Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Ikoreshwa nabi ry'umutungo wa Leta ryagabanyutseho agera kuri miliyari 3 Frw umwaka ushize
Ikoreshwa nabi ry’umutungo wa Leta ryagabanyutseho agera kuri miliyari 3 Frw umwaka ushize

Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yagaragaje ko mu 2020, igenzura ryakozwe muri ryagaragaje ko amafaranga yakoreshejwe nta nyandiko ziyasobanura; ayasohotse inyandiko zidahagije; ayasesaguwe; ayasohotse nta burenganzira n’ayanyerejwe cyangwa yasohotse mu buriganya yagabanutse ku kigero cya 65% ugereranije n’umwaka wa 2019. Yose hamwe yabaye Miliyari 5,7 Frw avuye kuri miliyari miliyari 8,6 mu 2019.
Iyi raporo igaragaza ibyavuye mu bugenzuzi bwerekeye imikoreshereze y’umutungo (…)

424 Shares 4 Comments
Rwanda: Hagiye gusubizwaho amashami y'ubuforomo n'ububyaza
Rwanda: Hagiye gusubizwaho amashami y’ubuforomo n’ububyaza

Miniteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye gusubizaho Ishami ry’Ubuforomo n’Ububyaza mu mashuri yisumbuye mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ubuke bw’abaganga kikigaragara.
Minisante yavuze ko ku ikubitiro hagiye gutangira ibigo bitanu bizatangira gutanga amasomo y’ubuforomo,
Minisante yavuze ko ku ikubitiro hagiye gutangira ibigo bitanu bizatangira gutanga amasomo y’ubuforomo, ububyaza , gutera ikinya no gusinziriza.
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubuzima, Julien Mahoro Niyingabira yabwiye IGIHE (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urubanza rwa Rusesabagina na bagenzi be rwakomeje; uko abarwanyi ba FLN binjiye i Rusizi
Urubanza rwa Rusesabagina na bagenzi be rwakomeje; uko abarwanyi ba FLN binjiye i Rusizi

Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka rwasubukuye urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina na bagenzi be. Kuri uyu munsi, hatangiye humvwa ubwiregure bw’uwitwa Shabani Emmanuel. Uyu mugabo yavuze ko mu 2015, yisanze mu bibazo bikomeye agirana ikibazo n’umugore bituma batandukana. Yavuze ko byari ibihe bimukomereye, ava aho yari atuye ajya kuba i Bukavu kuko ariho nyina atuye.
Uyu mugabo yavuze ko yari asanzwe ari umuhinzi, kuko yarangije (…)

424 Shares 4 Comments
Ngoma: Isibo yabaye umuyoboro wo gushyira abaturage mu byiciro by'ubudehe bya banyuze
Ngoma: Isibo yabaye umuyoboro wo gushyira abaturage mu byiciro by’ubudehe bya banyuze

Abaturage bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Rurenge,bavuga ko banyuzwe n’ibyiciro bashyizwemo kubera uko bahanye amakuru binyuze mu masibo babarizwamo.
Aba baturage bemeza ko kwifashisha urwego rw’Isibo byatumye nta muturage ubasha guhisha amakuru y’imitungo ye kuko bose baba baziranye, ariyo mpamvu bavuga ko ibyiciro ni bitangazwa bazanyurwa nabyo kubera ko babigizemo uruhare.
Uyu ni Mukamurigo Devotha atuye mu Murenge wa Rurenge mu Kagari ka Musya mu Isibo y’Urugerero,yemeza ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mureke kumera nk'isenene – Perezida Kagame avuga ku mahitamo akwiye kuranga abanyarwanda
Mureke kumera nk’isenene – Perezida Kagame avuga ku mahitamo akwiye kuranga abanyarwanda

Perezida Kagame yasabye abanyarwanda kurangwa n’amahitamo aboneye, bakirinda guhora iteka begeka ibibazo byabo ku bandi ahubwo bakareba bo uruhare babigizemo kuko bitabaye ibyo baryana ababibateje bo mu mahanga babarebera.
Yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 30 Mata 2021, atangiza Inama ya Komite Nyobozi yaguye y’Umuryango wa FPR Inkotanyi yateraniye ku cyicaro gikuru cyawo i Rusororo mu Karere ka Gasabo.
Iyi nama y’iminsi ibiri yabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda icyorezo (…)

424 Shares 4 Comments
Ruriba: Abafite ababo bajugunywe muri Nyabarongo mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi babibutse
Ruriba: Abafite ababo bajugunywe muri Nyabarongo mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi babibutse

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu Murenge wa Kigali, basabye ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugenge inkunga yo gusana urwibutso rwa Jenoside rwandiseho amazina y’imiryango y’ababo baguye muri Jenoside, ariko akaba ari kugenda asibama kubera ko uru rwibutso rutangiye kwangirika.
Ibi babisabye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Mata 2021, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wakozwe n’abo mu Murenge wa Kigali.
Urwibutso rwa Jenoside yakorewe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Mata 2021, Abarundi bari bamaze igihe mu Rwanda nk'impunzi basubiye iwabo,
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Mata 2021, Abarundi bari bamaze igihe mu Rwanda nk’impunzi basubiye iwabo,

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Mata 2021, Abarundi bari bamaze igihe mu Rwanda nk’impunzi basubiye iwabo, bagaragaza ko bazakumbura u Rwanda nubwo bishimiye gutaha.
Aba Barundi 159, basubiye iwabo bambukiye ku Mupaka wa Nemba, uhuza Akarere ka Bugesera mu Burasirazuba bw’u Rwanda, n’Intara ya Kirundo mu Burundi.
Abatashye none, ni abari batuye mu bice bitandukanye by’u Rwanda nko mu Mujyi wa Kigali, i Nyamata mu Bugesera n’ahandi. Abenshi muri bo bari mu Rwanda kuva mu 2015 ubwo mu (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda na Denmark byasinye amasezerano y'ubufatanye mu bijyanye na politiki no guca ubuhunzi
U Rwanda na Denmark byasinye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye na politiki no guca ubuhunzi

Leta y’u Rwanda n’iya Denmark zashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi, azibanda ku guteza imbere ubufatanye mu ngeri zirimo politiki no kwita ku bibazo by’impunzi.
Ni amasezerano magari azatuma ibihugu byombi bishyiraho umurongo ngenderwaho uzatuma byungurana ibitekerezo ku bibazo by’impunzi ku Isi.
U Rwanda rwitezweho kuzasangiza Denmark ubunararibonye bwarwo ku buryo bwiza bwo gukemura ikibazo cy’ubuhunzi ku rwego mpuzamahanga.
Umunyamabanga wa Leta muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Sous-Lieutenant abofisiye 721 bashya mu Ngabo z'u Rwanda
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Sous-Lieutenant abofisiye 721 bashya mu Ngabo z’u Rwanda

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yinjije mu Ngabo z’u Rwanda abofisiye 721 bari bamaze igihe mu masomo ya gisirikare, abaha ipeti rya Sous-Lieutenant.
Uyu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare riri i Gako i Bugesera. Wabaye hubahirijwe amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 kimaze igihe cyugarije igihugu.
Abasoje amasomo yabo uyu munsi uko ari 721 barimo abakobwa 74. Bose bari mu byiciro bitatu barimo ikigizwe n’abanyeshuri 209 bize amasomo (…)

424 Shares 4 Comments
Impunzi ziba muri Malawi zirimo iz'Abanyarwanda zose zahawe iminsi mike ngo zisubire mu nkambi
Impunzi ziba muri Malawi zirimo iz’Abanyarwanda zose zahawe iminsi mike ngo zisubire mu nkambi

Leta ya Malawi yafashe ikemezo cyo gusubiza mu nkambi impunzi zose zicumbikiwe kuri ubwo butaka, zisanzwe zikorera imirimo y’ubucuruzi mu migi no mu byaro hatari mu nkambi, ziganjemo iz’Abanyarwanda, Abarundi, n’Abakongomani bagiye bahungirayo mu bihe bitandukanye.
Ni ikemezo guverinoma ya Malawi yafashe mu cyumweru gishize, iha izo mpunzi iminsi 14 izageza tariki ya 28 Mata 2021.
Kuva aho iryi tangazo zigiye ahagaragara, icyoba ni cyose muri izo mpunzi ko abenegihugu bashobora (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru