Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Musanze: Abakorera mu isoko rya Gacaca barasaba kubakirwa

Abacururiza mu isoko rihereye mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze baravuga ko babangamiwe no kunyagirwa ndetse n’izuba bitewe nuko ritubakiwe. Abaganiye na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko kuba iri soko ritubakiwe bibateza igihombo gikomeye.
Umwe muri aba bacuruzi witwa Munyengabe Jean D’amour yagize ati”tubagamiwe no kunyagirwa n’izuba bitewe nuko aha dukorera hatubakiye, utundi dusantere baratwubaka ariko hano turi mu bwigunge dukeneye ko mudukorera ubuvugizi tugakorera ahantu heza.” (…)

Rubavu: Haribazwa amaherezo y'isoko ryo ku mupaka muto ryabuze abarikoreramo
Rubavu: Haribazwa amaherezo y’isoko ryo ku mupaka muto ryabuze abarikoreramo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacuruzi bakorera ku Mupaka Muto wa Rubavu, Petite Barriere, bakomeje kwibaza amaherezo y’isoko ryahubatswe rya "Rubavu Cross Border Market" kuri ubu rikoreramo abacuruzi bake cyane ugereranyije n’uburyo ringana.
Bamwe mu bacuruzi bakorera muri iri soko bavuga ko nabo isaha ku isaha bashobora kurivamo kuko batangiye guhura n’igihombo gikabije bitewe nuko nta bakiriya bajya baza kubagurira ibicuruzwa ndetse kuri bamwe batangiye kuvamo. (…)

424 Shares 4 Comments
Rwanda Spends Highest Percentage of Annual Income, finds WorldRemit study
Rwanda Spends Highest Percentage of Annual Income, finds WorldRemit study

By Samuel Mutungirehe
Holiday Costs in 14 Countries: Rwanda Spends Highest Percentage of Annual Income, finds WorldRemit study
. Majority of Rwandan households spend nearly 60% of annual income on Christmas costs . Six countries observed – Rwanda, Cameroon, Nigeria, Mexico, Lebanon, Philippines – spend 100% or more of monthly income on Christmas
LONDON, 30 November 2021 — The holiday season is here! Around the world, families are making plans to celebrate the season with unique (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abacuruzi bagizweho ingaruka na COVID19 barashimira inguzanyo bahawe n'ibigo by'imari
Musanze: Abacuruzi bagizweho ingaruka na COVID19 barashimira inguzanyo bahawe n’ibigo by’imari

Umugiraneza Alice
Bamwe mu bakora ubucuruzi buciriritse mu dusantere tw’ubucuruzi two mu murenge wa Cyuve ho mu kagali ka Kabeza ho mu Karere ka Musanze bahawe inguzanyo ku nyungu nto kubera ingaruka covid19 yagize ku bucuruzi bwabo, barashima ubufatanye n’ibigo by’imari bwatumye ubucuruzi bwabo bwongera kuzamuka bityo bakavuga ko byabafashije kugira aho bava n’aho bashaka kugera.
Twagirimana Calexte acururiza mu isantere y’ahazwi nko ku Ngagi, ni umwe mu bahawe wahawe amafaranga (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: Covid-19 rendered some women traders to re-engage in hawking
Kigali: Covid-19 rendered some women traders to re-engage in hawking

By Scovia Mutesi
Some women Small traders who were selling items in different markets which were established for former women hawkers are lamenting, due to different consequences which were ushered in by the Covid-19 pandemic, including the goods they used to sell, as well as the capital which they were used to buy goods, thus affecting them drastically, and apparently, some of them are selling few items, after getting credits from their friends, and this creates a shortage of goods, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urukiko Rwanze ko Umutungo w'Umuryango wa Rwigara Ugurishwa
Urukiko Rwanze ko Umutungo w’Umuryango wa Rwigara Ugurishwa

Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi mu Rwanda ruherereye i Nyamirambo rwemeye kwakira ubujurire bwatanzwe na Premier Tobacco Company, LTD. Iyi ni sosiyete y’umuryango wa nyakwigendera Assinapol Rwigara.
Umucamanza Kwibuka Jean Luc yavuze ko ubujurire "bwatanzwe mu buryo bwubahirije amategeko, rubusuzumye, rusanze bufite ishingiro kuri bimwe’’.
Urukiko rwemeje ko imikirize y’urubanza rwajuririwe, uko rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi, kuwa 16/09/20121, iteshejwe agaciro. Rwakijije kandi rutegeka ko (…)

424 Shares 4 Comments
Uburayi bugiye gushyiraho ifaranga rya Euro ryo mu ikoranabuhanga
Uburayi bugiye gushyiraho ifaranga rya Euro ryo mu ikoranabuhanga

Kuri uyu wa Gatatu Banki Nkuru y’Uburayi yatanagje ko yafashe ikemezo cyo gutangiza umushinga wo gushyiraho ifaranga rya Euro rikoranye ikoranabuhanga, hakaba hakenewe ko ibihugu by’umuryango bibyemeranyaho bityo bisobanurirwe n’abaturage.
Ni umushinga wakiranywe na yombi n’ibihugu by’Ubufaransa n’Ubudage, nk’uko byabitangaje bibinyujije muri minisiteri z’imari zabyo.
Ubusanzwe ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi byibumbiye mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi bikoresha ifaranga rimwe rya Euro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Barembejwe n'abajura batobora inzu ku manywa nabo bakiyemerera ko biba
Gakenke: Barembejwe n’abajura batobora inzu ku manywa nabo bakiyemerera ko biba

Umugiraneza Alice
Mu karere ka Gakenke umurenge wa Rusasa akagali ka Murambi haravugwa ubujura bukabije aho abajura barimo gutobora inzu z’abaturage ku manwa yihangu nubwo byari bimenyerewe ko ibisambo byitwikira ijoro bikirara mu mirima n’intoke none ngo ntibarigutinya kwiba ku manywa izuba riva.
Igitanaje muri aka kagali ni uko ba nyir’ubwite, bashyirwa mu majwi kwiba nabo ubwabo hari abemereye Mmaurwagasabo ko babikora n’icyabibateye.
Twikundanire Bosco wavutse 1987 Mwene (…)

424 Shares 4 Comments
Ingamba zo gukumira COVID-19 zatumye hatakara imirimo 900 000 mu kwezi kumwe
Ingamba zo gukumira COVID-19 zatumye hatakara imirimo 900 000 mu kwezi kumwe

MUTUNGIRHE SAMUEL
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’igihugu cy’Ibarurishamibare Murangwa Yusuf, yatangaje ko mu kwezi kumwe gusa, kwa Mata 2020, igihugu cyatakaje imirimo 900 000 bitewe n’ingaruka za COVID-19 ikimara kugera mu Rwanda.
Yabitangaje mu kiganiro yatanze mu nama y’abayobozi bakuru b’igihugu bateraniye i Nyagatare mu Burasirazuba, aho Perezida Kagame Paul yarimo kwakira imihigo y’abayobozi mu nzego, yari imaze imyaka ibiri yarasubitswe.
Umuyobozi Mukuru wa Murangwa Yusuf, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngoma: COVID-19 yatumye babura aho baguza amafaranga imishinga iradindira
Ngoma: COVID-19 yatumye babura aho baguza amafaranga imishinga iradindira

MUTUNGIRHE SAMUEL
Hari abaturage bo mu mirenge mwe n’imwe yo mu karere ka Ngoma batangarije MamaUrwagasabo ko bari basanzwe bari mu bimina bizigamira bakanagurizanya amafaranga ariko kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda byageze muri Guma mu Rugo abari batunzwe no kuguza bakiga imishinga yo kwiteza imbere byahagaze iterambere ry’ingo ritangira kudindira.
Abaganiriye n’umunyamakuru bo mu murenge wa Kibungo, bavuze ko nta muturage uteri umaze kuenya akamari ko kwishyira hamwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
Miliyoni 500 zigiye gufashishwa imishinga y'urubyiruko yagizweho ingaruka na COVID-19
Miliyoni 500 zigiye gufashishwa imishinga y’urubyiruko yagizweho ingaruka na COVID-19

Kuri uyu wa kane tariki ya 29/10/2020, Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ifatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku iterambere (UNDP) n’Ikigo mpuzamahanga cy’Abanyakoreya gishinzwe ubutwererane (KOICA) batangije ku mugaragaro ikigega cya miliyoni 500 z’amafaranga y’u Rwanda, kigamije gushyigikira imishinga y’Urubyiruko yazahajwe n’icyorezo cya Koronavirusi ndetse n’imishinga mishya rwahanze igamije kugikumira.
Icyorezo cya Koronavirusi cyagize ingaruka ku bukungu muri rusange, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru