Miss Rwanda 2020 NISHIMWE Naomie yamuritse igitabo cye yise"MORE THAN A CROWN" Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 14 Ukuboza 2025 ni ibirori byabereye muri Kigali Convention Center (KCC). Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo abegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye barimo Miss Mutesi Jolly, MUHETO Divine, IRADUKUNDA Liliane na NIMWIZA Meghan.
Hari Kandi abandi bakobwa bitabiriye Miss Rwanda barimo MUYANGO Claudine, KAYUMBA Darina, UWICYEZA Pamella na (…)
Ku nshuro ya mbere mu mpera z’iki cyumweru i Kigali hagiye kubera imikino ya Cricket ihuza amakipe y’ibihugu y’abagabo hagati ya Zambia iri mu bihangange muri Afurika n’u Rwanda ruri kuzamuka.
Si benshi mu Rwanda bazi umukino wa Cricket kuko utamaze igihe kinini uhageze ndetse kugeza ubu nta mukino mpuzamahanga hagati y’amakipe y’ibihugu mu bagabo wari wahabera ariko mu bagore habereye ibiri, harimo uwahuje u Rwanda na Uganda n’undi warwo na Kenya.
Kuva kuri uyu wa Gatanu kugera ku (…)
APR FC ikuye amanota atatu I Hue nyuma yo gutsindira Mukura Victory Sports mu rugo igitego kimwe ku busa, n’ubwo Mukura yakinnye umukino mwiza
Mu mikino yo ku munsi wa 23 ya Azam Rwanda Premiere league, ikipe ya APR FC itsinze ikipe ya Mukura igitego 1-0 ikomeza kotsa igitutu ikipe ya AS Kigali iyoboye Shampiyona y’u Rwanda.
Umukino watangiranye imbaraga, Mukura Victory Sports igaragaza umukino mwiza nk’uko bisanzwe ariko ku munota wa 19’ Issa Bigirimana yaboneye igitego ikipe ya APR FC (…)
Mu mikino ya kabiri ya CAF Confederations, ikipe ya Rayon Sports inganyirije na Yanga Africa 0-0 muri Tanzania umukino wabereye kuri Stade y’igihugu ya Uwanja wa Taifa.
Kuri uyu wa gatatu, ikipe ya Yanga African yari yakiriye ikipe ya Rayon Sports mu mukino wa kabiri wa Total CAF Confederations umukino waranzwe no gusatira ku ikipe ya Rayon Sports ariko kubona igitego bikomeza kuba ingorabahizi.
Ni umukino ikipe ya Rayon Sports yari ikeneyemo amanota atatu kugira ngo ibe yafata umwanya (…)
Ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 yabonye ikarita itukura hakiri kare, yatsinzwe na Zambia ibitego bibiri ku busa kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo amahirwe yo kwitabira imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika aragabanuka.
Amavubi U20 atozwa na Mashami Vincent afatanyije na Rwasamanzi Yves, yasezereye Kenya mu ijonjora ry’ibanze yerekeza mu ijonjora rya kabiri ariho igomba guhangana na Zambia ifite igikombe giheruka.
Mu mukino ubanza wahuje aya makipe kuri Stade ya Kigali i (…)
Aline Gahongayire ni umugore ukunda Imana n’abantu akaba mu buzima busanzwe ari umuhanzi, umunyamideli, umwanditsi w’indirimbo ndetse n’umukinnyi wa filime.
Ni umwe mu bahanzi bamaze gushinga imizi ndetse no kubaka izina mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana.
Mu buto bwe, yabyirutse akunda ibyerekeye ubuhanzi ndetse yabifatanyaga no kubyina. Mu rungano yari umukobwa ushabutse cyane wakundaga gusabana ariko akagira n’amahane.
Yabwiye ikiganiro Amahumbezi ko ubwo yari mashuri abanza (…)
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu icyamamare muri muzika ku isi (William Leonard Roberts ) uzwi ku mazina nka Rick Ross nibwo yasesekaye mu mujyi wa Nairobi, agiye kuhakorera igitaramo.
Uyu muraperi Rick Ross ukunze gukorana indirimbo n’ibyamamare muri muzika byo muri Africa, nk’indirimbo yakoranye na P-Square Beautiful Onyinye ndetse akaba anaherutse gukorana na Diamond wo muri Tanzaniya indirimbo yitwa Waka, kuri ubu ari kubarizwa muri Kenya mu murwa mukuru I Nairobi.
Yaje mu (…)
Umukinnyi mushya w’ikipe ya Rayon Sports FC, Mwiseneza Djamal yashyizwe ku rutonde rw’abakinnyi 20, ikipe ya Rayon Sports FC ijyanye i Gisenyi, mu karere ka Rubavu.
Mwiseneza Djamal ntarakina umukino n’umwe kuva yagurwa na Rayon Sports FC, yari atarajya no mu bakinnyi 18 cyangwa barenga mu marushanwa yose kuva yagera muri iyi kipe, yamenyekaniyemo mbere yo kwerekeza muri APR FC.
Rayon Sports FC ifite umukino ubanza w’igikombe cy’amahoro kuri uyu wa gatatu, taliki ya 25 Mata 2018, kuri (…)
APR FC inyagiye Marine ibitego 5-2 ikomeza kuyobora urutonde rwa Azam Rwanda Premiere league ikomeje kugaragaramo guhanganira igikombe ku makipe y’Ubukombe muri iki gihugu.
Icyamamare John Legend yageze mu Rwanda
21 February 2025
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























