Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

U Rwanda rwatangiye kugerageza application ya AI izajya ifasha abaganga gusuzuma no gufata ibyemezo byihuse

Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)

Musanze: Hari abaturage basigaranye robine za baringa
Musanze: Hari abaturage basigaranye robine za baringa

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Muko, w’Akarere ka Musanze baravuga ko bamaze igihe kirekire bavoma ibirohwa kuko amavomo bafite ari aya baringa.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga mu kagari ka Cyogo, aho bavuga ko bagikoresha amazi y’ibizenga bityo bakaba bifuza guhabwa amazi meza.
Neziryayo yagize ati: "Dukoresha amazi mabi cyane, tuvoma muri uriya mugezi wa Nyabeshaza na Mutobo; dufite amatiyo ariko nta mazi aba arimo, ameze nka baringa. (…)

424 Shares 4 Comments
Inkomoko y'icyorezo cya Marburg n'uko cyica vuba
Inkomoko y’icyorezo cya Marburg n’uko cyica vuba

Virusi ya Marburg, ni icyorezo kiri mu cyiciro cy’ibindi bikomeye nka Ebola. Yamenyekanye cyane mu 1967 mu mijyi ya Marburg na Frankfurt mu Budage ndetse no mu mujyi wa Belgrade muri Serbia. Ibindi byorezo bya Marburg byagiye bigaragara mu bihe bitandukanye mu bihugu nka Angola, RDC, Kenya, Afurika y’Epfo na Uganda.
Izi ndwara zo mu bwoko bwa Marburg igenda mu miyoboro (imitsi mu cyongereza yitwa Blood Vessels)) isanzwe inyuramo amaraso zikangiza uwo muyoboro. Marburg nyuma yo kwangiza (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Hari umuryango usaba abagiraneza kubafasha kuvuza umwana indwara y'amayobera
Burera: Hari umuryango usaba abagiraneza kubafasha kuvuza umwana indwara y’amayobera

Mu Murenge wa Cyanika mu karere ka Burera hari umuryango utabaza abagiraneza kubafasha bakavuza umwana wabo witwa Uwineza Germaine w’imyaka 12 wiga mu mwaka wa gatanu w’amahuri abanza, akaba afite ikibazo cyo guhinamirana imbavu n’umugongo.
Ni Umuryango utuye mu mudugudu wa Kidaho mu kagari ka kagitega mu murenge wa Cyanika.
Se ubyara uyu mwana Mutwaranyi Jean de Dieu avuga ko batangiye kuvuza uyu mwana afite amezi atatu ariko ngo kugeza ubu bazengurutse ibitaro byose byo mu Rwanda (…)

424 Shares 4 Comments
Muhanga: Umugabo arakekwaho gusambanya umwana we ufite ubumuga
Muhanga: Umugabo arakekwaho gusambanya umwana we ufite ubumuga

Umugabo w’Imyaka 44 y’amavuko wo mu karere ka Muhanga yatawe muri yombi akekwaho yasambanyaga umukobwa we ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga.
Ni umugabo utuye mu Mudugudu wa Kanyinya, Akagari ka Rwasare, Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga arinaho icyaha cyabereye.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mushishiro Niyonzima Gustave, yabwiye Imvaho Nshya ko uyu mugabo akekwaho kuba yasambanyaga umwana we w’umukobwa nyina adahari.
Gitifu Niyonzima Gustave akomeza avuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Ababyeyi bagana ikigo nderabuzima cya Nyakigezi barinubira serivisi z'ushinzwe gutanga Shisha Kibondo
Nyabihu: Ababyeyi bagana ikigo nderabuzima cya Nyakigezi barinubira serivisi z’ushinzwe gutanga Shisha Kibondo

Bamwe mu baturage biganjemo ababyeyi bagana Ikigonderabuzima cya Nyakigezi giherereye mu Murenge wa Rugera w’Akarere ka Nyabihu baravuga ko ushinzwe gutanga ifu ya Shisha Kibondo abasiragiza we akabihakana.
Aba babyeyi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iki kigo nderabuzima, asanga bashyira mu majwi umukozi ushinzwe imbonezamirire ko ahorera, bakavuga ko abarindagiza ntabahe serivisi agomba kubaha.
Umwe muri abo babyeyi duhaye izina rya Charlotte (…)

424 Shares 4 Comments
Nyagatare: Amavugurura mu bwisungane mu kwivuza yatumye ntawukirembera mu rugo
Nyagatare: Amavugurura mu bwisungane mu kwivuza yatumye ntawukirembera mu rugo

Murenzi Alex ni umwe mu baturage bo mu Karere ka Nyagatare uvuga ko yishimiye amavugururwa yakozwe mu bwisungane magirirane mu kwivuza buzwi ka “Mituelle de sante” kuko ubu ashobora kwivuza akimara kuyitanga mu gihe mbere byasabaga ko habanza gushira ukwezi ngo abashe kwivuza.
Avuga ko aya mavugururwa yagize akamaro kuko ubu we n’umuryango we batagitegereza ko hashira uko kwezi ahubwo ukeneye kwivuza ahita ajyayo bakamuvura ndetse bakamuha n’imiti.
Murenzi avuga ko, nyuma y’ayo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Hari abaturage bagikerensa ingaruka z'ibiribwa byarangije igihe
Musanze: Hari abaturage bagikerensa ingaruka z’ibiribwa byarangije igihe

Inzego zitandukanye mu Rwanda by’umwihariko izifite aho zihuriye n’ubugenzuzi bw’ubuziranenge bwibiribwa zigaragaza ko hakiri bamwe mu baturage batita ku matariki y’ibiribwa cyangwa ibinyobwa bizarangiriraho bityo bakaba bagirwa inama yo kujya bava ku izima bakagenzura neza igihe byakorewe n’igihe bizarangirira.
Mu basabwa kwitondera kugenzura igihe ibiribwa cyangwa ibinyobwa bizamara barimo bamwe mu baturage baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bo mu karere ka amusanze.
Bavuga ko ibyo kwita (…)

424 Shares 4 Comments
Abarwaye Imidido yaracyahezwa bikiyongeraho na serivisi z'ubuvuzi zigoye
Abarwaye Imidido yaracyahezwa bikiyongeraho na serivisi z’ubuvuzi zigoye

Abarwaye indwara yo kubyimba amaguru bikabije, batuye mu Mujyi wa Kigali barataka ubuzima butoroshye, aho bakigorwa no kubona serivisi z’ubuzima bikiyongeraho n’akato bagihabwa mu muryango nyarwanda bagasaba ko byakurwaho.
Abakunze kwivuriza ku Kigo nderabuzima cya Kinyinya mu karere ka Gasabo, bashimira ubuyobozi bwiza bwa leta kuko hari hari byinshi bimaze guhinduka muri serivisi z’ubuvuzi bw’indwara y’imidido, ariko haracyari byinshi bakeneye birimo nko kwibumbira mu mashyirahamwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Ababyeyi baratabariza abana barembejwe n'inzoka kubera kunywa amazi yo mu bigega by'ishuri
Nyabihu: Ababyeyi baratabariza abana barembejwe n’inzoka kubera kunywa amazi yo mu bigega by’ishuri

Ababyeyi bo mu mirenge ya Jenda na Kabatwa mu karere ka Nyabihu baratabariza abana babo barembejwe n’inzoka zo mu nda zituruka ku kunywa amazi yo mu bigega y’umureko w’ishuri akiremamo iminyorogoto n’inzoka.
Aba babyeyi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iki kigo, giherereye mu murenge wa mu karere ka Nyabihu.
Bavuga ko ari ikibazo bamaranye imyaka myinshi ndetse gikomeje kugwira ku bana muri aka karere ahanini biterwa n’ayo mazi yanduye banywa buri munsi. (…)

424 Shares 4 Comments
Rwamagana: Abajyanama b'ubuzima baravugwaho kugurisha udukingirizo tw'ubuntu
Rwamagana: Abajyanama b’ubuzima baravugwaho kugurisha udukingirizo tw’ubuntu

Rumwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Rwamagana, rwo muri santere ya Muyumbu ahazwi nko ku Ivi, bakora uburaya barashinja abajyanama b’ubuzima kubagurisha udukingirizo baba barahawe ngo badutangire ubuntu ku bashaka gukora imibonano mpuzabitsina bikingiye.
Ni udukingirizo abajyanama b’ubuzima mu mudugudu bahabwa kugira ngo hatagira uwandura virusi ya Sida cyangwa izindi ndwara zandurira mu mibonanompuzabitsina idakingiye.
Ku bakobwa bakora uburaya muri ako gasantere ko ku Ivi, bavuga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru