Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yavuguruye ingingo z’itegeko rihana rigenga Kiliziya, biba itegeko ko abapadiri bakorera abana cyangwa abakuru ihohotera rishingiye ku gitsina bazajya bahanwa harimo no kwamburwa inshingano.
Izi mpinduka mu mategeko mpanabyaha nizo za mbere zikomeye mu myaka hafi 40 ishize.
Aya mategeko mashyashya ategeka ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina, kwoshya abana bato hagamije gukorana nabo imibonano mpuzabitsina, kugira imyitwarire iganisha ku (…)
Yanditswe na Mutesi Scovia Mu karere ka Rusizi mu murenge wa Rwimbogo niho hubatse ikigo mbonezamikurire cyikitegererezo muri aka karere kugeza ubu kikaba kirererwamo abana bo mu midugudu 4.Hubatswe ibyumba bitandukajye bifasha muri gahunda zo kwita ku bana muri byo harimo bitanu abana bigiramo aho buri cyumba kigamo abana 40 bivuze ko iki kigo cyakira abana 200.
Iki kigo abakirereramo baracyirahira kuko abana babo babonye aho birirwa bahabwa ubumenyi bubafasha mu mikurire y’ubwonko (…)
Mutungirehe Samuel
Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda yasohoye ibiciro ntarengwa kuri Kotegisi (Cotex) zikoreshwa n’abagore n’abakobwa banoza isuku mu gihe cy’imihango, ari byo abandi bita kujya imugongo.
Ni nyuma yuko abatari bake bakomeje kwibutsa leta ko yagenzura ikihishe inyuma yo gukomeza kuzamuka k’ibiciro by’izo mpapuro z’isuku mu gihe mu 2019 inama y’Abaminisitiri yigeze gufata umwanzuro ko bikuriweho umusoro ku nyongeragaciro, uzwi nka TVA, hagamijwe gukomeza gufasha abari (…)
Mutungirehe Samuel
Muri gahunda yo kurushahi gukingira umubare munini w’Abanyarwanda icyorezo cya COVID-19, Leta y’u Rwanda igiye kuzabona izindi nkingo zigera kuri miliyoni eshatu n’ibihumbi magana atanu. (m 3.5) kugeza mu mpera z’uyu mwaka wa 2021.
Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel ubwo yasobanuriraga Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru RBA uko gahunda y’ikingira iteganyijwe kugera ku baturage benshi bashobora.
Yagize ati "Dufite izindi nkingo nanone dutegereje (…)
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wa tariki ya 31/5/2021 iyobowe na Perezida Paul Kagame birimo ko Imihango yo gusaba ndetse no kwiyakira bijyanye n’ubukwe birasubukuwe.
Nubwo iyo mihango yasubukuwe ariko ntibigomba kwitabirwa n’abantu barenze 30.
Icyakora, iyo byabereye muri hoteli, ahandi hantu hagenewe imyidagaduro cyangwa mu busitani, ntibigomba kurenza 30% by’ubushobozi bwo kwakira abantu bw’aho bateraniye, kandi berekanye ko bipimishije COVID-19. Amabwiriza (…)
Yanditswe na Mutesi Scovia
Mu karere ka Rusizi, mu murenge wa Gitambi kuboneza urubyaro kuri bamwe ntibarabyumva kandi bifite uruhare mu gutera abana imirire mibi no kungwingira.
Ibi bigarukwaho n’umukozi ushizwe kurwanya imirire mibi mu bana ku kigonderabuzima cya Mashesha Esther Zawadiyamungu avuga ko bamwe mu babyeyi batarumva ko kuboneza urubyaro byarinda imirire mibi n’ingwingira ku abana.Yagize ati “umubyeyi atangira kwitabwaho agisama inda agapimwa ibipimo byose kandi (…)
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB uyu munsi rwafunze Uzaramba Karasira Aimable rumukurikiranyeho icyaha cyo guhakana no guha ishingiro jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 n’icyaha cyo gukurura amacakubiri.
RIB yatangaje ko Karasira amaze iminsi atanga ibiganiro ku mbuga nkoranyambaga biha ishingiro jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 bigaragaza ko itateguwe, binabiba amacakubiri mu banyarwanda.
Ibyaha akurikiranweho biteganywa kandi bigahanwa n’ingingo ya 5 n’iya 7 (…)
Muri Leta ya Uttar Pradesh ari nayo ituwe cyane mu Buhinde, kuri uyu wa Mbere habarurwe abantu 25 bamaze gupfa bazize kunywa inzoga ya liqueur batazi ko umugizi wa nabi yayibategeyemo.
Iyi nzoga, nk’uko Ajab Singh Umuvugizi wa Polisi yo muri ico gihugu kiza ku mwanya wa kabiri mu bituwe n’abantu benshi ku isi, yaguzwe n’abasore babiri ku wa Kane w’iki cyumweru gishize mu kaduka kamaze igihe gafunzwe kubera amabwiriza yo kwirinda COVID-19.
Uyu muvugizi yakomeje avuga ko kugeza ubu abantu (…)
Perezida Kagame Paul yakiriye ikipe y’u Rwanda ya Basketball , Patriots BBC, yahagarariye igihugu muri Shampiyona Nyafurika ya Basketball (BAL). Ibiganro byabereye mu biro by’Umukuru w’Igihugu, muri Village Urugwiro.
Perezida Kagame yabwiye abakinnyi ba Patriots ko iyo ugiye mu marushanwa gutsinda no gutsindwa biba bishoboka.
yakomeje agira ati "Gutsinda no gutsinda ni ibigize ubuzima. Iyo utsinzwe ntupfusha ubusa icyo gihombo, kuko icyo gihombi kikugeza isomo ryo kwiga. Niiba hari (…)
Mu mpamvu muzi Leta y’u Rwanda ihamagarira buri wese wahawe doze ya mbere y’urukingo rwa COVID-19 kwihutira gufata iya kabiri zirimo ko byagaragaye ko mu bari kwandura iki cyorezo barimo n’abahawe doze ya mbere.
Byatangajwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubuzima akaba n’Umuyobozi w’Ishami rishinzwe amakuru muri iyi Minisiteri, Mahoro Julien Niyingabira, ubwo yasobanuriraga Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru RBA uko abahawe doze ya mbere y’Urukingo rwa Astra Azeneca badakwiye kwirara gufata (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















