Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Congo yavuze ko kuganira na M23 ari nk'inzozi zitazasohora
Congo yavuze ko kuganira na M23 ari nk’inzozi zitazasohora

Mu gihe hari hitezwe intambwe ishobora gushyira akadomo ku ntambara n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo ahabera imirwano hagati y’Umutwe wa M23 na Leta ya Congo, iki gihugu cyeruye ko kitazigera kiganira nawo.
Mu minsi ishize ubwo hateranaga inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize EAC i Bujumbula ku bibazo bya Congo, humvikanye ko Perezida Tshisekedi yemeye kuzaganira n’umutwe wa umutwe wa M23 akumva icyo bifuza ariko bakarambika intwaro hasi amahoro akagaruka.
Gusa Umuvugizi (…)

424 Shares 4 Comments
Imitwe irimo na FDLR ikomoka hanze ya Congo yategetswe gitaha
Imitwe irimo na FDLR ikomoka hanze ya Congo yategetswe gitaha

Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi uri mu mitwe ituruka hanze ya Congo yategetswe kuzinga akarago igasubira aho yaturutse.
Ni bimwe mu byavuye mu myanzuro yavuye mu biganiro byabereye i Bujumbura mu Nama Idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu by’akarere k’Afurika y’Iburasirazuba EAC kuri uyu wa Gatandatu itumijwe na Perezida w’u Burundi Gen. Evariste Ndayishimiye.
Umwe mu myanzuro yafatiwemo, harimo no gusaba impande zose zirebwa n’iki kibazo, guhosha (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwanenze Perezida Tshisekedi ukomeke kurwitwaza mu bibazo byamunaniye
U Rwanda rwanenze Perezida Tshisekedi ukomeke kurwitwaza mu bibazo byamunaniye

Umwanditsi
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yatangaje ko u Rwanda rwamaganye amagambo ya Perezida Tshisekedi ukomeje kurugira urwitwazo rw’ibibazo byose bya Congo kugeza nubwo imbere ya Papa Francis yarwitwaje ko ari rwo ruhungabanya umutekano w’igihugu cye.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri ubwo yakiraga Nyirubutungane Papa Francis mu ruzinduko yatangiye muri Afurika ahereye muri Congo, mu ijambo rye Perezida Tshisekedi yongeye kugaruka ku mvugo zimaze igihe zishinja u (…)

424 Shares 4 Comments
Papa Francis yatangiye uruzinduko muri Congo
Papa Francis yatangiye uruzinduko muri Congo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2023 mu masaha ya nyuma ya saa sita nibwo Nyirubutungane, Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis yageze i Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, mu rugendo rw’iminsi itandatu agiye kugirira ku mugabane wa Afurika.
Biteganyijwe ko Papa Francis azahura n’abagizweho ingaruka n’amakimbirane amaze igihe avugwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse azahura (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na FARDC i Kitchanga
Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na FARDC i Kitchanga

Ingabo za Leta ya Congo, FARDC zifatananyije n’inyeshyamba za FDLR bahanganye n’inyeshyamba za M23 bagamije kwisubiza Umujyi wa Kitchanga.
Ni imirwano iri kubera mu Bilometero 4 aho bahanganye n’inyeshyamba za M23 bagamije kwisubiza Umujyi wa Kitchanga.
Amakuru aravuga ko imirwano yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Mutarama 2023 ndetse ko mu rukerera aribwo igitero gikaze cyagabwe n’ingabo za Leta FARDC ku birindiro by’umutwe wa M23 biri ahitwa Kistimba (mu bilometero 4 ujya mu (…)

424 Shares 4 Comments
Abadepite bagiye gushyiraho Komisiyo idasanzwe ku bibazo byo mu karere
Abadepite bagiye gushyiraho Komisiyo idasanzwe ku bibazo byo mu karere

Abagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite biyemeje gushyiraho Komisiyo idasanzwe igiye gusesengura mu buryo bwimbitse ibibazo by’umutekano muke mu karere u Rwanda ruherereyemo, by’umwihariko hagati y’u Rwanda na Congo.
Ni igitekerezo cyazamuwe n’umwe muri bo kiza gutorerwa ku bwiganze bwa 100% ndetse abagize Biro y’Inteko Ishinga Amategeko bahabwa gutegura ibijyanye nayo n’abazaba bayigize, bitarenze iminsi 15.
Hari mu gikorwa cyo kumva uko umubano w’u Rwanda n’ibihugu byo mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Biselele ibintu bikomeje kumugendekera nabi
Biselele ibintu bikomeje kumugendekera nabi

Nyuma yo gutabwa muri yombi, uwahoze ari umuhuza wa Perezida Tshisekedi kuri Kagame yinjijwe mu gihome.
Muri iki cyumweru nibwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo humvikanye inkuru yuko Fortunat Biselele wahoze ari Umujyanama wihariye wa PerezidaTshisekedi yatawe muri yombi nyuma yo kunekwaho gutanga amakuru mu bitangazamakuru byo hanze y’igihugu cye.
Ntabwo ibyaha akekwaho biratangazwa, gusa amakuru avugwa ko ari iby’ubutasi no gukorana n’umwanzi.
Umwanzuro wo kumufunga wafashwe (…)

424 Shares 4 Comments
Congo: Abihaye kwamagana Ingabo za EAC bashwiragijwe
Congo: Abihaye kwamagana Ingabo za EAC bashwiragijwe

Inzego z’umutekano, polisi ya Congo RDC zabyutse zishwiragiza urubyiruko rwabyutse rwihaye kwigaragambya rusaba ko ingabo z’ibihugu by’umuryango wa EAC zihambirizwa.
Tariki ya 14 Mutarama nibwo Abakongomani bo mu Mujyi wa Goma bibumbiye muri Muvoma y’abaturage bo muri Kivu y’Amajyaruguru, bafatanyije na sosiyete sivile bandikiye ubuyobozi bw’umugi wa Goma busaba ko bwabemerera bagakora urugendo bise urw’amahoro, basaba ko ingabo za EAC zibavira ku butaka, ko babona zisa n’izitaraje (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n'u Rwanda
Minisitiri muri Congo yasabiye FDLR ibiganiro n’u Rwanda

Nyuma yo kumva ijambo Perezida Kagame yavuze ku kibazo cya Congo n’u Rwanda, Minisitiri w’Amashuri makuru na za Kaminuza muri RDC, Muhindo Nzangi Butondo yavuze ko abagize umutwe wa FDLR ari impunzi nk’abandi bityo bakwiye ibiganiro n’u Rwanda kugira ngo zitahe.
Uyu minisitiri yumvise Perezida Kagame avuga ko u Rwanda rutazakomeza kwakira impunzi ziva mu bice bitandukanye bya Congo zigahindukira zikarubera ikibazo mu mibanire na Congo, maze avuga ko u Rwanda rudakwiriye kuvuga ku mpunzi za (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Zelensky yanze agahenge ka Noheri katanzwe na Putin
Perezida Zelensky yanze agahenge ka Noheri katanzwe na Putin

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yanze kwemera agahenge katanzwe na Perezida Putin ko guhagarika intambara ngo hizihizwe Noheri ku bayoboke b’idini rya Orthodox.
Ku wa Gatatu nibwo Perezida Putin yategetse ko haba ihagarikwa ry’imirwano hose ku rugamba muri Ukraine. Ni nyuma Yuko abisabwe na Papa w’Idini rya Orthodox ko abatuye Ukraine bahabwa agahenge bakizihiza ivuka rya Yezu Kirisito imitima idahagaze.
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yateye utwatsi icyo cyifuzo, avuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru