Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)
Hari indwara zimwe na zimwe Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS, cyangwa WHO) ufata nk’izitaritaweho mu kuzirwanya no kuzivura, u Rwanda rwo ruvuga ko nta ndwara rutitaho haba mu muzikangurira abaturage kuzirinda no kuzivura
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) ivuga ko Abanyarwanda 41% barwaye inzoka zo nda n’izindi ndwara zititaweho, gusa ngo abakuru ni bo bugarijwe cyane kuko abagera kuri 48% ari bo bazirwaye.
Mu ndwara 20 zititaweho uko bikwiye, 7 ni zo zikunze kugaragara mu (…)
Bamwe mu baturage baherutse kurokoka no gusigwa iheruheru n’umugezi wa Sebeye mu karere ka Rubavu mu 2023 batangiye gusubira mu matongo bahozemo.
Ni abaturage bo mu murenge wa Rugerero mu karere ka Rubavu bavuga ko basubiye mu matongo mu nzu zabo zangijwe n’amazi kuko ubufasha bemerewe n’akarere babutegereje bakabubura.
Abatanguye gusubira mu matongo yabo bavuga ko amezi bakodesherejwe yarangiye bakabura ubwishyu. Basaba kuvanwa mu gihirahiro bakemererwa kubaka cyangwa bakabwirwa aho (…)
Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Shingiro, mu karere ka Musanze by’umwihariko abo mu kagari ka Mudende baravuga ko bagikora urugendo rw’amasaha abiri bagiye ku kigo nderabuzima.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge aho bifuza ko byibuze bakubakirwa ivuriro ry’ibanze rizwi nka post de sante, rajya rifasha ababyeyi batwite kuko bamwe bisanga babyariye mu nzira.
Umwe muri aba baturage witwa Mukanoheli yagize ati: "Dukeneye ivuriro (…)
Mu gihe u Rwanda rwahagurukiye kurwanya no guca burundu isambanywa ry’abana no gufata ku ngufu abagore n’abakobwa, hari ababyeyi bo mu karere ka Rusizi basa n’abatiza umurindi gusambanya abana, babashyingira n’ababononnye.
Urugero rubi kuri ibyo rugaragara mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Rusizi hakigaragara ikibazo cya bamwe mu babyeyi bamenya ko abana babo b’abakobwa basambanyijwe ntibajye kurega ababahohoteye ahubwo bagahita bajya kubabashyingira kandi batari buzuza imyaka y’ubukure. (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe u Rwanda rurajwe ishinga no kugabanya ubwandu bushya bwa Virusi itera Sida, mu cyiciro cy’abaryamana bahuje ibitsinda (Abatinganyi) ubwandu bwa Sida bukomeje kuzamuka cyane kuko bugeze kuri 6% by’abanduye bose.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) gitangaza ko abagabo ubwabo baryamana bahuje ibitsina barenga ibihumbi 18 nyamara ngo ninako ubwunda bushya bwa Sida bukomeje kuzamuka muri icyo cyiciro.
Ibi babitangarije mu Ntara (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Inyigo zakozwe zitadukanye mu bushakashatsi zerekana ko igi rimwe ku munsi rishobora gufasha umwana gukura neza mu gihagararo no gufasha abana bafite ibibazo by’imirire mibi kuyisohokamo vuba.
Igi ryaba ritogosheje cg ritetse umureti, yose agira akamaro ko gufasha umwana gukura.
Igi rimwe ku munsi ku mwana uri hagati y’amezi 6 n’9 mu gihe kingana n’amezi 6 bishobora gufasha umwana gukura neza mu gihagararo no kumurinda kugwingira nkuko ubushakashatsi (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abaturage bagera ku bihumbi 16 n’abanyeshuri ibihumbi 7 batuye mu murenge wa Kigarama na Nyamugari bahawe umuyoboro w’amazi ufite amavomero arindwi akoreshwa n’abaturage ndetse n’ibigo by’amashuri, hiyongereyeho n’abakorera ku mupaka w’u Rwanda na Tanzania.
Ni umuyoboro ureshya na Km 22.6 wubwatswe na Ayateke Star Company ku bufatanye bw’akarere ka Kirehe n’Umushinga Water Aid Rwanda, utewe inkunga na Ambasade y’Ubuyapani mu Rwanda.
Umuhango wo gutaha ku (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Amadini n’imiryango bigize Inama y’Abaporotestanti mu Rwanda, CPR, basabye abakora mu bitaro byabo n’ibigo nderabuzima kwirinda gufasha umuntu ushaka gukuramo inda ku bushake.
Bavuga ko nubwo abaganga bafite inshigano zo gutabara ubuzima, hatagomba gukorerwa ’icyaha’ cyo gukuramo inda.
Ni imyanzuro yavuye mu Nama yateraniyemo abavugizi b’amatorero n’imiryango ya gikirisitu ibarizwa muri CPR tariki ya 7-9 Gashyantare 2023 ihuriyemo abagera kuri 26. (…)
Umunyamakuru umwe amaze kwitaba Imana abandi bari mu bitaro bazira ibiryo bihumanye.
Ni abanyamakuru b’Ikigo cy’ibitangazamakuru bitandukanye, Royal Media Services (RMS), barogewe mu mafunguro bagemuriwe ku kazi.
Umuyobozi Mukuru w’icyo kigo, RMS, kibarizwamo Citizen TV, InooroTV, RamogiTV ndetse na Radio 14, yatangaje ko ku munsi wa Noheli aribwo bamwe mu bagize ubuyobozi ndetse n’Abanyamakuru barogewe mu mafunguro bazaniwe ku cyicaro gikuru cy’iki kigo.
Yagize ati: ”Mu buryo bwo (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Muri Indonesia, kuri uyu wa Kabiri Inteko Ishinga Amategeko yatoye itegeko rihana umuntu wese ukora imibonano mpuzabitsina mbere yo gushyingirwa, aho azajya afungwa igihe kigera ku mwaka, ndetse n’abaca inyuma abo bashakanye bakaba bazajya babihanirwa.
Ni itegeko rizanagira ingaruka ku bakerarugendo basura icyo gihugu, aho umuntu yemerewe kuryamana n’uwo bashakanye byemewe n’amategeko. Ni itegeko ririmo n’ibindi bihano nko gutuka Perezida cyangwa gutuka (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























