Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

M23 yakuriye inzira ku murima abayisaba kujya Sabyinyo
M23 yakuriye inzira ku murima abayisaba kujya Sabyinyo

Umutwe wa M23 uhanganye na leta ya Congo watangaje ko ufateze na rimwe kujya kuba mu mashyamba y’imisozi ya Sabyinyo kuko atari inyamanswa.
Ni nyuma yuko muri iyi minsi hongeye kwaduka imirwano hagati y’ingabo za Congo zifatanyije n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Congo bateye abarwanyi ba M23 bongera gukozanyaho, mu gihe hari uterwa intera yo kubahiriza inzira y’amahoro binyuze mu kurekura uduce dutandukanye uyu mutwe wari warigaruriye.
Umuvugizi wungirije (…)

424 Shares 4 Comments
Hamenyekanye umubare w'Imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwa Congo
Hamenyekanye umubare w’Imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwa Congo

Ibarura rimaze iminsi rikorwa mu Burasirazuba bwa Congo ryagaragaje ko hari imitwe yitwaje intwari igera kuri 266.
Hashize imyaka myinshi mu ntara eshanu zo mu Burasirazuba wa Congo hagaragaramo umutekano muke uterwa n’imitwe yitwaje intwaro, irimo iyashinzwe n’abakongomani ubwabo bahoze mu gisirikare cya Leta, FARDC, kimwe n’indi mitwe yaturutse hanze mu bihugu bituranyi na Congo nka Uganda, u Rwanda n’u Burundi.
Muri iyo mitwe 266, igera kuri 252 niyo ifite inkomoko muri Congo mu gihw (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abanyarwanda nibakomeza kujya gutura mu byaro ibyo kurya bizabura mu myaka iri mbere
Abanyarwanda nibakomeza kujya gutura mu byaro ibyo kurya bizabura mu myaka iri mbere

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umubare w’abaturage mu Rwanda ukomeje kwiyongera bijyanye n’ibarura rusange riherutse gukorwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) mu gihe ubutaka bw’Igihugu butaguka, arinayo mpamvu bagirwa inama yo kuyoboka gutura mu mijyi ubutaka bweraho imyaka bakareka gukomeza kubwubakaho amazu.
Kuri ubu umubare w’abaturage mu Rwanda ugeze kuri miliyoni zisaga 13 bivuze ko bari bagenda biyongera ugereranyije n’imyaka yagiye itambuka, arinaho impuguke mu (…)

424 Shares 4 Comments
Gen. Kainerugaba yakuriye inzira ku murima abashaka kuva Uganda kubera itegeko rihana abatinanyi
Gen. Kainerugaba yakuriye inzira ku murima abashaka kuva Uganda kubera itegeko rihana abatinanyi

Nyuma yo kubona inteko ishinga amategeko ya Uganda yemeje umushinga w’itegeko rihana abakora n’abashyigikiye ubutinganyi, bamwe mu bafite sosiyete z’ubucuruzi zikomeye muri iki gihugu batangaje ko bagiye kuzinga utwabo.
Ni ubutumwa bwageze ku muhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, Gen. Kainerugaba Muhoozi akaba n’umujyanama we maze nawe mu kutarya indimi yegera twitter abasubiza akaminuramuhini.
Mbere gato y’uyu mushinga w’itegeko Gen. Muhoozi yari aherutse kwandika nanone ubutumwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kenya: [Video] Polisi yaryamiye amajanja mu gukumira imyigaragambyo kuri Perezida Ruto
Kenya: [Video] Polisi yaryamiye amajanja mu gukumira imyigaragambyo kuri Perezida Ruto

Igipolisi cyo muri Kenya cyazindutse iyarubika mu mihanda kijya kwitambika no kuburizamo umugambi wa Raila Odinga wo kumukura ku butegetsi bnyuze mu myigaragambyo.
Mu mopera z’iki cyumweru Kandida Perezida watsinzwe amatora, Raila Odinga yakanguriye Abanyakenya kumufasha gukora imyigaragambyo yo kwamagana igiciro gihenze cy’imibereho, n’icyo yita perezida utemewe uri ku butegetsi.
Kuva abantu bumva uwo mugambi, muri Kenya hari ubwoba bwinshi ko iyi myigaragambyo ishobora kuvamo urugomo (…)

