Abacururiza mu isoko rihereye mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze baravuga ko babangamiwe no kunyagirwa ndetse n’izuba bitewe nuko ritubakiwe. Abaganiye na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko kuba iri soko ritubakiwe bibateza igihombo gikomeye.
Umwe muri aba bacuruzi witwa Munyengabe Jean D’amour yagize ati”tubagamiwe no kunyagirwa n’izuba bitewe nuko aha dukorera hatubakiye, utundi dusantere baratwubaka ariko hano turi mu bwigunge dukeneye ko mudukorera ubuvugizi tugakorera ahantu heza.” (…)
Facebook ni urubuga nkoranyambaga rwubatswe n’umugabo w’umunyamerika Mark Zuckerberg muri 2004 igihe yigaga muri kaminuza ya Havard. Kuri ubu ni ikigo kiri ku isonga. Bimwe mu byagitije umurindi w’iterambere harimo kugura ibigo byazaga bije guhangana nacyo. Tugiye kukugezaho rutonde rw’ibigo 5 byaguzwe na Zuckerberg n’amafaranga yagiye abyishyura
Facebook inkingi ya mwamba mu bijyanye n’imbuga nkoranyambaga dore ko ifite miliyaridi 2.7 by’abantu bayikoresha buri kwezi. Magingo aya ni (…)
Ikompanyi SportPesa ivuga ko ingingo y’ubutegetsi bwa Kenya yo kuyihagarikira inomero yayo ngufi isanzwe ikoreshwa n’abashaka gutombora ifise intumbero "igayitse".
Gisubiramwo itangazo ryasohowe, ikinyamakuru Daily Nation kivuga ko ikigo gishinzwe amashyirahamwe y’ugutombora (Betting Control and Licensing Board, BCLB) yatanze amasaha 48 ku bantu bafite amafaranga yabo ku makonti ya telefone akoreshwa mu gutombora ko baba bayakuyeko.
Ku munsi wa gatatu, icyo kigo cyabwiye ikompanyi yo (…)
Guhera mu mwaka utaha, Facebook irashaka ko abantu miliyari ebyiri bayikoresha batangira no gukoresha ifaranga ryayo ryo kuri internet yise ’Libra’, bakajya babasha kwishyura bakoresheje ’app’ cyangwa WhatsApp bakoreshe iyi ’crypto-currency’ nshya.
Abantu bagera kuri miliyoni 139 muri Afurika bakoresha Faceboook, iby’iri faranga ryo kuri murandasi (internet) bivuze iki kuri bo? bizabafasha iki?
Iby’iri faranga bivuze byinshi kuri Africa, umugabane ukorerwaho ubucuruzi no kwishyurana (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Kompanyi y’ikoranabuhanga ya Google yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yabujije Huawei ikora telefone zigezweho gukoresha uburyo bushya bwayo bwa Android, ibi bikaba ari ingorane kuri iyi kompanyi y’Abashinwa yabujijwe zimwe muri "applications" za Google.
Ni mu gihe intambara y’ubucuruzi hagati y’Ubushinwa n’Amerika irimbanyije. Mu cyumweru gishize, ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump w’Amerika bwashyize Huawei ku rutonde rwa kompanyi zibujijwe gukoresha (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Sosiyete ikora amamodoka yo mu gihugu cy’ubufaransa Bugatti yashyize hanze imodoka nshya ihenze kurusha izindi zose kufa imodoka zatangira kubaho mu isi.
Iyi modoka yo mu bwoko bwa bugatti la voiture noir, niyo modoka ifite igiciro cyo hejuru haba muri uyu mwaka wa 2019 ndetse nindi myaka yabanje kuko ihagaze akayabo k’amadolari y’Amerika miliyoni 19 asaga miliyari 167 na miliyoni 200 z’amafaranga y’u Rwanda. Bugatti la voiture noir ihenze kurusha (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Icyegeranyo cy’umuryango w’abibumbye kivuga ko ibimera, ibisimba n’ibinyabuzima bito cyane bitabonwa n’ijisho rya muntu bifatwa nk’inkingi mwikorezi ikomokaho ibiribwa bitandukanye, biri kugabanuka ku isi.
Iki cyegeranyo cya ONU kivuga ko mu gihe ibi binyabuzima by’ingenzi byaba bihonnye, ibi "byashyira mu kaga gakomeye ejo hazaza h’uburyo tubonamo ibyo kurya".
Ubu bushakashatsi buvuga ko impinduka mu ikoreshwa ry’ubutaka, isuri n’imihindagurikire (…)
Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu gihugu cy’Ubushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa 5G network, Internet of Things (IOT) , Cloud computing, Big Data na Artificial Intelligence butaragera mu Rwanda na henshi muri Afurika.
Iri koranabuhanga baryerekewe ku cyicaro cya Huawei mu bihugu cy’Ubushinwa ahasanzwe habera imurikagurishwa ry’ikoranabuhanga muri Shenzhen.
Aba banyeshuri bose uko ari umunani bajyanywe na Huawei biga mu (…)
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yasabye Ikigo cy’Imisoro n’amahoro (RRA) kongera imbaraga mu gushishikariza abanyarwanda kwitabira gusora kugira ngo igihugu kizagere ku rwego rwo kwihaza mu ngengo y’imari.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu ubwo yitabiraga ibirori byo kwizihiza imyaka 20 ishize RRA ishinzwe ndetse n’imyaka 16 hatangijwe umunsi w’abasora. Mu ngengo y’imari ya miliyari 2.115.4 Frw yifashishijwe umwaka ushize wa 2017/2018, imisoro yari miliyari 1252.2 Frw angana na 58.3 (…)
Amasezerano yo gutangira imirimo yo kubaka uruganda rw’amashanyarazi ruzaha ibi bihugu byombi Megawat 10 yemeranyijweho n’Abakuru b’ibihugu byombi kuri uyu wa Kane. Uru rugomero ruzaba rwubatse mu duce twa Kikagati na Murongo.
Perezida Magufuli Museveni bemeranyijwe ko kubaka ruriya rugomero byihutishwa Mu Ugushyingo 2017 hasinywe amasezerano hagati y’ibigo bitunganya bikanagurisha amashanyarazi, TANESCO yo muri Tanzania na UETCL yo muri Uganda.
Mu biganiro Abakuru b’ibihugu byombi (…)
In a bid to impart the importance of peace in their lives from childhood, Airtel sponsored the Play for Peace children’s football tournament that took place from Monday to Wednesday this week.
The tournament, that took place at the Youth for Christ Center in Kibagabaga and finals at the IPRC Stadium, Kicukiro, Kigali, is part of the Pentecostal Church of Rwanda’s (ADEPR) Ambassadors Football Program Ministry that aims at reaching out to children and youth using football.
“We at Airtel (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























