Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Musanze: Abakorera mu isoko rya Gacaca barasaba kubakirwa

Abacururiza mu isoko rihereye mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze baravuga ko babangamiwe no kunyagirwa ndetse n’izuba bitewe nuko ritubakiwe. Abaganiye na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko kuba iri soko ritubakiwe bibateza igihombo gikomeye.
Umwe muri aba bacuruzi witwa Munyengabe Jean D’amour yagize ati”tubagamiwe no kunyagirwa n’izuba bitewe nuko aha dukorera hatubakiye, utundi dusantere baratwubaka ariko hano turi mu bwigunge dukeneye ko mudukorera ubuvugizi tugakorera ahantu heza.” (…)

Hari abayobozi b'amashuri batangiye gushakira amafaranga mu bindi
Hari abayobozi b’amashuri batangiye gushakira amafaranga mu bindi

Editor
Hashize iminsi mike Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda itangaje amafaranga y’ishuri ntarengwa ku bigo byose by’amashuri y’inshuke, abana n’ayisumbuye bya Leta n’ibifashwa nayo.
Gusa nyuma gato y’iryo tangazo, Minisiteri yatangiye kubona abayobozi b’ibigo by’amashuri bazamuye ibiciro ku bindi bikoresho umubyeyi azagurira ku kigo cy’ishuri, aho ikarita y’ishuri hari abayishyize ku bihumbi 20.
Ibi byagarutsweho mu nama nyunguranabitekerezo yahuje Minisiteri y’Uburezi n’abayobozi (…)

424 Shares 4 Comments
Gabon: Perezida yakuyeho Minisiteri yanzwe n'abaturage
Gabon: Perezida yakuyeho Minisiteri yanzwe n’abaturage

Yanditswe na Nimugire Fidelia
Perezida wa Gabon, Ali Bongo Ondimba yakuyeho Minisiteri y’ibikorwaremezo imaze iminsi yinubiwe kenshi n’abaturage, kubera kutagira icyo ikora mu gusana imihanda yo mu byaro.
Itangazo ryasomwe na Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatatu, rivuga ko Perezida Ondimba atishimiye uburyo iyo Minisiteri isa nk’aho ntacyo ikora mu gusana cyangwa kubaka imihanda mishya yoroshya ubuhahirane mu baturage.
Inshingano z’iyo Minisiteri zabaye zimuriwe mu biro bya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kenya: babuze amahitamo ku bicuruzwa bituruka mu Bwongereza na gahunda ya EAC
Kenya: babuze amahitamo ku bicuruzwa bituruka mu Bwongereza na gahunda ya EAC

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Kenya yabuze amifato ku bicuruzwa byavuye mu Bwongereza nyuma y’aho ibihugu bigize Umuryango w’ibihugu by’Uburasirazuba bwa Afurika (EAC) bishyizeho imisoro itandukanye ku bicuruzwa bikorerwa hanze yayo.
Ubwongereza bwasabye Kenya kudakurikiza ayo masezerano ari mu bihugu bya EAC, ahubwo bagakomeza amasezerano basanzwe bafitanye ku bijyanye n’imisoro y’ibicuruzwa bikorerwa mu Bwongereza.
Iyi gahunda yo kuzamura umusoro ku bicuruzwa bidakorerwa cyangwa (…)

424 Shares 4 Comments
Ruhango: Ubuhinzi ku isonga mu iterambere ry'abaturage
Ruhango: Ubuhinzi ku isonga mu iterambere ry’abaturage

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuyobozi w’akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yavuze ko ibyo bagezeho byose mu iterambere ry’akarere babikesha ubuyobozi bwiza bwa Perezida Paul Kagame.
Yabitangaje ubwo Perezida Kagame yasuraga abaturage bo muri ako karere, avuga ko bageze kuri byinshi binyuze mu nama bahabwa nawe.
Yagize ati: “Mu bukungu mwabibonye ko imihanda ya kaburimbo yagiye yiyongera, n’imihanda y’ibitaka nayo isigaye igendwa kuko yagiye itunganywa kurushaho. Amazi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Afurika y'Epfo: Ibiciro byateje imyigaragambyo
Afurika y’Epfo: Ibiciro byateje imyigaragambyo

Yanditswe na Nimugire Fidelia
Abaturage bo muri Afurika y’Epfo,zz yaba abafite akazi cyangwa abashomeri bazindukiye mu myigaragambyo mu rwego rwo kwereka leta ko izamuka ry’ibiciro rikabije byaba iby’ibiribwa, iby’ingendo n’ibindi.
Ibyo byabaye kuri uyu wa Gatatu aho abagera ku bihumbi bitanu bazindukiye mu mihanda bigaragambya, bifashishije indirimbo zakoreshwaga mu rugamba rwo kubohora igihugu; bose berekeza ku biro bya perezida, basaba ko yabafasha agakemura ikibazo cy’izamuka (…)

424 Shares 4 Comments
M23 irashinjwa kurasa ikangiza urugomero rw'amashanyarazi rwa Parike ya Virunga
M23 irashinjwa kurasa ikangiza urugomero rw’amashanyarazi rwa Parike ya Virunga

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umutwe wa M23 urashinjwa ko mu mirwano yabaye kuwa kabiri n’ingabo za Leta ya Congo FARDC na FDLR warashe nkana ibisasu biremereye bikangiza urugomero rw’amashanyarazi rwa Rwanguba ruri kubakwa muri Rutshuru ngo rufashe abaturage hamwe na Parike ya Virunga.
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ishami ryo muri Congo, utera inkunga imirimo yo kubaka no gukoresha uru rugomero, wamaganye M23 ku guhungabanya igikorwa cy’inyungu rusange giha amashanyarazi abatuye Intara (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibyihebe byitambika ubucukuzi bwa gaz muri Mozambiquea bigeye guhagurukirwa
Ibyihebe byitambika ubucukuzi bwa gaz muri Mozambiquea bigeye guhagurukirwa

Yangitswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma y’amezi atandatu Uburusiyya na Ukrain biri mu ntambara, Uburayi bwahagaritse gukoresha gaz yaho none bagiye gushyira imbaraga ku bucukuzi bwa gaz muri Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado.
Uburayi bwiyemeje guhagurukira ibyihebe byitambika ahacukurwa gaz muri Mozambique, igiye gusimbuzwa iyo mu Burusiya yari ibatunze.
Mu ntara ya Cabo Delgado habonetse gaz nyinshi dore ko bwari bwaratangiye kuhubaka ariko bigakomwa mu nkokora n’ibihebe bisigaye (…)

424 Shares 4 Comments
Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byiyongereyeho arenze 100
Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byiyongereyeho arenze 100

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ibiciro bishya by’Ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yageze ku Frw 1609 Frw ivuye kuri 1460 Frw mu gihe Mazutu yageze ku Frw 1607 ivuye ku Frw 1503.
Iri ni izamuka ry’ibiciro rije rikurikira icyorezo cya COVID-19 ryatijwe umurindi n’intambara Uburusiya bwagabye kuri Ukraine, imaze amezi arenga atanu nta nzira y’amahoro igaragara.
Ibi biciro kandi biri kugera no ku biribwa nkenerwa n’ibindi bitandukanye mu bucuruzi, aho umunsi kuwundi umuguzi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abatumiza ibicuruzwa ku mugabane wa Asia bamazwe impungenge ku mbogamizi bahuraga nazo
Abatumiza ibicuruzwa ku mugabane wa Asia bamazwe impungenge ku mbogamizi bahuraga nazo

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Zimwe mu mbogamizi abatumiza ibicuruzwa hanze by’umwihariko mu bihugu byo ku mugabane wa Asia nk’Ubushinwa na Turikiya, bahuraga nazo zirimo gukererwa kw’ibicuruzwa byabo abandi bagashinja kompanyi zibibafashamo kuba byabageraho bidatekanye bikabagusha mu gihombo.
Babigarutseho mu biganiro bagiranye na Kompanyi nshya ya Asiafrica ltd yabizeje umutekano ku bicuruzwa byabo igihe bateye intambwe yo gukorana nayo, bigashimangirwa na bamwe mu bamaze gukorana (…)

424 Shares 4 Comments
Ukraine yemerewe kohereza ingano ku Isi
Ukraine yemerewe kohereza ingano ku Isi

Uburusiya bwemereye Ukraine kohereza mu mahanga ibinyampeke byari byaraheze imbere mu gihugu kubera intambara ibihugu byombi birimo kurwana.
Turukiya ivuga ko yageze ku masezerano n’Uburusiya yo gutuma Ukraine yongera kohereza mu mahanga ibinyampeke binyuze mu nyanja y’umukara, Black Sea.
Byitezwe ko ashyirwaho umukono kuri uyu wa gatanu mu mujyi wa Istanbul muri Turukiya, hagati ya Ukraine, Uburusiya, Turukiya hamwe n’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye (ONU/UN), António (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru