Abacururiza mu isoko rihereye mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze baravuga ko babangamiwe no kunyagirwa ndetse n’izuba bitewe nuko ritubakiwe. Abaganiye na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko kuba iri soko ritubakiwe bibateza igihombo gikomeye.
Umwe muri aba bacuruzi witwa Munyengabe Jean D’amour yagize ati”tubagamiwe no kunyagirwa n’izuba bitewe nuko aha dukorera hatubakiye, utundi dusantere baratwubaka ariko hano turi mu bwigunge dukeneye ko mudukorera ubuvugizi tugakorera ahantu heza.” (…)
Nyuma yo guhabwa uruhushya rwa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) rwatanzwe mu mwaka wa 2016, Sosiyete y’Itumanaho ya Airtel –Tigo igiye gusaranganya miliyoni 121 z’amafaranga y’u Rwanda ababikije amafaranga kuri Tigo Cash, mu gihe abakoresha Airtel Money na Tigo Cash nabo bagiye kujya babona inyungu buri gihembwe.
Airtel–Tigo yatangaje ko abakiliya bayo bakoreshaga Tigo Cash guhera mu Ukuboza umwaka ushize wa 2017 bagiye gusaranganywa iyo nyungu ya miliyoni 121 Frw yabonetse kuva icyo gihe (…)
Clare Akamanzi, umuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rwararekuye akayabo rukamamaza ubukerarugendo rukoresheje Arsenal hari ibyo birengagiza cyangwa batumva.
Clare Akamanzi, umuyobozi wa RDB Ayo masezerano ni ay’uko iyi kipe izajya yambara imyenda iriho ikirango cya “Visit Rwanda” mu rwego rwo gukangurira abayikurikira n’abakurikira ruhago kumenya u Rwanda.
Bihwihwiswa ko ayo masezerano (…)
Uyu munsi abagize ihuriro rya sosiyete sivile, CLADHO, batangaje ko Leta ikwiye kureba ibigo byayo bikora ibintu bisa ikabikuraho kuko amafaranga bitwara yashyirwa mu bindi bikorwa by’iterambere bikenewe. Ni mu bitekerezo batanze ku ngengo y’imari ya 2028-19 iri kunozwa. Umuyobozi w’ihuriro rya Sosiyete sivile nyarwanda, Jean Leonard Sekanyange yavuze ko iriya ngingo ari imwe muzo bagejeje kuri Komisiyo y’imari mu Nteko ishinga amategeko kugira ngo nayo izayigeze ku Nteko rusange mbere (…)
Abagore batuye mu murenge wa Shyara mu karere ka Bugesera bavuga ko bavunika bahinga umuceri wamara kwera abagabo bakaba aribo bishyurwa amafaranga bakayakoresha ibyo bishakiye batabyumvikanyeho, bigatuma bahorana ubukene mu miryango.
Umwe mu bagore bahinga umuceri mu murenge wa Shyara avuga ko abagore aribo bahinga ariko umuceri wamara kwera abagabo bakaba aribo bishyurwa amafaranga y’umusaruro na koperative .
Aragira ati “ahanini abagore nitwe tuvunika duhinga ariko umuceri wamara (…)
Ku wa 8 Werurwe 2018, Umunsi w’abagore mu murenge wa Karama mu karere ka Nyagatare wizihirijwe Ku rwunge rw’amashuri rwa Bushara. Uwo munsi waranzwe no kuremera bamwe mu bagore batishoboye no gushima ibyagezweho.
Uhagarariye inama y’abagore mu murenge wa Karama, Mukandera Genevieve, yashimiye abagore ku bikorwa by’indashyikirwa bakoze birimo kugurirana matela, ibikoresho byo mu gikoni, intebe za pulasitiki, n’ibikoresho byo kubika amazi byose bifite agaciro ka miliyoni mirongo itatu n’imwe (…)
Indeed, let us keep pressing for progress as the theme for this year’s International Women’s Day demands. However let us do so with the clarity and tenacity that will finally end all forms of discrimination against women and girls and sustainably instigate gender equality across all spheres.
This year’s theme echoes the priority theme of the upcoming 62nd session of the UN Commission on the Status of Women whose focus is on Challenges and opportunities for advancing gender equality and (…)
U Rwanda rwemere kuzakira inama ikomeye ihuriramo abakuru b’ibihugu 53 ndetse n’abahagarariye za Guverinoma baturuka mu bihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame avuga ko abaturage bagomba kungukira mu bucuruzi ndetse n’urujya n’uruza rw’abantu basura ibihugu.
Abagura sima abubatsi n’abubakisha barasaba ko ikibazo cy’abacuruzi ba sima cyo kuzamura ibiciro mu buryo bwa forode leta yagikemura kuko ubu ngo umufuka wa sima wavuye ku bihumbi 8500 ugashyirwa kuri 12000 nyamara ntibibe aribyo byandikwa kunyemeza bwishyu.
MU MAHANGA
Nigeria: Abarimu 4500 birukanwe ku kazi kubera ubumenyi buke
Yanditswe
kuya 19-04-2018 saa 08h48
na Bikorimana Alexis
Nigeria: Abarimu 4500 birukanwe ku kazi kubera ubumenyi buke
Igihugu cya Nigeria cyafashe umwanzuro wo kwirukana abarimu benshi mu gace ka Kaduna mu Majyaruguru y’iki gihugu nyuma yo gusanga ntacyo bafasha uburezi bw’iki gihugu ahubwo badindiza abana.
Menya imisoro yazamuwe n’uko izatangira kubahirizwa mu gihugu
11 February 2025
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























