Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)
Nyuma yo gutangira kuvugwaho icyaha cyo gusambanya umwana, Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati yatawe muri yombi nk’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwabitangaje.
Uyu mugabo umaze kubaka izina mu myidagaduro mu Rwanda, yatawe muri yombi nyuma y’amakuru amaze iminsi aca ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugore uhamya ko yabyaranye na we impanga n’uyu mugabo ariko akaba yaranze kwita ku nshingano zo kurera abo bana.
Uyu mukobwa avuga ko yasambanyijwe na Ndimbati yabanje (…)
Kuva umukobwa Robyn Rihanna Fenty, Umuhanzikazi wamamaye nka Rihanna yatangira kugaragaza ko atwite inda y’umusore A$AP Rocky yagiye yereka abamukira ku mbuga nkoranyambaga uko inda ye iteye, ndetse agacishamo akanerekana umukunzi we baryohewe n’ikiri munda basomana.
Kuva ubwo abamukurikira nabo ntibahwemye kumwereka ko bakurikiye, nawe umunsi ku wundi si ukubereka aho inda igeze akagenda akenda akamaraho.
kuri ubu noneho Rihanna yashyize hanze ifoto noneho yambaye ikanze imeze (…)
Umuhanzikazi w’Umunyamerika Britney Spears wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize hanze amafoto ye, yereka abakunzi be ibyo bahishwe amaso yabo ku bwambure bwe, arekura amafoto ye yambaye ubusa, bumwe bita ’buriburi’.
Iki cyamamare cy’abana 2 ku myaka 40 y’amavuko,, yifashishije urukuta rwe rwa Instagram yerekanye amafoto yambaye ubusa yafatiye ku nyanja aho amaze iminsi aruhukira n’umukunzi we Sam Asghari benda gushyingirwa. Aya mafoto akimara kuyerekana, yavugishishe abatari bacye (…)
Umushumba Mukuru wa Paruwasi ya Remera mu Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda, Rev Canon Dr. Antoine Rutayisire, yikomye inkumi ziza mu nzu y’Imana zifite umugambi yo kugusha intama z’Imana, aho yeruye ko barambiwe kureba pornographie mu rusengero kubera imyambarire idahwitse y’inkumi zimwe na zimwe.
Yabitangaje ku cyumweru tariki ya 9 Mutarama 2022 ubwo yasabaga abakobwa cyane cyane abitegura kubaka imiryango, kwitwararika ku myambarire isigaye ibaranga muri ibi bihe.
Uyu mushumba yarimo (…)
Mutungirehe Samuel
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Ugushyingo 2021 Nyampinga w’u Rwanda 2021, Miss Ingabire Grace, yahawe ibendera ry’u Rwanda mbere y’uko ajya guhagararira igihugu mu irushanwa rya Nyampinga w’Isi, rizwe nka Miss World, 2021.
Yarihawe n’Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Umuco muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, amusaba guhagararira neza u Rwanda muri ba Nyampinga bagenzi be bazahatana.
Ni irushanwa rigiye kuba ku nshuri ya 70 rikazabera (…)
ICYAMAMARE, Umukongomani, Antoine Christophe Agbepa Mumba, uzwi mu muziki nka Koffi Olomidé, yatangaje ko mu ntangiriro z’ukwezi gutaha araba ataramiye i Kigali mu Rwanda.
yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yifashishije amashusho, yavuze ko ashimishijwe no kuba agiye gutaramira i Kigali tariki 3 Ukuboza 2021.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega, yifurije urugendo rwiza Koffi Olomide ubwo azaba yerekeje mu rw’imisozi 1000. Iki (…)
Ndayambaje Jean Claude
Nyandwi Saddam ukinira Musanze fc yasezeranye imbere y’amategeko na Uwitonze Denise nyuma y’igihe gito amwambitse impeta y’urukundo bemeranya ko bazabana akaramata.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Ukwakira 2021 mu Murenge wa Nyakabanda, mu Karere ka Nyarugenge habereye umuhango wo gusezerana hagati ya myugariro ukina Ku ruhande rw’iburyo muri Musanze fc n’umukunzi we bari baherutse kwambikana impeta y’urukundo.
Mu kwezi kwa Nzeri 2020 nibwo uyu mukinnyi yari (…)
Rutahizamu w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Manchester united, Cristiano Ronaldo yatangaje ko we n’umugore Georgina Rodriguez biteguye kwibaruka Impanga.
Ku rukuta rwe rwa Instagram, Ronaldo yashyizeho ifoto we n’umugore we bari mu buriri, igice cyo hejuru batambaye kandi bamwenyura berekana amafoto yafashwe n’abaganga ya Ecographie agaragaza impanga z’abana mu nda ya Georgina Rodriguez atwitiye Ronaldo.
Rutahizamu yahise yandika amagambo agaragaza akanyamuneza ati “
“Twishimiye (…)
Jean claude Ndayambaje
Perezida wa Ferwafa, Nizeyimana Olivier yahishuye ko vuba aha mu Rwanda harubakwa Stade mpuzahanga nini binyuze mu Mpuzamashyirahamwe y’umupira w’Amaguru muri Afurika "CAF"
Mu kiganiro “Kick-Off” cyatambutse kuri Televiziyo Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (Ferwafa) Nizeyimana Olivier, yemeje ko CAFigiye kubaka Stade mu Rwanda.
Yagize ati “Twaganiriye n’abayobozi ba CAF, batwemerera ko bashobora kutwubakira (…)
Raoul Nshungu
Umufaransa ukinira ikipe ya Paris St Germain, Kylian Mbappe, yashyize ashyira ukuri hanze kuho yari ahagaze mu byo kuva muri iyi kipe mu isoko ry’igura n’igurishwa rishoje.
Ubwo umwaka w’imikino wa 2020-2021 wageraga ku musozo amakuru yacicikanaga avuga ku guhindura amakipe kw’abakinnyi b’ibihangange, uyu musore nawe yavugwagamo ndetse ko yagombaga kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid yari yaragaraje ko imwifuza cyane.
Mbere y’uko kuri iki cyumweru ikipe ye ikina umukino (…)
Icyamamare John Legend yageze mu Rwanda
21 February 2025
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.



![[AMAFOTO] Inda ya Rihanna yarengeje kuyerekana, umenya irimo no kumurikwa](IMG/logo/fm1dirsx0aesqcr.jpg?1646225575)




















