Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y'Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza

Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)

Minisitiri Muyaya yikomye MONUSCO ayishinja kuba ikibazo ku mutekano wa Congo
Minisitiri Muyaya yikomye MONUSCO ayishinja kuba ikibazo ku mutekano wa Congo

Minisitiri w’Itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, DRCONGO, Patrick Muyaya yatangaje ko basanze ingabo za MONUSCO zarabaye ikibazo ku mutekano wa Congo kurusha uko zari zitezweho kuba igisubizo.
Muyaya yavuze ko ubutumwa bwa MONUSCO bwatsinzwe ahubwo ikibazo baje gukemura cyarushijeho kuba kibi kurusha.
Yaguze ati: "Aho bari kuba igisubizo byahindutse ikibazo."
Patrick Muyaya yavuze ko uyu munsi nk’abakongomani noneho babona bagomba kwicara bagashyiraho uburyo (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame: Nasabye Abanyamerika Kujya Baduha Amahoro Ku Munsi Wo Kwibuka
Perezida Kagame: Nasabye Abanyamerika Kujya Baduha Amahoro Ku Munsi Wo Kwibuka

Ubwo yaganiraga n’Itangazamakuru, kuri uyu wa Mbere, Perezida Kagame yavuze ko hari Igihe u Rwanda rwigeze kwandikira ibaruwa Leta zunze ubumwe za America rusaba agahenge mu gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ni ibaruwa yavuze ko yayanditse mu mwaka wa 2015, ubutegetsi bwa America abusaba ko indi minsi y’umwaka bwazajya buvuga ibyo u Rwanda rudakora neza ariko byagera ku italiki 07, Mata, buri kwezi bagaha abanyarwanda agahenge ahubwo bakifatanya nabo mu kwibuka, ariko nabyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Basabwe kwirinda ibikorwa byahembera urwango n'amacakubiri
Musanze: Basabwe kwirinda ibikorwa byahembera urwango n’amacakubiri

Ubwo hatangizwaga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abaturage b’Akarere ka Musanze basabwe kwirinda ibikorwa ibyo ari byo byose byahembera urwango n’amacakubiri mu banyarwanda.
Kimwe n’ahandi hose mu gihugu kuri iki cy’umweru tariki ya 7 Mata 2024, hatangiye icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. No mu karere ka Musanze ibikorwa byo Kwibuka byatangiye aho ku rwego rw’Akarere byatangirijwe ku Rwibutso rwa (…)

424 Shares 4 Comments
Ijambo rya Perezida Kagame, atangiza Kwibuka 30
Ijambo rya Perezida Kagame, atangiza Kwibuka 30

Uyu munsi, imitima yacu yuzuyemo intimba, n’ishimwe, muburyo bungana. Turibuka abacu bapfuye, kandi ariko tunishimira uko u Rwanda rwahindutse. Abacitse ku icumu bari muri twe, tubafitiye ideni. Twabasabye gukora ibidashoboka, kwikorera umutwaro w’ubwiyunge ku bitugu byanyu, kandi mukomeza kubikora, mubikorera igihugu cyacu, burimunsi kandi turabashimira.
Uko imyaka yagiye ihita, abakomotse ku barokotse nabo bagenda barwana n’irungu ritewe no kwifuza kubona bene wabo batigeze bamenya, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida wa Senegal yagize Minisitiri w'Intebe uwo babanye mu buroko
Perezida wa Senegal yagize Minisitiri w’Intebe uwo babanye mu buroko

Perezida wa Senegal, Bassirou Diomaye Diakar Faye uherutse gutorerwa kuba Umukuru w’Igihugu yashyizeho Ousmane Sonko nka Minisitiri w’Intebe.
Minisitiri w’Intebe Ousmane Sonko ni umwe mu b’ingenzi mu bataravugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Macky Sall wacyuye igihe akaba kandi yarafunganywe na Perezida wamushyizeho, mu gihe batavugaga rumwe n’uwo basimbuye.
Bombi ariko nabwo barekuwe ku mbabazi za Perezida ucyuye igihe Macky Sall, bahita batangira kwiyamamaza, birangira batsinze amatora. (…)

424 Shares 4 Comments
Green Party yabonye abazayihagararira mu Nteko ishinga amategeko bo mu Burengerazuba
Green Party yabonye abazayihagararira mu Nteko ishinga amategeko bo mu Burengerazuba

