Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Musanze: Abakorera mu isoko rya Gacaca barasaba kubakirwa

Abacururiza mu isoko rihereye mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze baravuga ko babangamiwe no kunyagirwa ndetse n’izuba bitewe nuko ritubakiwe. Abaganiye na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko kuba iri soko ritubakiwe bibateza igihombo gikomeye.
Umwe muri aba bacuruzi witwa Munyengabe Jean D’amour yagize ati”tubagamiwe no kunyagirwa n’izuba bitewe nuko aha dukorera hatubakiye, utundi dusantere baratwubaka ariko hano turi mu bwigunge dukeneye ko mudukorera ubuvugizi tugakorera ahantu heza.” (…)

Nyanza: Barinubira umwanya bamara bategereje ko bafashwa gupakurura umusaruro baba bazanye ku ukusanyirizo
Nyanza: Barinubira umwanya bamara bategereje ko bafashwa gupakurura umusaruro baba bazanye ku ukusanyirizo

Abagemura imyaka ku ikusanyirizo riherereye mu murenge wa Rwabicuma mu ka karere ka Nyanza, barinubira umwanya bamara bategereje ko bafashwa gupakurura ibyo baba bazanye. Mu mudugudu wa Rwamushumba mu kagari ka Gishike mu murenge wa Rwabicuma w’akarere ka Nyanza, ni ho twasanze abashoferi n’ababafasha bazana imyaka ku ikusanyirizo riri muri aka gace aho bavuga ko baterwa igihombo no kumara igihe kinini bategereje gupakururirwa imyaka baba bazanye. Umushoferi witwa Fils ati"ikibazo dufite (…)

424 Shares 4 Comments
Huye:Umuturage yatemewe ibiti by'ikawa bigera ku ijana
Huye:Umuturage yatemewe ibiti by’ikawa bigera ku ijana

Mu karere ka Huye mu murenge wa Mukura akagari ka Bukomeye hari umuturage uvuga ko yatemewe ibiti bigera ku ijana by’ikawa akeka ko byatemwe niwitwa Nyandwi. Ni umuturage witwa Nyaminani Daniel twasanze mu murenge wa Mukura mu kagari ka Bukomeye mu mudugudu wa Gahanga, avuga ko aherutse gutemerwa ibiti by’ikawa bigera ku 100 akeka kko byatemwe n’uwitwa Nyandwi ngo kuko nubundi asanzwe abikorera abaturanyi be. Nyaminani yagize ati”yarazangije yahereye ku murongo avunagura asatagura ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umusoro utangwa ni inkingi itajegajega mu gushyigikira iterambere ry'igihugu
Umusoro utangwa ni inkingi itajegajega mu gushyigikira iterambere ry’igihugu

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’amahoro gitangaza ko mu mwaka w’ingengo y’imari utaha wa 2025/2026, gifite intego yo gukusanya 54% by’ingengo y’imari ya miliyari 7.032,5 Frw zizakoreshwa.
RRA ivuga ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari batangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga imisoro mishya iheruka kwemezwa, ibi ngo bizatuma ubukungu bw’igihugu bukomeza kuzamuka.
Komiseri mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) Niwenshuti Ronald, ubwo yari mu gikorwa cyo gusoza (…)

424 Shares 4 Comments
Rusizi: Imodoka bahawe na Perezida imaze imyaka ibiri idakora
Rusizi: Imodoka bahawe na Perezida imaze imyaka ibiri idakora

Mu 2015 Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemereye imodoka aba basaza n’abakecuru bibumbiye muri koperative ikora ubuhinzi n’ubworozi, nyuma y’aho bamugejejeho ikibazo cy’uko bagorwa no kugeza umusaruro wabo ku masoko, bayihabwa kuwa 17 Werurwe 2016. Iyi modoka yo mu bwoko bwa Hino bavuga ko yabafashije kongera umusaruro wa koperative kuko uretse kugeza umusaruro wabo ku masoko, yagiye ibona n’ibiraka byo gutwara amakara n’imbaho ibijyana i Kigali, ndetse ikanakodeshwa n’inganda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyamasheke: Imyaka 6 irashize babeshywa guhabwa umuriro, kandi barawuhoranye
Nyamasheke: Imyaka 6 irashize babeshywa guhabwa umuriro, kandi barawuhoranye

Bamwe mu baturage bo mu tugari twa Banda na Gakenke turi hagati mu ishyamba rya Nyungwe mu murenge wa Rangiro, bamaze imyaka itandatu badafite umuriro w’amanyarazi nyuma y’aho muri 2019 inkuba ikubise ibikoresho by’mirasire y’izuba byatumaga babona umuriro w’amashayarwazi. Mu 2017 nibwo umushoramari yashyize ibikoresho bihindura imirasire y’izuba igatanga ingufu z’amashanyarazi mu isantire ya Banda yo mu Kagari ka Banda mu murenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke. ---- Uyu mushinga wa (…)

424 Shares 4 Comments
Ibiciro byiyongereyeho 7.3% mu kwezi kwa Nyakanga
Ibiciro byiyongereyeho 7.3% mu kwezi kwa Nyakanga

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare, NISR cyatangaje ko ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 7.3% ugereranije n’igihe nkiki mu mwaka wa 2024 aho byari byiyongereyeho 7%.
Igipimo ngenderwaho cyifashishwa mu bukungu bw’u Rwanda kiboneka hifashishijwe gusa ibiciro byakusanyijwe mu mijyi; kuko ariho hashobora kuboneka abifite n’abatifite mu buryo babasha kugera kuri byose nkuko impuguke mu bukungu zibitangaza. Mu mijyi mu Rwanda muri Nyakanga 2025 ibiciro byazamutseho 7.3% ugereranije na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Amashu yahindutse ibiryo by'amatungo kubera kubura isoko
Rubavu: Amashu yahindutse ibiryo by’amatungo kubera kubura isoko

Hari bamwe mu bahinzi b’amashu bo mu mirenge ya Bugeshi na Mudende, bataka igihombo bagaragaza ko gikomeye, gituruka kukubura isoko ry’umusaruro w’amashu ku buryo ubungubu byageze aho basigaye bayagaburira amatungo. Nkuko aba baturage bakomeza babigaragaza, bavuga ko ibi byabateje igihombo gikomeye, cyane ko hari n’abari baragujije nko muri za banki, kugira ngo bahinge kino gihingwa, bagasaba leta kubashakira isoko.
Nyiransengiyumva Tasiyana, ni umwe muri bano bahinzi bataka igihombo, (…)

424 Shares 4 Comments
GISAGARA: ABATURAGE BAKWA AMAFARANGA KUGIRA NGO BAKEMURIRWE IBIBAZO
GISAGARA: ABATURAGE BAKWA AMAFARANGA KUGIRA NGO BAKEMURIRWE IBIBAZO

Mu Karere ka Gisagara mu murenge wa Musha mu kagari ka Kigarama, hari abaturage bahangayikishijwe n’abayobozi b’imidugudu babaka amafaranga bita ay’umuti w’ikaramu kugira ngo babakemurire ibibazo. Aba ni bamwe mu baturage twaganiriye batuye mu murenge wa Musha mu kagari ka Kigarama, aho bavuga ko abayobozi b’imidugudu bapfukirana ibibazo byabo kubera ko badatanga amafaranga y’umuti w’ikiramu. Umwe yagize ati “Ni amazi y’ikaramu waba udakoze mu mufuka ngo umuhe agahita aguca amazi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyamasheke: abarema isoko rya Rugari baremeza ko ubuzima bwongeye kugaruka
Nyamasheke: abarema isoko rya Rugari baremeza ko ubuzima bwongeye kugaruka

Isoko mpuzamipaka rya Rugari biturutse ku kuba abenshi mu babagana ari abanyecongo baturutse I Bukavu.
Umwe muri bo ati " Ubu byarahindutse nawe urabireba isoko rimeze neza cyane, maze gucuruza inka zanjye ebyiri. Abashi ndetse n’abakongomani babaye benshi hano."
Nyuma yaho imirwano ihagaze M23 imaze gufata umujyi wa Bukavu, abacuruzi ba matungo muri iri soko bemeza ko ibibazo byahise birangira kuburyo nabaturuka muri uyu mujyi wa Bukavu barushijeho kwiyongera.
buyobozi bw’akarere (…)

424 Shares 4 Comments
Huye: Abahinzi b'umuceri barataka igihombo baterwa no kuba ifumbire bayigura ibahenze
Huye: Abahinzi b’umuceri barataka igihombo baterwa no kuba ifumbire bayigura ibahenze

Abahinzi b’umuceri bo mu karere ka Huye baravuga ko imbaraga bashora mu buhinzi n’ibyo bakuramo bidahura, bagatunga agatoki ifumbire bakoresha ihenze, ibintu bavuga ko biri kubateza igihombo, bagasaba ko hagakwiye kongerwa amafaranga bahabwa ku kiro kuko ngo ari make. Bamwe mu bahinzi twaganiriye bahinga umuceri mu bishanga birimo icya Mwogo na Rwamamba mu karere Huye, bavuga ibyo bashora mu buhinzi birimo nk’ifumbire n’ibindi bibahenda, ariko bagahabwa amafaranga make ku kiro, ibintu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru