Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)
Nyuma y’aho aherutse kuvuga ko azabera umugisha igihugu cye cy’u Rwanda, Umunyarwandakazi Clarisse Karasira akomeje kwibasirwa bikomeye ku mbugankoranyambaga, benshi MU bamwanjamye baRAmubaza uburyo azabigenza kandi asa n’uwahunze igihugu cye.
Uyu muhanzikazi usigaye aba muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, amaze iminsi yibasiwe n’abantu ku rukuta rwe rwa Twitter, avuga ko kuba hari aho yageze uyu munsi akaba afite n’umuryango mwiza abikesha imyitwarire myiza yagize yo kwirinda kwirukira (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia Umukinnyi wa mafilimi, Ben Affleck wamenyekanye mu mafilime yakunzwe cyane nk’iyo bita Batman n’izindi nka Deep water, yakoranye ubukwe n’umuhanzikazi Jennifer Lopez muri Las Vegas nk’uko Lopez yabyemeje.
Uyu mugore w’imyaka 52 yanditse ku rubuga rwe ati: "Twabikoze. Urukundo ni rwiza. Urukundo ni rwiza kandi biragaragara ko urukundo rwihangana. Rwarihanganye mu myaka 20.”
Aba ngo basubukuye ubukwe bwabo nyuma y’imyaka 17 bari barahagaritse gusezerana (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma y’amezi ane arengaho iminsi, Nyampinga w’u Rwanda 2022, Nshuti Muheto Divine yashyikirijwe imodoka yari yaremerewe nk’igihembo gikuru ku wegukanye iri kamba ry’ubwiza.
Nubwo yategereje iyi modoka igihe kitari gito kuko hashize amezi atari make yegukanye iri kamba rya Nyampinga w’u Rwanda. Gusa ngo nubwo imodoka yatanzwe ibindi bihembo byo ntibiratangwa ngo baracyarimo gukemura ibibazo byabaye muri irir rushanwa uyu mwaka.
Iyi modoka yo mu bwoko bwa (…)
Umuhanzikanzi w’Umunyarwanda Clarisse Karasira, yashyiize hanze ifoto yuko yibarutse imfura ye, mu ifoto y’ikiganza cy’abantu batatu, umugabo, umugore n’uruhinja ayiherekeza amagambo agaragaza ko yaruhutse.
Clarisse Karasira yashakanye n’Umunyarwanda uba hanze y’igihugu,(Umudiyasipora) muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ifashabayo Sylivain [Dejoie], ubu bakaba bishimiye kuba ababyeyi.
Mu butumwa batambukije ku mbuga nkoranyambaga zabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Kamena (…)
Imodoka Miss Nshuti Muheto Divine wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2022 yamaze kugera mu Rwanda, bikavugwa ko hasigaye ibiganiro hagati y’Inteko y’Umuco yeguriwe iri rushanwa n’ikigo cya Hyundai cyayitanze nk’igihembo kugira ngo ishyikirizwe uyu mukobwa.
Kuva Nyampinga w’u Rwanda 2022 yatorwa ntahabwe imodoka ku munsi w’ibirori nk’uko byari bisanzwe bigenda, buri wese yibazaga icyatumye adahita ayihabwa ndetse hari n’abajyaga kure bagatangira gutekereza ko atakiyihawe.
Nyuma y’uko (…)
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gicurasi 2022, hacicikanye inkuru ivuga ko Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar yafunguwe Nyuma y’amezi 8 afunzwe.
Bamwe mu banyamakuru barimo Imfurayacu Jean Luc, Sam Karenzi, David Bayingana n’abandi bahaye Ikaze Jado Castar wari umaze amezi 8 afunze azira icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano zatumye u Rwanda rusezererwa mu irushanwa ry’igikombe cya Afurika muri (Volleyball) mu bagore cyabereye mu Rwanda umwaka ushyize.
Bagirishya AKA Jado (…)
Umuyobozi w’Ikigo Rwanda Inspiration Back Up gitwgura amarushanwa y’ubwiza ku Banyarwandakazi, Ishimwe Dieudonné wamamaye ku izina rya Prince Kid yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ry’iminsi 30 mu gihe ubushinjacyaha burimo gukusanya ibimenyetso ku byaha akurikiranyweho.
Ari gukurikiranwaho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bivugwa ko yakoreye bamwe mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye. (…)
Ishimwe uzwi nka Prince Kid, akaba umuyobozi w’Ikigo Inspiration Back Up, itegura Irushanwa rya Miss Rwanda, yatawe muri yombi akekwaho ibyaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye bamwe mu bakobwa bitabiriye iri rushanwa mu bihe bitandukanye.
Uyu musore usanzwe ari n’umuhanzi, afungiye kuri Station ya Remera mu gihe iperereza ku byaha akekwaho rikomeje kugira ngo dosiye y’ibyo ashinjwa ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Yafashwe ku wa Mbere tariki 25 Mata 2022.
Umuvugizi (…)
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka za Uganda (UPDF), Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko yatoranyije Umuhanzi w’Umunyarwanda, Masamba Intore kuzaririmba ku Isabukuru ye iteganyijwe mu kwezi gutaha.
Uyu Mugaba akaba n’Umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yavutse tariki ya 24 Gicurasi 1974, avukira i Dar es Salaam muri Tanzania, ashakana na Charlotte Nankunda Kutesa mu 1999 bakaba bafitanye abana batatu, ari bo Kenshuro Kainerugaba, Ruhamya Kainerugaba na Ihunde (…)
Umukinnyi wa Film w’icyamamare ku isi, Will Smith yakubise urushyi mugenzi we Chris Rock mu birori, rurumira, [wa mugani w’Abanyarwanda].
Ni urushyi Will Smith yamukubise mu birori amwihaniza ngo amukurire umugore mu kanwa ke.
Hari mu birori bikomeye bitangirwamo ibihembo ku bakinnyi bitwaye neza muri Sinema ya Hollywood, umunyarwenya ukomeye ku isi, Chris Rock wari uyoboye ibiganiro, yagarutse ku mugore wa Will Smith, Jada Pinkett Smith avuga ku musatsi we uteye mu buryo budasanzwe (…)
Umuntu Muremure n’umugufi ku Isi bahuye
22 November 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























