Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

U Burayi bweruriye Tshisekedi aho buhagaze ku gisubizo cy'intambara mu karere
U Burayi bweruriye Tshisekedi aho buhagaze ku gisubizo cy’intambara mu karere

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Anthoie Tshisekedi Tchilombo amaze iminsi asaba Isi n’Umuryango Mpuzamahanga ko bamufasha kubwira mugenzi we w’u Rwanda kurekera gufasha umutwe wa M23 bahanganye, ikibazo cy’intambara mu Burasirazuba bwa Congo kibabonerwa umuti.
Bimwe mu bihugu bikomeye bijya bimwumva ibindi bikamutera utwatsi, ko igisubizo kirambye cy’intambara mu karere cyaba mu nzira y’ibiganiro, bamwe bakavuga ko byaba ibiganiro hagati ya Congo n’u Rwanda (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Doumbouya yashizeho Minisitiri w'intebe
Perezida Doumbouya yashizeho Minisitiri w’intebe

Nyuma y’iminsi mike asheshe Guverinoma, Perezida w’Inzibacyuho muri Guinea Conakry, Mamadu Doumbouya yashyizeho Minisitiri w’Intebe ugiye kumufasha gushyiraho indi.
Agatsiko k’abasirikare kari ku butegetsi muri Gineya kayobowe na Doumbouya kavuga ko kashyizeho minisitiri w’intebe mushya, nyuma y’iminsi umunani iyariho isheshwe.
Ibyo bibaye mu gihe mu murwa mukuru Conakry, bisa n’aho ubuzima bwahagaze ku munsi wa kabiri w’imyigaragambyo ibera mu gihugu cyose.
Abigaragambya barasaba ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Tshisekedi yajyanye ibibazo bya DRCongo mu Bubiligi, baramugira Inama itandukanye n'izo abandi bamugiriye?
Perezida Tshisekedi yajyanye ibibazo bya DRCongo mu Bubiligi, baramugira Inama itandukanye n’izo abandi bamugiriye?

Nyuma yo gukubuka muri Angola, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Anthoie Tshisekedi Tchilombo yakomereje mu Bubiligi, mu rugendo rugamije gukomeza umubano ibi bihugu, byombi bisanzwe bifitanye no ku buryo haboneka umutekano mu gace karimo intambara na M23
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, nibwo Tshisekedi yageze mu Bubiligi, aho yakiriwe na Minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Alexander De Croo, nkuko ibiro bya Perezida wa Congo byabitangaje ku rubuga rwa X. (…)

424 Shares 4 Comments
Red-Tabara yarashe ku ngabo z'u Burundi ihitana bamwe
Red-Tabara yarashe ku ngabo z’u Burundi ihitana bamwe

Abarwanyi b’Umutwe w’inyeshyamba wa Red-Tabara bateye igitero ku ngabo z’u Burundi bahitana bamwe, babohoza intwaro banasenya Ingoro y’Ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD
Ni igitero cyagabwe mu ijoro ryo kuri uyu wa 25 Gashyantare 2024 ku birindiro bibiri by’ingabo z’u Burundi.
Imirwano yaguyemo abasirikare batandatu b’u Burundi nk’uko byigambwe na RED-Tabara.
Hafashwe kandi imbunda n’amasasu menshi n’ibindi bikoresho by’igisirikare cya Leta.
Mu butumwa bwo kuri X, Red-Tabara yavuze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Congo: Minisitiri w'Intebe asize Perezida mu rugamba
Congo: Minisitiri w’Intebe asize Perezida mu rugamba

Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida Felix Anthoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakiriye ibaruwa ya Minisitiri w’Intebe we, Sama Lukonde amumenyesha ko yeguye ku mirimo.
Icyemezo cya Jean-Michel Sama Lukonde Kyenge kije muri ibi bihe Congo irimo nticyabura guhuzwa no gusiga Perezida Tshisekedi ku rugamba ahanganyemo na M23 yamaze kwifatanya n’ihuriro Alliance Fleuve du Congo (AFC) yashinzwe na Corneille Nangaa wahoze ayobora akanama kigenga k’amatora muri Congo. (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwatangajwe n'ukwivuguruza kwa Amerika ruyisaba ibisobanuro
U Rwanda rwatangajwe n’ukwivuguruza kwa Amerika ruyisaba ibisobanuro

Tariki ya 17 Gashyantare 2024 u Rwanda rwagiye kubona rubona ubutumwa bw’ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga bya America birushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23, bakarusaba gukura ingabo zarwo muri DRCongo.
Ni ubutumwa u Rwanda rwavuze ko burimo kwivuguruza nkana bitewe n’ibyo ibiro bya Amerika by’Ubutasi byatangaje mu Gushyingo 2023.
Gahunda y’ubu butasi ya America yari iyo gufasha u Rwanda na RDC guhosha umwuka mubi, gukemura impamvu muzi y’umutekano muke muri iki gihugu no (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MONUSCO igiye gutera inkunga SADC mu kurwana na #M23
MONUSCO igiye gutera inkunga SADC mu kurwana na #M23

Nyuma yo kubona ko urugamba rugeze mu nahina kandi umutwe wa M23 igaragaza imbaraga zidasanzwe ku gisirikare cya Leta ya Congo n’abo gifatanyije aribo Ingabo z’umuryango SADC, Ubutumwa bwa Loni muri Congo nabwo bwijeje ubufasha kuri Leta.
Byatangajwe n’Intumwa y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ishinzwe amahoro, Jean Pierre Lacroix, ubwo yari mu ruzinduko muri RDCongo.
Yagize ati “Mu mwanzuro wayo wa 2717, akanama k’umutekano gafite MONUSCO mu nshingano kazasuzuma uburyo bwo gufasha SADC mu (…)

424 Shares 4 Comments
M23 yazamuye mu Ntera abarimo Willy Ngoma
M23 yazamuye mu Ntera abarimo Willy Ngoma

Umutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC, wazamuye mu mapeti bamwe mu basirikare bawo, barimo na Willy Ngoma.
Nkuko bikubiye mu itangazo uyu mutwe washyize ahagaragara ku rubu rwa X, ryasinyiwe i Bunagana, mu bazamuwe harimo 1 wavanywe ku ipeti rya Coloneli, ajyirwa Burigadiye Jenerali, uwo yitwa Gacheri Musanga Justin.
Harimo kandi abasirikare buyu mutwe babiri, bakuwe ku ipeti rya Liyetona Koloneli, bahabwa ipeti rya Koloneli, abo ni Nsanze Nzamuye Jimmy na Karangwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abimukira bagombaga koherezwa mu Rwanda baburiwe irengero
Abimukira bagombaga koherezwa mu Rwanda baburiwe irengero

Abimukira n’impunzi babarirwa mu bihumbi mu binjiye mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bagombaga koherezwa mu Rwanda, benshi muri bo baburiwe irengero.
Byatangajwe na Minisiteri y’Umutekano mu Bwongereza, ari nayo ifite mu nshingano aba bantu.
Inyandiko z’iyi Minisiteri zigaragaza ko abagera kuri 700 mu 5000 bateganywaga koherezwa mu Rwanda ari bo bazwi aho baherereye.
Abayobozi muri Minisiteri y’Umutekano bagaragaje ko abari hagati ya 100 na 150 ari bo bashobora (…)

424 Shares 4 Comments
Imikoranire ya FARDC n'ingabo z'u Burundi yashyize hanze
Imikoranire ya FARDC n’ingabo z’u Burundi yashyize hanze

Ntibyumvikanaga mu matwi ya benshi n’abanyapolitiki n’abenegihugu muri rusange ukuntu Igihugu cy’u Burundi cyatanze ingabo zijya mu mutwe uhuriweho w’Ingabo z’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba EACRF, hanyuma bagahindukira bakohereza n’izindi ngabo zihariye zigiye kurwanya iyo gahunda.
Ni andi masezerano ya rwihishwa yashyizweho umukono ya Perezida Tshisekedi na Gen. Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ko amutiza amaboko yo guhangana na M23 nyuma yo kuvuga ko ingabo za EACRF zitarimo gukora (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru