Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Musanze: Abakorera mu isoko rya Gacaca barasaba kubakirwa

Abacururiza mu isoko rihereye mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze baravuga ko babangamiwe no kunyagirwa ndetse n’izuba bitewe nuko ritubakiwe. Abaganiye na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko kuba iri soko ritubakiwe bibateza igihombo gikomeye.
Umwe muri aba bacuruzi witwa Munyengabe Jean D’amour yagize ati”tubagamiwe no kunyagirwa n’izuba bitewe nuko aha dukorera hatubakiye, utundi dusantere baratwubaka ariko hano turi mu bwigunge dukeneye ko mudukorera ubuvugizi tugakorera ahantu heza.” (…)

Kigali: Amatora yatanze amahirwe yo kwagura ibikorwa by'ubucuruzi
Kigali: Amatora yatanze amahirwe yo kwagura ibikorwa by’ubucuruzi

Bamwe mu bacuruzi bo mu mujyi wa Kigali baravuga ko muri ibi bihe byo kwiyamamaza kw’abakandida perezida n’abadepite barimo kubibonamo amahirwe yo kwagura ibikorwa byabo by’ubucuruzi ku buryo hari n’uhamya ko atazaburamo miliyoni 30.
Ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abadepite byatangiye tariki ya mu gihugu hose tariki ya 22/07/2024, aho abakandida bemejwe na NEC bagaragariza abaturage imigabo n’imigambi yabo kugira ngo bazatorwe ku myanya bahatanira mu matora ateganyijwe (…)

424 Shares 4 Comments
Abashoye imari muri TAT barasaba Leta ko bitagarukira aho
Abashoye imari muri TAT barasaba Leta ko bitagarukira aho

Abize n’abatarize bari barashoye akayabo k’amafaranga atandukanye muri kampani yitwa TAT ubu bari mu barira ayo kwarika nyuma yaho Indi byakoraga kimwe na STT ihagaze bugacya nayo bayiburira irengero n’amafaranga akagenda atyo.
Aba bakubwira ko babwirwaga ko TAT izajya ibungukira amafaranga menshi maze barashishikara baguramo imigabane uko buri umwe yifiye, bazagushiduka babwira ko byafunzwe ayabo aba arahiye.
Mu baganiriye n’ikinyamakuru Mamaurwagasabo ubwo bazindukiraga ahakorera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igice cya mbere cy'umushinga RDUP2, gisize hubatswe imihanda ireshya n'ibiromotero 43
Igice cya mbere cy’umushinga RDUP2, gisize hubatswe imihanda ireshya n’ibiromotero 43

Kuri uyu wa Kane ku itariki 14 Werurwe 2024, mu karere ka Rubavu, hasojwe icyiciro cyambere cy’umushinga wo guteza imbere imijyi, (RDUP2) uyu mushinga ukoreramo.
Uyu mushinga ukaba ukorera mu mujyi wa Kigali, ndetse no mu turere dutandatu tw’imijyi yunganira umujyi wa Kigali, aritwo Rubavu, Rusizi, Musanze, Muhanga, Nyagatare na Huye.
Mu bikorwa byakozwe muri RDUP2, harimo imihanda, ruhurura, amatara yo gucanira iyo mijyi, ndetse ngo bikiba byarahinduye isura yiyi mijyi, nkuko byemejwe (…)

424 Shares 4 Comments
Harabura amafaranga Gali ya Moshi igatangira kubakwa mu Rwanda
Harabura amafaranga Gali ya Moshi igatangira kubakwa mu Rwanda

Kimwe mu byihutisha ubukungu mu bihugu byateye imbere n’ibiri mu nzira y’iterambere birimo n’uburyo bw’ubwikorezi bw’ibicuruzwa no gutwara abantu, u Rwanda narwo rushaka kwisanga mu bihugu bifite ubwikorezi bwa gali ya moshi butwara bibintu byinshi kandi mu buryo bwihuse.
Ni umushinga u Rwanda rwarose runatekereza kuva cyera, ndetse mu myaka nk’itanu ishize rutangira gutekereza uko rwahahirana na Tanzania hakoreshejwe gali ya moshi.
Uyu ni umushinga urenga uburyo bw’ubukungu ugatizwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Agahinda k'abahinzi b'ibishyimbo mu Burasirazuba
Agahinda k’abahinzi b’ibishyimbo mu Burasirazuba

Nubwo ari abahinzi ariko ibyo bakora babikeneyemo inyungu mu buryo butandukanye zirimo n’amafaranga
Abahinzi bi mu Kayonza, Ngoma na Rwamagana barinubira igiciro kiri hasi bari kugurirwahi ibishyimbo byeze ubu, gihabanye n’icyo baguzeho imbuto batera.
Aba bahinzi bavuga ko baguraga imbuto y’ibishyimbo ku mafaranga y’u Rwanda 2,000 kuri mironko, none ubu bari kubagurira hagati y’amafaranga 400 na 500frw.
Abaganiriye n’Ikinyamakuru Imvaho Nshya dukeshya ayo makuru, mu gihe biteguraga (…)

424 Shares 4 Comments
Kaminuza ya MIPC yashyize ku isoko ry'umurimo abagera ku 196
Kaminuza ya MIPC yashyize ku isoko ry’umurimo abagera ku 196

Kaminuza ya Muhabura Integrated Polytechnic college (MIPC ) iherereye mu Karere ka Musanze, yashyize ku isoko ry’umurimo abagera ku 196 barangije mu mashami atandukanye basabwa guhanga imirimo.
Ibi babisabwe kuri uyu wa 15 Ukuboza 2023 mu muhango wo gutanga impamyabushobozi (Advanced Diploma) ku banyeshuri basoje mu byiciro bitandukanye, aho bavuze ko bagiye gukoresha ibyo bize bakabishyira mu ngiro.
Bamwe mu baganiye na Mamaurwagasabo bemeza ko bahawe impamba ihagije ijyanye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Experience Russia's Over 100 Days of Global Techno-Culture Driven Exhibition
Experience Russia’s Over 100 Days of Global Techno-Culture Driven Exhibition

Exhibitions serve as platforms for promoting culture, trade, investment, and industry, featuring an array of both physical and non-physical products from individuals, businesses, and government entities. These events play a vital role in fueling economic growth in specific regions. In fact, exhibitions have a rich historical legacy that dates back to the display of artworks and historical materials in the pre-modern era.
In today’s postmodern world, exhibitions have evolved, utilizing (…)

424 Shares 4 Comments
Urugaga rw'Ababaruramari rugiye gukemurira ibibazo byarwo mu mizi
Urugaga rw’Ababaruramari rugiye gukemurira ibibazo byarwo mu mizi

Abagize Urugaga rw’ababaruramari b’umwuga mu Rwanda (ICPAR) bavuga ko bari kuvugana na Leta ku buryo abanyeshuri bajya kwiga muri Kaminuza bajya bahabwa inguzanyo yo gutuma bazajya bayihabwa bari kwiga ibaruramari ry’Umwuga bityo bigakemura ibibazo bimwe na bimwe bigenda bigaraga mu ibaruramari mu Rwanda.
Ibi yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Ukwakira 2023 mu Karere ka Rusizi.
Umuyobozi wa ICPAR, Amin Miramago yavuze ko mu rwego rwo kuziba icyuho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Abaturage babona uruganda rw'Ifiriti ari baringa
Nyabihu: Abaturage babona uruganda rw’Ifiriti ari baringa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu baribaza impamvu Uruganda rwari rwubakiye kuzakora ifiriti y’ibirayi ‘Nyabihu Potato Company’ rwarabahombeye mu mashyi no mu mudiho.
Ni uruganda rugiye kumara imyaka irindwi rudakora kandi rwaratwaye amafaranga atari make, arinaho bahera bavuga ko barubona nka baringa.
Rwubakiye gutunganya ibirayi birimo ifiriti n’ibicuruzwa ari bibisi rwubatswe mu mwaka wa 2016, muri gahunda ya ‘Inganda iwacu’ yo guteza (…)

424 Shares 4 Comments
Rulindo: Abakorera mu gakiriro ka kijyambere barataka kutagira umuriro uhagije
Rulindo: Abakorera mu gakiriro ka kijyambere barataka kutagira umuriro uhagije

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abakorera imirimo itandukanye mu gakiriro ka kijyambere ka Rulindo, kubatse mu murenge wa Base barataka kutagira umuriro w’amashanyarazi uhagije ndetse bamwe bashobora kwigendera.
Aba baturage babitangairije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga muri ahari aka gakiriro, basaba ubuyobozi kugira icyo bwakora kugira ngo bakomeze gukora imyuga neza, ntankomyi.
Umwe mu bahakorera yagize ati: "Njye nkora umwuga wo gusudira hano mu gakiriro ariko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru