Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)
Umwijima ni rumwe mu ngingo nini zigize umubiri, kandi ukora n’imirimo ikomeye yo gutunganya intungamubiri (fonction métabolique et processus chimique).
Umwijima ushobira gupima amagarama agera ku 1500 (Ikilo n’igice : 1.500 gr). Buri munota, litiro n’igice y’amaraso avuye mu mara agera mu mwijima anyuze mu mutsi w’amaraso bita (veine porte ) agizwe n’intungamubiri zakuwe mu biribwa, uburozi ibyo byo kurya bishobora kuba bifite, n’imiti yose yafashwe n’ikindi kintu cyose cyanyuze mu nzira (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Imibare mishya ya Polisi igaragaza ko abantu bagera ku 7000 bishwe n’udutsiko tw’abagizi ba nabi mu mezi atatu gusa, muri Afurika y’Epfo.
Ku wa Gatatu w’icyumweru gishize ni bwo komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ikurikirana ibikorwa bya polisi yashyikirijwe amakuru arambuye yerekeye ibi byaha byakozwe kuva ku ya 1 Nyakanga kugeza ku ya 30 Nzeri.
Imibare y’icyo gihembwe igaragaza ubwiyongere bw’ibyaha by’ubwicanyi, gusambanya no gushimuta abantu (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umugabo w’imyaka 32 y’amavuko ari imbere y’urukiko mu Bufaransa mu gace Vendée akurikiranyweho ibyaha byo gusambanya umwana we w’amezi 15 binyuze mu gufata igitsina cye akakimushyira mu kanwa.
Iki kirego cyageze imbere y’urukiko mu mpeshyi yo mu 2019 ubwo uwo mugabo yafatwaga ari kwifata amashusho ajyanye n’imibonano mpuzabitsina ari mu bwogero bw’aho atuye.
Abashinzwe iperereza baje gusanga muri telefoni ye amashusho arenga ibihumbi 50 ajyanye no gukora (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Indege ya sosiyete yitwa Precision Air, yakoze impanuka yitegura kugwa ku kibuga cy’indege cya Bukoba, igwa mu kiyaga cya Victoria, ihitana 19.
Ni impanuka yabaye kuri iki cyumweru ahagana saa mbili n’igice za mu gitondo (8:35 a.m).
Amakuru dukesha igitangazamakuru The Citizen avuga ko Umuyobozi wa Polisi muri kariya gace, Regional Commissioner, Albert Chalamila, yatangaje ko abantu 26 batabawe bajyanwa ku Bitaro bya Kagera.
Indege ifite ibirango PW 494 (…)
Abanyarwanda barakangurirwa kemenya no kwirinda inndwara y’impanuka y’ubwonko "Strock", nk’indwara ikomeye kandi ihitana ubuzima bw’abatari bake mu marabira, bikiyongeraho no gusiga ubukene ku wayirwaye no ku gihugu muri rusange.
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’abarwaye indwara ya Strock, kuri uyu wa 29 Ukwakira, Umuryango Stroke Action Rwanda ku bufatanye n’Urugaga rw’abikorera (PSF) bakoze ubukangurambaga bwo kumenyekanisha iyi ndwara banasaba abayirwaye kwinjira muri uwo (…)
Dr John Grace Walugembe, abaye umuganga wa Gatanu uhitanywe na Ebola muri Uganda nyuma y’abandi baturage bagera kuri 20 imaze guhitana.
Uyu yakoreraga mu Karere ka Mubende, ahagaragaye bwa mbere iki cyorezo. Yapfuye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru.
Uganda yibasiwe na Ebola ku buryo bukomeye, byanatumye Perezida Museveni afata ingamba zo gukumira urujya n’uruza mu turere tubiri irimo cyane Mubende na Kassanda.
Amakuru atangazwa n’inzego z’ubuzima avuga ko umuganga wa gatanu yahitanywe (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abashinzwe ubuzima mu Buhinde bategetse ko uruganda Maiden Pharmaceuticals rw’imiti y’inkorora ihabwa abana ya syrop ruhagarika ibikorwa nyuma y’uko iyo miti yarwo iketsweho kuba ariyo yateje impfu z’abana muri Gambia.
Ni nyuma yuko uru ruganda rwarenze ku mategeko mu gukora no gusuzuma ibikorwa byayo, nk’uko abagenzuzi mu Buhinde babivuze.
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima ku isi OMS, ryari ryaburiye isi kubera imiti 4 y’inkorora inyobwa (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abaganga bakomoka mu bihugu byo muri Afurika by’umwihariko muri Nigeria bagaragaje ko babayeho nabi mu Bwongereza, aho bakoreshwa mu buryo butaboneye mu mavuriro yigenga.
Kubera imishahara myiza, abaganga benshi bo muri Afurika bakunze kwerekeza ku mugabane w’Uburayi cyane mu Bwongereza.
Hari icukumbura ryakozwe na BBC rigaragaza ko abaganga bakomoka muri Nigeria bakorera ikigo NES Healthcare cyo mu Bwongereza bakoreshwa nabi bitandukanye n’imikorere (…)
Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yasabye ko hakorwa iperereza ryimbitse hakamenyekana niba imiti ine y’abana ya Promethazine Oral Solution, Kofexmalin Baby Cough Syrup, Makoff Baby Cough Syrup na Magrip N Cold Syrup ikorerwa mu Buhinde ari yo nyirabayazana w’imfu z’abana 66 bo muri Gambia baherutse gupfa.
Ni imiti ifungurwa isanzwe ikorwa n’uruganda karundura mu gukora imiti myinshi rwa Maiden Pharmaceuticals Limited (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari yagaragaje ko ruswa y’igitsina yeze muri kaminuza hagati y’abarimu n’abanyeshuri baba bashaka amanota.
Yabigarutseho ubwo yatangizaga inama yiga ku kurwanya ruswa mu nzego za Leta.
Yavuze ko abizi neza ko muri kaminuza zo muri iki gihugu harimo ruswa y’igitsina imaze gufata indi ntera kugeza n’aho abanyeshuri batangiye kuyihimba amazina atandukanye.
Ati “Hari ikibazo cya ruswa aho utanga amafaranga bakaguha amanota (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























