Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia
Abantu bagera kuri 60 bishwe n’imyuzure n’inkangu byaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu karere ka Gamo Zone mu majyepfo ya Ethiopia, nkuko bitaganzwa n’inzego z’ubuyobozi muri ako gace. (…)
INKURU ZIGEZWEHO
Abantu bagera kuri 60 bishwe n’imyuzure n’inkangu byaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu karere ka Gamo Zone mu majyepfo ya Ethiopia, nkuko bitaganzwa n’inzego z’ubuyobozi muri ako gace. (…)
Mu rwego rwo kurushaho kunoza ireme ry’uburezi no gufata ibyemezo bishingiye ku makuru afatika, u Rwanda rwinjiye ku nshuro ya mbere mu isuzuma mpuzamahanga rya Porogaramu Mpuzamahanga (…)
Ikigo giteza imbere ibijyanye no kugera kuri serivisi z’imari, Access to Finance Rwanda (AFR) cyatangije gahunda yitwa Terimbere MSME Facility igamije gufasha abakora ubucuruzi buto (…)
Ikipe ya REG VC yegukanye igikombe cy’irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball, rizwi nka Memorial Kayumba 2026, nyuma yo gutsinda Gisagara VC amaseti 3-1 ku mukino wa nyuma wabereye mu Karere ka (…)
Urwego ngenzuramikorere rw’imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro RURA rwashyize ahagaragara ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli nyuma y’uko byaherukaga kuvugururwa mu kwezi kwa 11 (…)
Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye iyobowe na perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje ko abantu 1874 bari bafunzwe bazafungurwa by’agateganyo. Mu itangazo ry’ibyemezo by’iyi (…)
Iyandikishe ujye ubona Amakuru
Mama U Rwagasabo LTD St Amahoro Stadium, RMC House
Phone : +250784528084 Email : [email protected] Email Alt : [email protected] P.O.BOX : 2136
Ufite icyifuzo cyangwa igitekezo? twandikire.
© 2018 MAMA U Rwagasabo LTD. All Rights Reserved | Designed by W3&AppAuthors