424 Shares 4 Comments
Congo: ADF yishe Abaturage 40 muri Mukondi
Congo: ADF yishe Abaturage 40 muri Mukondi

Abasivile 40 bishwe barashwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF abandi barakomereka.
Ni ubwicanyi bwabaye mu ijoro ryo ku itariki ya 8 Werurwe ahitwa Mukondi muri teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru.
Amakuru aravuga ko habaye no gutwika inzu nyinshi muri icyo gitero ku baturage.
Sosiyete sivile yavuze ko habaruwe 44 bishwe hahunga benshi bagana ahitwa Kalunguta na Maboya hafatwa nk’ahari umutekano.
Umuyobozi ushiznnzwe urubyiruko muri sheferi ya Bashu, Saddam Patanguli (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Tinubu yatangajwe nk'uwatsinze amatora ya Perezida wa Nigeria
Tinubu yatangajwe nk’uwatsinze amatora ya Perezida wa Nigeria

Bola Ahmed Tinubu yatsindiye kuba Perezida wa Nigeria ahigitse bagenzi be bari bahanganiye gusimbura Perezida Muhammadu Buhari wari usoje Manda ze ebyiri.
Amajwi y’agateganyo yabaruwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Gashyantare 2023, agaragaza ko uyu musaza w’imyaka 70 wahoze ari guverineri wa Leta ya Lagos ari we watsinze amatora.
Tinubu watsinze amatora ava mu ishyaka riri ku butegetsi
Nubwo Komisiyo y’amatora yatangaje uwatsinze amatora, amashyaka atavuga rumwe na Leta yari (…)

424 Shares 4 Comments
Tinubu akomeje kwanikira abo bahanganiye intebe y'Umukuru w'Igihugu cya Nigeria
Tinubu akomeje kwanikira abo bahanganiye intebe y’Umukuru w’Igihugu cya Nigeria

Umukandida Perezida, Tinubu Bola Ahmed ari kuza imbere ya Atiku Abubakar na Peter Obi bahanganiye kwicara ku ntebe y’Umukuru w’igihugu cya Nigeria mu matora ya Perezida.
Amajwi yabaruwe mu ntara 14 muri 36 zigize Nigeria, Umukandida Perezida Tinubu w’Ishyaka riri ku butegetsi yatsinze ku gipimo cya 44%. Yakurikiwe na Kandida Atiku waje afite 33%.
Peter Obi wo mu ishyaka ry’abakozi we yabaruriwe amajwi 18% nabwo bitewe nuko yakubise inshuro Tinubu muri Leta ya Lagos ari nayo murwa Mukuru (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida wa Erithrea yemeje ko Amerika iri gufasha inyeshyamba za TPLF
Perezida wa Erithrea yemeje ko Amerika iri gufasha inyeshyamba za TPLF

Perezida wa Eritrea Isaias Afwerki yashinje Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko zirimo gufasha inyeshyamba za Tigray mu ntambara zimaze igihe zihanganyemo na Leta ya Ethiopia mu ntara zigaruriye.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru b’igihugu cye, mu mugi wa Massawa, uherereye mu nkengero z’Inyanja itukura, Perezida Afwerki yavuze ko amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono na leta ya Ethiopia hamwe n’umutwe w’ingabo za TPLF zo mu ntara ya Tigray yihutishijwe na Amerika kugira ngo (…)

424 Shares 4 Comments
Umuhuza Kenyatta yasabye ko hongerwa ingabo muri Congo
Umuhuza Kenyatta yasabye ko hongerwa ingabo muri Congo

Umuhuza ku kibazo cy’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Uhuru Kenyatta, yassbye ko hongera koherezwa izindi ngabo ku bwinshi mu Burasirazuba bwa Congo ikomeje guhangana n’inyeshyamba za M23.
Inyeshyamba za M23 zikomeje gusaba Congo gushyira mu bikorwa ibyo bemeranyije ari nako zitakira amahanga n’Isi muri rusange ko ingabo za Leta (FARDC) zirimo gukorera Jenoside Abatutsi bari ku butaka bwa Congo mu gice cy’abavuga ikinyarwanda.
Hashize iminsi abakongomani, by’umwihariko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru