Tuesday . 2 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Abazahembwa muri Rubavu Music Awards and Talent Detection bamaze gutoranywa

Kuwa Gatandatu tariki 23 Gicurasi 2026, mu Murenge wa Rugerero, amarushanwa Rubavu Music Awards and Talent Detection yarageze ku cyiciro cya nyuma ku rwego rw’Akarere ka Rubavu, mu gutoranya abanyempano bazahembwa. Aya marushanwa afite intego yo gufasha urubyiruko guteza impano zabo imbere, bityo zibe zabafasha kugera ku musaruro, aho mu bayategura bazengurutse mu mirenge yose y’Akarere ka Rubavu, bashaka abanyempamo ngo bahatane muri aya marushanwa.
Umuyobozi w’Ikigo cya Vision Jeunesse (…)

Selena Gomez yagize icyo avuga kuri Justin Bieber wamubenze
Selena Gomez yagize icyo avuga kuri Justin Bieber wamubenze

Umuhanzikazi Selena Gomez wahoze akundana na Justin Bieber bakaza gutandukana yifurije uyu musore ishya n’ihirwe mu rukundo rushya yatangiranye n’umunyamidelikazi witwa Hailey Baldwin aherutse kwamika impeta ndetse banitegura kurushinga.
Justin Bieber n’umukunzi we mushya.
Tariki 7 Nyakanga 2018 nibwo J.B yambitse impeta Hailey maze atanga integuza mu muryango n’abafana be ko bagiye kubona ubukwe bunogeye ijisho mu gihe kitarambiranye. Ku rundi ruhande ariko, Selena Gomez wamaze imyaka (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Emmanuel Macron yashimishije abakinnyi b'Ikipe y'u Bufaransa
Perezida Emmanuel Macron yashimishije abakinnyi b’Ikipe y’u Bufaransa

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron wari mu Burusiya ku mugoroba, yaraye atunguye abakinnyi n’abayobozi b’ikipe y’igihugu cy’Ubufaransa, ubwo yabasangaga mu rwambariro nyuma yo gutsinda Ububiligi igitego 1-0 bagera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi.
Uyu muperezida uri mu bakundwa na benshi mu rubyiruko,yaraye asanze mu rwambariro abakinnyi abashimira akazi gakomeye baraye bakoze basezerera Ububiligi bwagaragaje ubudashyikirwa muri iyi mikino y’igikombe cy’isi iri kubera mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igikombe cy'Isi: U Bubiligi buracakirana n'u Bufaransa
Igikombe cy’Isi: U Bubiligi buracakirana n’u Bufaransa

Saa mbili z’ijoro ku isaha ya Kigali, abakunzi ba ruhago baraba bahanze amaso umukino w’ishiraniro wa ½ cy’Igikombe cy’Isi kiri kubera mu Burusiya, uhuza u Bubiligi n’u Bufaransa ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri.
Uyu mukino wa mbere muri iki cyiciro urabera kuri Krestovsky Stadium mu Mujyi wa Saint Petersburg ni uwa 74, uhuza ibihugu byombi mu marushanwa yose.
U Bufaransa bwatsinze imikino ibiri iheruka kubuhuza n’u Bubiligi mu Gikombe cy’Isi bwageze muri ½ busezereye Uruguay nyuma yo (…)

424 Shares 4 Comments
Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup, Ikipe ya Simba itsinze APR FC ibitego 2-1
Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup, Ikipe ya Simba itsinze APR FC ibitego 2-1

Umukino wahuzaga APR FC na Simba mu mikino ya CECAFA Kagame Cup urangiye igitego cya Kagere Meddy cyo ku munota wa nyuma kiraje nabi APR FC.
Uyu wari umukino w’akabiri kuri aya makipe yombi aherereye mu itsinda rya gatatu, APR FC ihagarariye u Rwanda yasabwaga gutsinda cyangwa kunganya uyu mukino kugirango ikomeza kugira amahirwe yo kuzamuka mu itsinda irimo.
Gusa siko bigenze kuko umukino urangiye Simba istinze APR FC ibitego 2 kuri kimwe, ku munota wa 68 APR FC niyo yafunguye amazamu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
APR FC ihaye isomo rya ruhago mukeba wayo Rayon Sports iyitsinda 2-1
APR FC ihaye isomo rya ruhago mukeba wayo Rayon Sports iyitsinda 2-1

APR FC ibifashijwemo na Hakizimana Muhadjili yatsinze Rayon Sports ibitego bibiri kuri kimwe mu mukino w’Umunsi wa 26 wa Shampiyona wabereye kuri Stade Amahoro, amahirwe yo kwegukana igikombe ariyongera.
Mbere y’uyu mukino, Rayon Sports yari yagiye ivugwamo ibibazo byinshi by’umwuka mubi byatumye kapiteni Ndayishimiye Eric Bakame ahagarikwa nyuma aza kubabarirwa ahubwo hahagarikwa abatoza barimo umukuru Ivan Minnaert n’abamwungirije, Lomami Marcel na Jeannot Witakenge byatumye kuva ku wa (…)

424 Shares 4 Comments
Igikombe cy'Isi: Abafana benshi bari hirya no hino ku isi, bategereje umukino wa mbere ufungura irushanwa
Igikombe cy’Isi: Abafana benshi bari hirya no hino ku isi, bategereje umukino wa mbere ufungura irushanwa

Mu masaha make imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2018 mu mupira w’amaguru iratangira mu Burusiya, ibirori byo gutangiza ku mugaragaro iyo mikino irabera ku kibuga cya Luzniki, mu mugi wa Moscow.
Umukino wa mbere wo gufungura indi ku mugaragaro, urahuza Uburusiya na Arabia Saoudite.
Abafana ibihumbi n’ibihumbi baturutse mu mpande z’isi bamaze kuzura umujyi mukuru Moscow bategereje gukurikirana uko amakipe yabo azitwara. Uburusiya na Arabia Saoudite birakina saa kumi n’imwe z’umugoroba (saa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ikipe Yanga African isezera muri CECAFA Kagame Cup
Ikipe Yanga African isezera muri CECAFA Kagame Cup

Nyuma ya KCCA yo muri Uganda yatangaje ko itazitabira aya marushanwa, ikipe ya Yanga African nayo yasezeye muri iri rushanwa ivuga ko abakinnyi bayo bakeneye ikiruhuko gihagije.
Mu ibaruwa bagejeje ku ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Tanzania, basabye ko bakurwa mu makipe agomba kwitabira CECAFA Kagame Cup kuko amatariki izakinirwaho yegeranye n’ayo izaba yitabiriraho imikino ya CAF Confederations.
Yanga African yari iri mu itsinda rya gatatu ririmo mukebe wayo Simba, ikaba isezeye (…)

424 Shares 4 Comments
Bruce Melody agiye kuzenguruka igihugu cyose ataramira abakunzi be
Bruce Melody agiye kuzenguruka igihugu cyose ataramira abakunzi be

Umuhanzi ukunzwe n’abatari bake mu Rwanda kubera impano yihariye afite mu muziki, Bruce Melody agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu, ku ikubitiro agiye gutaramira abo mu ntara y’Iburasirazuba muri iyi wikendi.
Mu bitaramo bizazenguruka igihugu, umuhanzi Bruce Melody uzwi mu njyana ya RnB, Danny Vumbi na Jay C bagiye guha abakunzi b’umuziki ibyishimo.
Bruce Melody yavuze ko bateguye ibi bitaramo mu rwego rwo kwiyegereza abakunzi b’umuziki bari inyuma ya Kigali kuko usanga ibitaramo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umutoza wa Rayon Siport Ivan Minnaert, yahumurije abakinnyi be bari batangiye gucika intege
Umutoza wa Rayon Siport Ivan Minnaert, yahumurije abakinnyi be bari batangiye gucika intege

Umutoza Ivan Minnaert yasabye abakinnyi be kudacika intege bagakomeza kurwanira amanota 21 asigaye kugira ngo shampiyona irangire,aho yabibukije ko bagifite amahirwe yo kwegukana igikombe cya shampiyona uyu mwaka.
Nyuma yo kunganya na Police Fc ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize,Minnaert yabwiye abanyamakuru ko ataratakaza amahirwe yo kwegukana igikombe cya shampiyona ndetse ko umukino wa APR FC ariwo abona uzagena uzatwara igikombe.
Rayon Sports isigaranye amahirwe make yo kwegukana (…)

424 Shares 4 Comments
 Real Madrid:Zinedine Zidane wari umutoza yasezeye ku mirimoye
Real Madrid:Zinedine Zidane wari umutoza yasezeye ku mirimoye

Umufaransa watozaga ikipe ya Real Madrid, Zinedine Zidane asezeye ku mirimo yo gutoza iyi kipe nyuma yo kubaka amateka yo kuba ari we mutoza wa mbere utwaye Champions League eshatu mu ikipe imwe kandi yikurikiranya.
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa gatatu zidane yatangaje ko yeguye kubera abona ko ibyo yagezeho bishobora guhinduka mu minsi iri imbere.
Zidan ati, “Ndi umuntu ukunda intsinzi, naremewe gutsinda niyo mpamvu ibyo nkoze mu myaka itatu ari byiza bityo nkaba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru