Abacururiza mu isoko rihereye mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze baravuga ko babangamiwe no kunyagirwa ndetse n’izuba bitewe nuko ritubakiwe. Abaganiye na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko kuba iri soko ritubakiwe bibateza igihombo gikomeye.
Umwe muri aba bacuruzi witwa Munyengabe Jean D’amour yagize ati”tubagamiwe no kunyagirwa n’izuba bitewe nuko aha dukorera hatubakiye, utundi dusantere baratwubaka ariko hano turi mu bwigunge dukeneye ko mudukorera ubuvugizi tugakorera ahantu heza.” (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Imwe mu ndege z’ikigo cya Tanzania gikora ingendo zo mu kirere yafatiriwe na Leta y’u Buholandi kubera ideni iki gihugu kibereyemo Ikigo cyo muri Suède cyayitsinze mu rubanza.
Amakuru dukesha Igihe, avuga ko iyi ndege yafatiwe ku kibuga cyo mu murwa mukuru, Amsterdam ku itegeko ryatanzwe n’Urukiko rwo mu Buholandi.
Ifatirwa ry’iyi ndege ryaturutse ku rubanza ikigo cyo muri Suède cyitwa ‘EcoEnergy Africa AB’ gifite umushinga w’uruganda rukora isukari mu (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ikigo cy’Indege cya Tanzania, Air Tanzania, cyahagaritse gukoresha indege za Airbus A220 kubera ikibazo cya moteri zazo, ubu ikomeje gushaka uburyo bwo kuziba icyo cyuho.
Nation yatangaje ko imwe mu ndege za Air Tanzania yo mu bwoko bwa A220, iheruka gukora urugendo ku wa 3 Mutarama, ubu iparitse ku Kibuga cy’Indege cya Maastricht Aachen mu Buholandi.
Indege ya kabiri yo iparitse ku kibuga cy’indege i Dar es Salaam, nyuma yo gukora urugendo rwa nyuma ku wa (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Beijing mu Bushinwa bwategetse ko za parikingi, inzu z’ubucuruzi ndetse n’inzu ndangamurage bifungwa guhera kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022 kubera ubwiyongere bwa Covid-19.
Ku rundi ruhande, imijyi myinshi y’u Bushinwa yo yategetswe kongera gupima abantu bose mu kwirinda ko Covid-19 yakwira igihugu bigahungabanya ubukungu.
U Bushinwa bugaragaza ko abagera ku 28.127 basanzwemo iyi virus, abajya kungana n’abayanduraga buri (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Mu ntara ya Java yo mu Burengerazuba bwa Indonesia abantu basaga 56 bahitanwe n’umutingito ukomeye wari ufite manyitide ya 5.6.
Kuri uyu wa mbere, Guverineri wa Java, Ridwan Kamil, yemeje ko abantu 56 babuze ubuzima bazize umutingito wibasiye cyane umujyi wa Cianjur, nko mu birometero 75 mu Majyepfo y’Umurwa Mukuru, Jakarta.
Ridwan yagize ati: “Hariho abaturage bafatiwe ahantu hitaruye… ku buryo dukeka ko umubare w’abakomeretse n’abapfuye uziyongera uko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera inama mpuzamahanga yiga ku guhuza imibereho ya Gikirisitu n’ubucuruzi, (Kingdom Business Forum).
Itorero Fatherhood Sanctuary niryo ryateguye iyi nama, izitabirwa n’abarenga ijana baturutse mu bihugu birenga bine ku Isi.
Mu kiganiro n’itangazamaku cyabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Ugushyingo, ku myitegura yiri huriro, Bishop Hakizimana Pacifique, uhagarariye Fatherhood Sanctuary mu buryo bw’Amategeko (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Inzego z’umutekano za Mozambique zataye muri yombi Abashinwa babiri bakurikiranyweho icyaha cyo kwigana telefone z’uruganda rw’Abanayerika Apple zizwi nka ‘iPhone’.
Ubwo aba Bashinwa bafatwaga basanganywe iPhones z’inyiganano 1165. Bivugwa ko bari barafashe inyubako nini ‘apartment’ imwe iherereye mu Murwa Mukuru, Maputo bayihindura nk’uruganda ku buryo ariho bakoreraga ibi bikorwa byose.
Polisi ya Mozambique yatangaje ko aba Bashinwa bari bafite (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuherwe wa mbere ku Isi, Elon Musk, nyuma yo kwegukana urubuga nkoranyambaga rwa Twitter, yahise yirukana bane mu bayobozi bari barimo n’umwe mu birukanye Donald Trump.
Elon Musk, yaguze Twitter kuri miliyali 44 z’amadorari y’Amwerika. Nyuma y’ibyo ntiyatindijemo gushyira mu bikorwa umugambi we wo kwirukana abakozi bari basanzwemo.
CNN, yatangaje ko Elon Musk kugura urubuga rwa Twitter, yahise yandika kuri uru rubuga avuga ati: “Inyoni irarekuwe.” (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Impuguke mu bya politiki no kurengera ikiremwa muntu muri Teritwari ya Rutshuru Dr. Aimable Gafurura, aremeza ko mu gihe M23 yagumana uduce yigaruriye twa Kazuba, Bweza na Ntamugenga abaturage baturiye Goma bazicwa n’inzara.
Ni mu kiganiro yagiranye n’Ijwi ry’Amerika, dukesha iyi nkuru,
Dr Gafurura usanzwe ari umuturage utuye muri Rumangabo akaba ari umushakahatsi mu bya politiki n’uburenganzira bwa muntu yavuze ko ibiryo hafi ya 60% bitunze umujyi wa Goma (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Zimewe muri banki zo muri Turukiya nka Isbank na Denizbank zabujijwe kwishyurana zifashishije ikoranabuhanga ryakorewe mu Burusiya ryitwa "Mir", ryifashishwa mu koroshya ihererekanya ry’amafaranga.
Ni nyuma ya gasopo bahawe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko nibakomeza bashobora guhanwa kubera ibihano Uburayi na Amerika bari gushyiriraho Uburusiya kuva bwashoza intambara kuri Ukraine.
Mu cyumweru gishize Banki nkuru ya Amerika yatangaje ko yiteguye (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umwalimu SACCO ni koperative ikora mu buryo bwo kubitsa no kuguriza abari mu mwuga w’uburezi ariko n’abandi bayishakamo serivisi ikaba yazibaha mu buryo butandukanyeho gato n’abarezi.
Gusa abarimu badafite impamyabumenyi z’uburezi ntibahabwa inguzayo ku nyungu imwe n’abigisha barize uburezi nkuko Umuyobozi Mukuru w’Umwalimu SACCO yabisobanuriye Mamaurwagasabo.
Akanshi impamvu abarimu batize ubure badahabwa inguzanyo byoroshye ni uko Umwalimu SACCO (…)
Menya imisoro yazamuwe n’uko izatangira kubahirizwa mu gihugu
11 February 2025
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























