
Christine Natuhera yatawe muri yombi akekwaho kuba yaribye amafaranga aho yakoraga mbere.
Icyakora, Monitor dukesha iyi nkuru yemeje ko urubanza rwasibwe mbere kubera kubura ibimenyetso.
Edson Tumukunde, umukwe, (…)

424 Shares 4 Comments
Imfura mu basobanuzi ba Film mu Rwanda yitabye Imana
Imfura mu basobanuzi ba Film mu Rwanda yitabye Imana

Nkusi Thomas wamenyekanye mu Rwanda nka ’Yanga’ kubera gusobanura filime zo hanze mu kinyarwanda yitabye Imana kuri uyu wa Gatatu azize uburwayi bivugwa ko yari amaranye iminsi.
Uyu mugabo ufatwa nk’imfura y’abasobanuzi ba Filime mu Rwanda, izo bita ’Agasobanuye’, yaguye muri Afurika y’Epfo aho yari yaragiye kwivuriza.
Ni inkuru y’inshamugongo yemejwe na murumuna we uzwi nka Junior, kuri ubu nawe wigaruriye imitima y’abakunda agasobanuye cyane cyane urubyiruko, aho yabwiye igihe ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Chris Eazy yasize akoze amateka i Burundi
Chris Eazy yasize akoze amateka i Burundi

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Chris Eazy uri mu bahanzi bagezweho muri iyi minsi yavuze ko nyuma y’iminsi ari gutaramira mu gihugu cy’u Burundi yanyuzwe n’uko yakiriwe dore ko bwari ubwa mbere ataramira hanze y’u Rwanda.
Uyu musore ukunzwe mu ndirimbo nka Inana, Amashu, Amashimwe na Fasta, yeretswe urukundo n’abakunzi b’umuziki we i Burundi bitabiriye ibitaramo bye ku bwinshi.
Chris Eazy yakoreye ibitaramo bitatu mu Burundi, birimo icyabereye hafi y’umupaka w’u Rwanda n’u Burundi, (…)

424 Shares 4 Comments
Umubyeyi wa Meddy yatabarutse
Umubyeyi wa Meddy yatabarutse

Umubyeyi w’umuhanzi Ngabo Medard Jobert [Meddy], Cyabukombe Alphonsine yitabye Imana azize uburwayi.
Amakuru y’urupfu rw’uyu mubyeyi yamenyekanye kuri iki Cyumweru, aguye muri Kenya aho yari amaze igihe kinini arwajwe na mukuru wa Meddy, nk’uko IGIHE yabitangaje ibikesha bamwe mu nshuti za hafi za Meddy.
Byanashimangiwe n’umunyamakuru Bayingana David uri mu nshuti za hafi za Meddy wanditse ku mbuga nkoranyambaga ze ati “Kubura umubyeyi [Mama] aba ari ibyago bikomeye. Komera cyane Meddy. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Teta Sandra yagaruwe mu Rwanda nyuma yo gutotezwa n'umugabo we
Teta Sandra yagaruwe mu Rwanda nyuma yo gutotezwa n’umugabo we

Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter hacicikana amafoto y’Umunyarwandakazi Teta Sandra uzwi mu muziki nyarwanda, afite ibikomere mu maso n’ahandi ku mubiri bivugwa ko yabitewe n’umugabo we Weasel Manizo, umuririmbyi wo muri Uganda barushinganye.
Ni amafoto yateye benshi mu Banyarwanda umujinya uvanze n’agahinda k’umukobwa wabo uro gukorerwa ihohoterwa ririmo n’iyicarubozo, cyane ko byavugwaga ko atari ubwa mbere umugabo we amukubise ahubwo asa nuwabimenyereye.
Kuva ubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Isura ya Bob Marley yagarutse mu mwuzukuru we mu gitaramo i Birmingham
Isura ya Bob Marley yagarutse mu mwuzukuru we mu gitaramo i Birmingham

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abagize ibiserukuru bitatu by’umuryango wa Bob Marley baraza kuba bari mu gitaramo kuri uyu wa kabiri mu mujyi wa Birmingham mu Bwongereza, ni nyuma y’imyaka 50 ishize nyuma y’igitaramo cya mbere uyu muririmbyi yakoreye muri uyu mujyi ataratabaruka.
Umwuzukuru wa Bob Marley, Skip Marley araza kuririmba muri kino gitaramo kiza kuba gihagarariwe n’uwari umugore we Rita, akaba yaranafashaga kuririmba uyu wahoze ari umunyamuziki w’ikirangirire, hamwe n’umukobwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru