Mu gihe bamwe mu rubyiruko rwo mu Rwanda bagihangayikishijwe n’ubushomeri, hari abandi bafashe iya mbere mu kwihangira imirimo binyuze mu buhinzi n’ubworozi. Urugero ni urubyiruko rwo mu Karere ka Kayonza, rwibumbiye mu itsinda rya Power of Youth in Agriculture Modernization (PYAM), rwahisemo gukora ubuhinzi bw’akarima k’igikoni kimukanwa, aho bahinga imboga n’imbuto mu macupa n’ibiti, bakoresheje ubuhanga bwo kuhira ku buso buto. Mu gihe kitageze ku mwaka, bamaze kubona inyungu irenga (...)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuyobozi w’akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yavuze ko ibyo bagezeho byose mu iterambere ry’akarere babikesha ubuyobozi bwiza bwa Perezida Paul Kagame.
Yabitangaje ubwo Perezida Kagame yasuraga abaturage bo muri ako karere, avuga ko bageze kuri byinshi binyuze mu nama bahabwa nawe.
Yagize ati: “Mu bukungu mwabibonye ko imihanda ya kaburimbo yagiye yiyongera, n’imihanda y’ibitaka nayo isigaye igendwa kuko yagiye itunganywa kurushaho. Amazi tumaze (...)
Yanditswe na Nimugire Fidelia
Abaturage bo muri Afurika y’Epfo,zz yaba abafite akazi cyangwa abashomeri bazindukiye mu myigaragambyo mu rwego rwo kwereka leta ko izamuka ry’ibiciro rikabije byaba iby’ibiribwa, iby’ingendo n’ibindi.
Ibyo byabaye kuri uyu wa Gatatu aho abagera ku bihumbi bitanu bazindukiye mu mihanda bigaragambya, bifashishije indirimbo zakoreshwaga mu rugamba rwo kubohora igihugu; bose berekeza ku biro bya perezida, basaba ko yabafasha agakemura ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro. (...)

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umutwe wa M23 urashinjwa ko mu mirwano yabaye kuwa kabiri n’ingabo za Leta ya Congo FARDC na FDLR warashe nkana ibisasu biremereye bikangiza urugomero rw’amashanyarazi rwa Rwanguba ruri kubakwa muri Rutshuru ngo rufashe abaturage hamwe na Parike ya Virunga.
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ishami ryo muri Congo, utera inkunga imirimo yo kubaka no gukoresha uru rugomero, wamaganye M23 ku guhungabanya igikorwa cy’inyungu rusange giha amashanyarazi abatuye Intara ya (...)
Yangitswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma y’amezi atandatu Uburusiyya na Ukrain biri mu ntambara, Uburayi bwahagaritse gukoresha gaz yaho none bagiye gushyira imbaraga ku bucukuzi bwa gaz muri Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado.
Uburayi bwiyemeje guhagurukira ibyihebe byitambika ahacukurwa gaz muri Mozambique, igiye gusimbuzwa iyo mu Burusiya yari ibatunze.
Mu ntara ya Cabo Delgado habonetse gaz nyinshi dore ko bwari bwaratangiye kuhubaka ariko bigakomwa mu nkokora n’ibihebe bisigaye biharasa (...)

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ibiciro bishya by’Ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yageze ku Frw 1609 Frw ivuye kuri 1460 Frw mu gihe Mazutu yageze ku Frw 1607 ivuye ku Frw 1503.
Iri ni izamuka ry’ibiciro rije rikurikira icyorezo cya COVID-19 ryatijwe umurindi n’intambara Uburusiya bwagabye kuri Ukraine, imaze amezi arenga atanu nta nzira y’amahoro igaragara.
Ibi biciro kandi biri kugera no ku biribwa nkenerwa n’ibindi bitandukanye mu bucuruzi, aho umunsi kuwundi umuguzi asanga (...)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Zimwe mu mbogamizi abatumiza ibicuruzwa hanze by’umwihariko mu bihugu byo ku mugabane wa Asia nk’Ubushinwa na Turikiya, bahuraga nazo zirimo gukererwa kw’ibicuruzwa byabo abandi bagashinja kompanyi zibibafashamo kuba byabageraho bidatekanye bikabagusha mu gihombo.
Babigarutseho mu biganiro bagiranye na Kompanyi nshya ya Asiafrica ltd yabizeje umutekano ku bicuruzwa byabo igihe bateye intambwe yo gukorana nayo, bigashimangirwa na bamwe mu bamaze gukorana nayo, (...)

Uburusiya bwemereye Ukraine kohereza mu mahanga ibinyampeke byari byaraheze imbere mu gihugu kubera intambara ibihugu byombi birimo kurwana.
Turukiya ivuga ko yageze ku masezerano n’Uburusiya yo gutuma Ukraine yongera kohereza mu mahanga ibinyampeke binyuze mu nyanja y’umukara, Black Sea.
Byitezwe ko ashyirwaho umukono kuri uyu wa gatanu mu mujyi wa Istanbul muri Turukiya, hagati ya Ukraine, Uburusiya, Turukiya hamwe n’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye (ONU/UN), António Guterres. (...)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abaturage bo mu Burengerazuba bw’umugezi wa Nili, mu ihembe rya Afurika, bahangayikishijwe n’inzara muri ako gace, ibyo byabaye nyuma y’inkubi y’umuyaga bise umuyaga wumisha uvanze n’imvura wumishije imyaka wibasiye ako gace.
Ibihingwa byibasiwe cyane harimo ibigori, ubunyobwa, ibishyimbo n’imyumbati gusa ibyo byibasiye uturere dutandukanye cyane ni Terego, Yumbe, Obongi, na Rhino. Bwana John Aciga, utuye mu Mujyi wa Obongi, yavuze ko imyaka yumye ku buryo (...)

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Link wakuraho ikiganiro cyose:
https://www.youtube.com/watch?v=JZC9cW72FFc&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo yasabye abikorera mu biri uriya muryango kuyoboka isoko ry’u Rwanda bakarishoramo imari kuko hakiri byinshi byo kubyaza umusaruro.
Mushikiwabo yabitangarije mu kiganiro ku bucuruzi, ishoramari n’ubukungu cyabereye i Kigali gihuje abashoramari na ba rwiyemezamirimo (...)
Yanditwse na NIMUGIRE Fidelia
Ubudage bwashinje kompanyi ya gaze (gas) y’Uburusiya Gazprom kuba intandaro y’izamuka ry’ibiciro bya gaze kubera kugabanya cyane ingano y’ibyo yoherezayo.
Gazprom yavuze ko irimo gutuma gaze yohereza mu Budage itagera kuri metero kibe (cube) miliyoni 70 ku munsi, ikigero kiri munsi cyane ya kimwe cya kabiri cy’iyo isanzwe ihohereza.
Iyi kompanyi yo yavuze ko impamvu yatanze ari uko ishaka gusana no gusukura ibikoresho byayo byo mu muyoboro unyuramo gaze wa Nord (...)

Nkombo: Ubutaka bwabo ntibwatangwaho ingwate imbere ya banki
20 February 2025Abakoresheje Tigo cash bagiye gusaranganywa miliyoni 121
2 August 2018








Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.