Muri Congre y’abayobozi bahagagarariye abarwanashyaka b’ishyaka rigaranira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR) mu ntara y’Uburengerazuba, yabaye kuri uyu wa Gatanu Ku itariki 29 Werurwe 2024, yasize hatowe abakandida buzuza abakandida 60, bazahagararira iri shyaka mu matora y’Abadepite azaba uyu mwaka mu Rwanda.
Muri iyi nama yabereye mu karere ka Karongi, mu ntara y’Uburengerazuba, hagiye hatorwa abarwanashyaka 2, muri buri karere mu tugize iyi ntara, hanyuma aba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Impamvu PSD na PL bahisemo gushyigikira umukandida FPR Inkotanyi
Impamvu PSD na PL bahisemo gushyigikira umukandida FPR Inkotanyi

Ku cyumweru nibwo humvikanye inkuru y’amashyaka abiri mu yemewe mu Rwanda, Parti Libéral (PL) na Parti Social Démocrate (PSD) yemeje ko azashyigikira umukandida Paul Kagame watazwe n’Umuryango FPR-Inkotanyi mu matora yo muri Nyakanga uyu mwaka.
Ubundi PL na PSD ni amwe mu mashyaka macye amaze imyaka iri hejuru ya 30 akorera mu Rwanda, yaherukaga gutanga abakandida perezida mu matora mu 2010.
Aya mashyaka yari amwe mu yari ahanzwe amaso na benshi mu kuvuga uzayahagararira mu matora (…)

424 Shares 4 Comments
Abimukira bazemera kuza mu Rwanda bapfunyikiwe impamba
Abimukira bazemera kuza mu Rwanda bapfunyikiwe impamba

Mu bihishiwe abimukira bazemererwa kuza mu Rwanda gutekereza ko dosiye ye yigwaho ngo yemererwe cyangwa ahakanirwe guhabwa ubuhungiro mu Bwongereza, birimo impamba y’ama-Pawundi abateganyirijwe.
Bimwe mu bizakorwa na Leta y’Ubwongereza ubwo izaba yohereje abimukira mu Rwanda mu gihe byose bizaba byamaze gushyirwa ku murongo ni uguha buri wese amapawundi 3,000 ni ukuvuga hafi miliyoni Frw 5.
Mu gihe bitarajya ku murongo neza, u Rwanda rwo rukomeje kunoza imyiteguro irimo no kubaka inzu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
"Niba bacecetse turi gupfa bazanaceceke turi Kwirwanaho" -Impunzi z'Abakongomani kuri za Ambasade
"Niba bacecetse turi gupfa bazanaceceke turi Kwirwanaho" -Impunzi z’Abakongomani kuri za Ambasade

Itsinda ry’Abakongomani b’impunzi ziba mu Nkambi zitandukanye ku butaka bw’u Rwanda ryatangaje ko niba Isi ikomeje guceceka irebera uko Abatutsi muri Congo bari kwicwa abandi bakaribwa bazakomeza no guceceka mu gihe bari no kwirwanaho.
Imirwano iri mu Burasirazuba bwa Congo ishyamiranyije Ingabo za Leta n’Inyeshyamba z’Umutwe wa M23 uvuga ko uri gushaka guca akarengane, guhagarika ubwicanyi no gushaka amahoro hagacyurwa n’impunzi zahunze ibyabi muri aka gace biturutse ku rwango abo mu (…)

424 Shares 4 Comments
SADC na FARDC barashaka kunoza imirwanire na M23
SADC na FARDC barashaka kunoza imirwanire na M23

Abagaba b’ingabo zo mu bihugu byabo byohereje ingabo gufasha Leta DRCongo kurwana na M23 bemereranyijwe kongerera imbaraga bagahindura uburyo bw’imirwanire n’umutwe wa M23.
Izi ngabo ni izikubiye mu byciro birimo iziri mu butubwa bwa SADC, hamwe n’iz’u Burundi zaje mu bufatanye bwa Congo n’u Burundi.
Aba ngaba b’ingabo bo mu bihugu bya DRC, Afuruka y’Epfo, Tanzania, Malawi, ndetse n’uw’u Burundi bahuriya mu nama i Goma kuri uyu wa Kane, baganira, ku bufutanya bafitanye mu butumwa bafite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru