Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Congo DRC yibeshye ko ikirunga cya Nyamulagira kirimo kuruka ari abatwitse amakara
Congo DRC yibeshye ko ikirunga cya Nyamulagira kirimo kuruka ari abatwitse amakara

Mu kanya gato Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itangarije isi ko ikirunga cya Nyamulagira nacyo kirimo kuruka inatanga amerekezo kiri kuruka biganamo.
Ni amakuru asamiwe hejuru n’ibinyamakuru bitari bike ku isi byiganjemo ibyo ku mugabane w’Uburayi.
Ntihaciyeho iminota mike, Minisiteri y’Itumanaho muri icyo gihugu irekuye itangazo ko habayeho kwibeshya kuko bohereje indege mu kirere hejuru y’icyo kirunga isanga ni umwotsi watewe n’abakongomani barimo gutwika (…)

424 Shares 4 Comments
AMAKURU MASHYA: Ikirunga cya Nyamuragira nacyo kirimo kuruka
AMAKURU MASHYA: Ikirunga cya Nyamuragira nacyo kirimo kuruka

Amakuru mashya muri aya masaha yo ku wa Gtandatu tariki ya 29 GICURASI 2021 ni uko ikirunga cya Nyamulagira nacyo cyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kirimo kuruka.
Guverinoma ya Congo DRC, yavuze ko igikoma cy’ikirunga kiri kujya muri pariki ya Virunga ahantu hadatuwe.
Ikirunga cya Nyamuragira cyaherukaga kuruka vuba aha ku itariki ya 8 ugushyingo 2011.
Ibi bibaye nyuma y’icyumweru na Nyiragongo irutse ubu bamwe mu bakongomani bakaba tarasubira mu byabo kuko abarenga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abanyarwanda ba mbere batangiye guhabwa Doze ya Kabiri y'urukingo rwa Astra Zeneca
Abanyarwanda ba mbere batangiye guhabwa Doze ya Kabiri y’urukingo rwa Astra Zeneca

Nyuma yuko u Rwanda rubonye izindi nkingo za Astra Zeneca zo gukingira abahawe udoze ya mbere, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Gicurasi 2021 Abanyarwanda ba mbere batangiye guhabwa doze ya kabiri y’urwo rukingo.
Ku wa Gatanu ni bwo indege za Gisirikare z’u Rwanda zagejeje ku bitaro bikuru mu ntara hose doze ya kabiri y’urukingo rwa Astra Zeneca, ibitaro nabyo bizigeza ku bigo nderabuzima byose aho abaturage batangiye kurufatira.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ibigo nderabuzima 500 (…)

424 Shares 4 Comments
Ubudage bwashyize bwemera ko bwakoze Jenoside muri Namibia bunatanga indishyi
Ubudage bwashyize bwemera ko bwakoze Jenoside muri Namibia bunatanga indishyi

Leta y’u Budage yatangaje ko yemeye uruhare yagize mu bwicanyi bwafashwe nka Jenoside bwakorewe abaturage bo muri Namibia bo mu bwoko bw’Aba-Nama na Herero.
Mu 1884 kugera mu 1915, u Budage bwari bukolonije Namibia, igihugu cyari gituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’aba-Nama ndetse na Herero.
Aba baturage ntibakunze Abadage maze batangira ibikorwa byo guhangana n’ingabo zabo, biza kuba ngombwa ko Leta yariho.
Ubudage ntibwazuyaje icyo gihe bwahise bwohereza igitaraganya General Lothar von (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yaherekeje Macron wasoje uruzinduko rwe mu Rwanda (Amafoto)
Perezida Kagame yaherekeje Macron wasoje uruzinduko rwe mu Rwanda (Amafoto)

Perezida Kagame Paul yaherekeje mugenzi we Emmanuel Macron wasoje uruzinduko rwe mu Rwanda amazemo iminsi ibiri, guhera kuri uyu wa kane tariki ya 27 Gicurasi 2021.
Ni uruzinduko rw’amateka Perezida Macro akoreye mu Rwanda nawe ubwe mbere yo guhaguruka yerekeza i Kigali yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ko agiye gufungura Paji Nshya mu mubano w’Ubufaransa n’u Rwanda.
Uyu ni perezida wa kabiri w’iki gihugu ugiriye usuye u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko uheruka ari (…)

424 Shares 4 Comments
Abahawe urukingo rwa Astra Zeneca bagiye guhabwa urwa Kabiri
Abahawe urukingo rwa Astra Zeneca bagiye guhabwa urwa Kabiri

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu igiye gusubukura ubukangurambaga bwo gukingira icyorezo cya COVID-19 mu gihugu hose, hatangwa urukingo rwa Kabiri ku bahawe urwa OXFORD-Astra Zeneca.
Ni gahunda isubukuwe nyuma yo kwakira izindi nkingo z’ubwo bwoko 247,000 zirimo izingana na 117 600 zatanzwe na Perezida Macro uherutse mu Rwanda ku wa Kane tariki ya 27 Gicurasi 2021.
Usibye izo zazanywe na Perezida Macro, u Rwanda rwatangaje ko izindi rwazibonye binyuze muri gahunda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Macro yanditse amateka, yemeye uruhare rw'igihugu cye muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Macro yanditse amateka, yemeye uruhare rw’igihugu cye muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macro, yanditse amateka atazibagirana muri politiki y’igihugu cye, yemerera Abanyarwanda n’isi yose uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ni inkuru yari itegerejwe cyane n’abanyarwanda kimwe n’amahanga n’abafaransa muri rusange cyane ko kuva na mbere nta mukuru w’igihugu cy’Ubufaransa wigeze ahirahira kwemeza ko Ubufaransa bwagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Yabitangaje kuri uyu wa Kane ubwo yari ageze mu Rwanda (…)

424 Shares 4 Comments
EPRN igiye guhuriza hamwe abashakashatsi biga uburyo bwo kuzahura ubukungu bawashegeshwe na COVID-19
EPRN igiye guhuriza hamwe abashakashatsi biga uburyo bwo kuzahura ubukungu bawashegeshwe na COVID-19

Mutungirehe Samuel
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 27 Gicurasi 2021, i Kigali harateranira inama ngarukamwaka ihuza abashakashatsi, ibigo bya Leta, imiryango itari iya Leta, abahagarariye urwego rw’abikorera n’abanyamakuru, bungurana ibitekerezo ku bizagaragazwa byavuye mu bushakashatsi.
Ni inama yateguwe n’Ikigo cy’ubushakashatsi n’amahugurwa “EPRN" ikaba ibaye ku nshuro ya karindwi;kuri iyi nshuro insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti “Ingamba zo kuzahura ubukungu bwashegeshwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
I Kigali hagiye gushyirwamo amagare yo kugendaho utiriwe utega imodoka cyangwa moto
I Kigali hagiye gushyirwamo amagare yo kugendaho utiriwe utega imodoka cyangwa moto

Mu Mujyi wa Kigali hagiye gushyirwaho ahantu hatandukanye hazajya haba hari amagare ku buryo umuntu ukeneye kujya mu gace runaka azajya arifata akaritwara akarisiga ahantu habugenewe.
Ni gahunda Umujyi wa Kigali ufatanyijemo na Guararide mu bukangurambaga bwo gufasha abantu gukoresha uburyo bw’amagare mu ngendo zabo mu Mujyi , nka bumwe mu buryo bw’ubwikorezi bugamije kurengera ibidukikije kandi bugateza imbere imibereho myiza y’ababukoresha.
Byumvikane ko serivisi yo gutizwa iryo gare (…)

424 Shares 4 Comments
Macro aratangaza iki namara gushyira indabo ku rwibutso no kunamira Abatutsi bazize Jenoside igihugu cye gishinjwa kugiramo uruhare
Macro aratangaza iki namara gushyira indabo ku rwibutso no kunamira Abatutsi bazize Jenoside igihugu cye gishinjwa kugiramo uruhare 

Kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Gicurasi 2021 Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macro aragirira uruzinduko mu Rwanda, rwitezweho kuzahura umubano umazemo agatotsi hagati y’u Rwanda n’ubufaransa ahanini bishingiye ku kuba iki gihugu kitaremera uruhare rwacyo muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ni uruzinduko Umukuru w’Igihugu cy’Ubufaransa akoze nyuma y’imyaka irenga 10 kuko uruheruka rwabaye mu 2010 ubwo Perezida Nicolas Sarkozy yasuraga u Rwanda.
Biteganyijwe ko Perezida Macro nagera mu Rwanda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru