Nyuma yo gushyiraho inzego zihagarariye abandi ku rwego rw’imirenge ya Rugarama na Cyanika muri Burera, Abarwanashyaka ba (Green Party of Rwanda) ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikikije mu Rwanda, ryakomereje ibikorwa byaryo mu mirenge ya Kagogo na kinyababa mu karere Burera aho bibukijwe amahame y’ishyaka n’ibigomba kubaranga.
Perezida w’iri Shyaka Hon. Dr Frank Habineza yongeye kwibutsa abarwanashyaka amavu n’amavuko y’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera (…)
Ntibyumvikanaga mu matwi ya benshi n’abanyapolitiki n’abenegihugu muri rusange ukuntu Igihugu cy’u Burundi cyatanze ingabo zijya mu mutwe uhuriweho w’Ingabo z’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba EACRF, hanyuma bagahindukira bakohereza n’izindi ngabo zihariye zigiye kurwanya iyo gahunda.
Ni andi masezerano ya rwihishwa yashyizweho umukono ya Perezida Tshisekedi na Gen. Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ko amutiza amaboko yo guhangana na M23 nyuma yo kuvuga ko ingabo za EACRF zitarimo gukora (…)
Ihuriri Alliance Fleuve du Congo AFC ririmo n’Umutwe w’inyeshyamba wa M23 baashyizeho umuhuzabikorwa mushya ari we Corneille Nangaa umaze igihe gito yiyunze n’uyu mutwe.
Corneille Nangaa yahoze ari umuyobozi w’akanama kigenga k’amatora muri Congo, CENI, yagizwe umuhuzabikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo rigamije kubohoza Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
M23 yavuze ko bagomba gushyira iherezo ku butegetsi bwica abaturage bugahatira abandi benshi guhitamo kujya mu buhungiro (…)
Urubyiruko rwo mu Ntara y’Amajyaruguru rwasabwe kugabanya apeti y’ibitagira umumaro ahubwo bagatangira kwihangira imirimo hakiri kare.
Ibi babisabwe na Minisitiri w’urubyiruko UTUMATWISHIMA Abdallah aho yari mu biganiro bigamije kubereka amahirwe ahari yo kwihangira imirimo ndetse no kubahuza na ba rwiyemezamirimo.
Rwari urubyiruko rugera ku1000 rwaturutse mu mashuri atandukanye muri iyo ntara.
Minisitiri yabagiriye inama yo kubanza bagakora bakiri bato bakajya kwaka akazi nyuma. (…)
Abagore babarizwa mu Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera ibidukikije, Green Party of Rwanda basabwe kuba umusemburo mu kumvikanisha neza ihame ry’uburinganire kugira ngo harandurwe ikibazo cy’abitwaza iri hame bakabangamira umuryango nyarwanda.
Umuyobozi w’iri shyaka, Hon.Frank Habineza, yabigarutseho mu ihuriro ry’urugaga rw’abagore bo mu ntara y’Amajyaruguru bashamikiye kuri green party, ko bakwiye gufata iyambere mu kubaka umuryango muri rusange, badafata ihame ry’uburinganire (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Abagize Umushinga Labenevolencia ukorera mu bihugu bigize akarere k’ibiyaga bigari, u Rwanda, Burundi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, batabgaza ko biahimira umusanzu uyi mushinga umaze kugira mu kunoza ubuhahirane bwo ku mipaka ihuza ibyo bihugu bifasha cyane abaturiye imipaka n’abacuruzi bayinyuraho mu buzima bwa buri munsi.
Byagarutsweho kuri uyu wa Gatanu ubwo bamwe mu bakozi b’uyu mushinga bareberaga hamwe ibyagezweho mu mushinga Media 4 Dialogue (…)
Nyuma yo gutungurwa n’ibitero by’Umutwe wa Hamas, abagize Guverinoma ya Israel bafashe umwanzuro wo gukuraho burundu uyu mutwe wabateye.
Ni umwanzuro wafashwe uhuriweho n’abatavuga rumwe na Guverinoma, banzuye ko urugamba rwo gutsinda umutwe wa Hamas unogejwe.
Ni guverinoma yashyizweho ihuriyemo abagize ishyaka riri ku butegetsi ndetse n’abatavuga rumwe na ryo bagamije guhuriza hamwe imbaraga mu ntambara bahangamyemo n’Umutwe wa Hamas.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu (…)
Abasanzwe batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo Ondimba uherutse guhirikwa basabye agastiko k’abafashe ubutegetsi ko niba batemera ibyavuye mu matora basubiramo ibarura ry’amajwi hakamenyekana uwari kuba Perezida watowe n’abaturage.
Aba basanzwe badacana uwaka n’umuryango wa Bongo urengeje kimwe cya Kabiri cy’ikinyejana ku ngoma ya Gabo bishimiye ihirikwa ry’ubutegetsi abenshi bavutse basanga bakaba bamwe babaye ibikwerere.
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bafite icyizere ko mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo hasozwaga igiterane mpuzamahanga mu nsanganyamatsiko igira iti ( Ni jye nzira n’ukuri n’ubugingo: nta wujya kwa Data ntamujyanye. (Yohana 14:6) Abakirisitu basengera mu itorero rya EAR Diyoseze ya Shyira basabwe gukomeza gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda bakarinda icyaricyo cyose cyacamo Abanyarwanda ibice.
Babisabwe na Guverineri w’intara y’Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice ko bakwiye gukomeza kwimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda bwatangiye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu marushanwa yo gukoresha ururimi rw’igishinwa Ishuri rya Wisdom Schools ryahize andi yose mu kuvuga neza Igishinwa aho Ambasaderi yashimye urwego abana biri shuri bamaze kugeraho.
Ni igikorwa cyabereye muri Kaminuza y’u Rwanda ya ( KIE )kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kamena 2023, aho Ambasaderi w’ubushinwa yari yitabiriye ibirori byo gukurikirana uburyo abana b’u Rwanda bamaze kumenya kuvuga neza Igishinwa no gukora ibindi bintu bitandukanye birimo (…)
Yanditswe na Habimana Chadadi
Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu yateranye ku wa Mbere, hanzuwe ko umuryango wa Africa y’Amajyepfo, SADC na wo wohereza ingabo muri Congo “kujya guhangana n’umutwe wa M23”.
Iyi nama yabereye i WINDHOEK, muri Namibia yanitabiriwe na Perezida Antoine Felix Tshisekedi, ikaba yigaga ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Congo.
Icyemezo cyo kohereza ingabo za SADC muri Congo, cyemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo Kinshasa, Christophe (…)
57 bishwe n’imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Ituri
19 August 2022Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda
13 January 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























