Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Ubwo yaganiraga n’Itangazamakuru, kuri uyu wa Mbere, Perezida Kagame yavuze ko hari Igihe u Rwanda rwigeze kwandikira ibaruwa Leta zunze ubumwe za America rusaba agahenge mu gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ni ibaruwa yavuze ko yayanditse mu mwaka wa 2015, ubutegetsi bwa America abusaba ko indi minsi y’umwaka bwazajya buvuga ibyo u Rwanda rudakora neza ariko byagera ku italiki 07, Mata, buri kwezi bagaha abanyarwanda agahenge ahubwo bakifatanya nabo mu kwibuka, ariko nabyo (…)
Ubwo hatangizwaga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abaturage b’Akarere ka Musanze basabwe kwirinda ibikorwa ibyo ari byo byose byahembera urwango n’amacakubiri mu banyarwanda.
Kimwe n’ahandi hose mu gihugu kuri iki cy’umweru tariki ya 7 Mata 2024, hatangiye icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. No mu karere ka Musanze ibikorwa byo Kwibuka byatangiye aho ku rwego rw’Akarere byatangirijwe ku Rwibutso rwa (…)
Uyu munsi, imitima yacu yuzuyemo intimba, n’ishimwe, muburyo bungana. Turibuka abacu bapfuye, kandi ariko tunishimira uko u Rwanda rwahindutse. Abacitse ku icumu bari muri twe, tubafitiye ideni. Twabasabye gukora ibidashoboka, kwikorera umutwaro w’ubwiyunge ku bitugu byanyu, kandi mukomeza kubikora, mubikorera igihugu cyacu, burimunsi kandi turabashimira.
Uko imyaka yagiye ihita, abakomotse ku barokotse nabo bagenda barwana n’irungu ritewe no kwifuza kubona bene wabo batigeze bamenya, (…)
Perezida wa Senegal, Bassirou Diomaye Diakar Faye uherutse gutorerwa kuba Umukuru w’Igihugu yashyizeho Ousmane Sonko nka Minisitiri w’Intebe.
Minisitiri w’Intebe Ousmane Sonko ni umwe mu b’ingenzi mu bataravugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Macky Sall wacyuye igihe akaba kandi yarafunganywe na Perezida wamushyizeho, mu gihe batavugaga rumwe n’uwo basimbuye.
Bombi ariko nabwo barekuwe ku mbabazi za Perezida ucyuye igihe Macky Sall, bahita batangira kwiyamamaza, birangira batsinze amatora. (…)
Muri Congre y’abayobozi bahagagarariye abarwanashyaka b’ishyaka rigaranira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR) mu ntara y’Uburengerazuba, yabaye kuri uyu wa Gatanu Ku itariki 29 Werurwe 2024, yasize hatowe abakandida buzuza abakandida 60, bazahagararira iri shyaka mu matora y’Abadepite azaba uyu mwaka mu Rwanda.
Muri iyi nama yabereye mu karere ka Karongi, mu ntara y’Uburengerazuba, hagiye hatorwa abarwanashyaka 2, muri buri karere mu tugize iyi ntara, hanyuma aba (…)
Ku cyumweru nibwo humvikanye inkuru y’amashyaka abiri mu yemewe mu Rwanda, Parti Libéral (PL) na Parti Social Démocrate (PSD) yemeje ko azashyigikira umukandida Paul Kagame watazwe n’Umuryango FPR-Inkotanyi mu matora yo muri Nyakanga uyu mwaka.
Ubundi PL na PSD ni amwe mu mashyaka macye amaze imyaka iri hejuru ya 30 akorera mu Rwanda, yaherukaga gutanga abakandida perezida mu matora mu 2010.
Aya mashyaka yari amwe mu yari ahanzwe amaso na benshi mu kuvuga uzayahagararira mu matora (…)
Mu bihishiwe abimukira bazemererwa kuza mu Rwanda gutekereza ko dosiye ye yigwaho ngo yemererwe cyangwa ahakanirwe guhabwa ubuhungiro mu Bwongereza, birimo impamba y’ama-Pawundi abateganyirijwe.
Bimwe mu bizakorwa na Leta y’Ubwongereza ubwo izaba yohereje abimukira mu Rwanda mu gihe byose bizaba byamaze gushyirwa ku murongo ni uguha buri wese amapawundi 3,000 ni ukuvuga hafi miliyoni Frw 5.
Mu gihe bitarajya ku murongo neza, u Rwanda rwo rukomeje kunoza imyiteguro irimo no kubaka inzu (…)
Itsinda ry’Abakongomani b’impunzi ziba mu Nkambi zitandukanye ku butaka bw’u Rwanda ryatangaje ko niba Isi ikomeje guceceka irebera uko Abatutsi muri Congo bari kwicwa abandi bakaribwa bazakomeza no guceceka mu gihe bari no kwirwanaho.
Imirwano iri mu Burasirazuba bwa Congo ishyamiranyije Ingabo za Leta n’Inyeshyamba z’Umutwe wa M23 uvuga ko uri gushaka guca akarengane, guhagarika ubwicanyi no gushaka amahoro hagacyurwa n’impunzi zahunze ibyabi muri aka gace biturutse ku rwango abo mu (…)
Abagaba b’ingabo zo mu bihugu byabo byohereje ingabo gufasha Leta DRCongo kurwana na M23 bemereranyijwe kongerera imbaraga bagahindura uburyo bw’imirwanire n’umutwe wa M23.
Izi ngabo ni izikubiye mu byciro birimo iziri mu butubwa bwa SADC, hamwe n’iz’u Burundi zaje mu bufatanye bwa Congo n’u Burundi.
Aba ngaba b’ingabo bo mu bihugu bya DRC, Afuruka y’Epfo, Tanzania, Malawi, ndetse n’uw’u Burundi bahuriya mu nama i Goma kuri uyu wa Kane, baganira, ku bufutanya bafitanye mu butumwa bafite (…)
Perezida wa Côte D’Ivoire yatewe coup d’etat n’agatsiko k’abasirikare gatangaza ko ariko kayoboye inzibacyuho.
Abasirikare bayobowe n’uwitwa Adama Ouattara batangaje ko bahiritse ubutegetsi bwa Perezida Alassane Ouattara.
Adama Ouattara yagize ati: “ Dushingiye kuri izo ngingo rero dutangaje ko ubuyobozi bwategekaga muri iyi manda buhagaritswe.”
Bavuze ko ubutegetsi bwari buriho butari bukurikije amategeko bityo bugomba gusubiza abaturage.
Ukuriye abahiritse Alassane Quattara, Adama (…)
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















